Uwunganira Prince Kid yavuze ku ijurira rye
Urukiko Rukuru rwakatiye Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, igifungo cy’imyaka itanu rumuhamije ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba cyangwa gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina. Uru rubanza rwasomwe kuri uyu wa Gatanu, tariki 13 Ukwakira 2023….
Israel yinjije ibifaro bikomeye muri Gaza
Bisa n’aho ari imibare yabazwe kare kubera ko umunsi Hamas yatereyemo Israel(iyitunguye) ari nawo Israel yinjiriye muri Gaza ikoresheje ibifaro byayo. Israel yatewe ari ku wa Gatandatu taliki 07, Ukwakira, 2023, umunsi nayo yahise igena nk’utazibagirana ku banya Gaza bazabasha…
The Ben yatangaje itariki y’ububukwe bwe na Miss Pamella
Umuhanzi The Ben yemeje ko tariki 23 Ukuboza 2023 ariwo munsi azakoreraho ubukwe na Uwicyeza Pamellabamaze gusezerana kubanza akaramata .Mu mashusho yashyize hanze asomana na Pamella ku mbuga nkoranyambaga ze, The Ben yayikurikije iyi tariki y’ingenzi ku buzima bwabo. Umuhanzi…
Bisi 20 nshyashya zije kunganira abakora ingendo muri kigali
Mu gihe hamaze igihe kitari gito havugwa ikibazo cy’ibura ry’imodoka zihagije ku bakora ingendo muri Kigali ndetse bikanemezwa ko hagiye gushakwa uko iki kibaz cyashyirwaho iherezo, Ikigo gitwara abagenzi cyizwi nka Jali Transport cyazanye imodoka nshya 20 ziyongera ku zo…
Nshobozwabyosenumukiza yavuze ko ibyabaye ku mubyeyi ushinja FERWAFA uburiganya nawe byamubayeho
Umukinnyi Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson ukinira APR BBC, yasabye umubyeyi w’umwana byavuzwe ko yarenganye bamwangira kujya mu ishuri ry’umupira w’Amaguru rya Bayern Munich kwihangana. Uyu musaza witwa Izabitegeka Innocent yaherukaga kumvikana asaba inzego zitandukanye kumurenganura nyuma y’aho umuhungu we Ishimwe…
Titi Brown yasabwe kwishyura indishyi za miliyoni 20RWF umwunganira asaba miliyoni 53RWF
Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no gutera inda umwana utarageza imyaka y’ubukure yasabwe gutanga indishyi y’akababaro ya miliyoni 20 Frw mu iburanisha ryaranzwe n’impaka zurudaca. Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 13 Ukwakira 2023, Urukiko…
Prince Kid akatiwe gufungwa imyaka 5 nyuma yo guhamywa ibyaha 2
Amakuru aravuga ko Ishimwe Dieudone wamamaye nka Prince Kid amaze gukatirwa gufungwa imyaka 5 n’ihazabu ya miliyoni 2RWF ndetse no kwishyura amagarama y’urubanza angana n’ibihumbi 40RWF nyuma yo kumuhamya ibyaha 2 mu byo yari akurikiranweho n’ubushinjacyaha.
Gitifu ukekwaho kunyereza amafaranga yo kugoboka abahuye n’ibiza, yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB], rwatangaje ko kuwa 11 Nezi 2023, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rambura mu Karere ka Nyabihu akurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo wa rubanda urenga miliyoni 6,9 Frw. Uyu munyabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Rambura, ashinjwa…
I Rusizi, Gitifu afunzwe nyuma yo kurwanira n’inkeragutabara mu biro bye ikajya muri Koma
Mu karere ka Rusizi, hakomeje kuvugwa inkuru y’umuyobozi w’akagari, watawe muri yombi, ubwo yari agiye gutanga ikirego ku Urwego rw’ubugenzacyaha, nyuma yo kurwanira n’inkeragutabara mu biro bye. Impamvu gitifu yajyanye ikirego agahita atabwa muri yombi ni uko umuturage usanzwe ari…
Ibyo umukobwa wafashwe nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 9 yatangaje byatumye benshi bumirwa
Hashize iminsi mu karere ka Huye humvikanye inkuru idasanzwe aho umukobwa w’imyaka 23 akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka icyenda (9) yareraga mu rugo rwo mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye. Nyuma rero y’uko uyu mukobwa atahuwe [avumbuwe] agatabwa…