Umuramyi Mbonimpa Josue na Joyeuse Muziranenge basezeranye kubana akaramata nyuma y’imyaka 2 bakundana – AMAFOTO
Mbonimpa Josue uzwi nka Dr. Josue, wamenyekanye mu ndirimbo “Igitondo cyiza”, akaba ari umuganga mu buzima busanzwe, yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we bamaze imyaka ibiri bakundana. Ubukwe bw’umuhanzi w’umuganga Mbonimpa Josue n’umukunzi we Joyeuse Muziranenge w’inzobe icyeye, bwabaye tariki 21/10/2023…
Hamenyekanye Impamvu umunyamakuru Floriane Irangabiye wakatiwe gufungwa imyaka 10 yimuriwe mu yindi Gereza
Umunyamakuru Floriane Irangabiye, wari ufungiye muri gereza ya Muyinga mu majyaruguru y’u Burundi kuri ubu yamaze kwimurirwa mu yindi gereza nyuma yo kubisabwa n’abarimo umuryango we. Uyu munyamakuru yakatiwe imyaka 10 ashinjwa guhungabanya ituze rya rubanda mu gihugu cy’u Burundi.Nyuma…
Ntibisanzwe! Abasaga 1000 bazazurwa muri 2040, nyuma y’urupfu rwabo,bamaze kwiyandikisha
Muri Amarika ahitwa Arizona hari ishyirahamwe ryitwa Arca, rikomeje kuvugisha abatari bake ibitandukanye,ni nyuma y’aho iryo shyirahamwe ryamaze gushyiraho ibiciro ku bantu bifuza ku zazurwa mu mwaka wa 2040 aho umuntu azajya yishyura Amadorari Miliyoni 400. Abantu bifuza ku za…
Bamusanze mu nzu hejuru y’umurambo wa nyina – Umwalimu yishe umugore we na we ariyica
Birakekwa ko umugabo wari umwarimu yishe umugore we, na we agahita yiyahura, ba nyakwigendera basize umwana uri mu kigero cy’imyaka ibiri, ni we wasanzwe mu nzu arira, hafi ye hari imirambo y’ababyeyi be. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwabashije kwinjira ahari…
Gatsibo: Mu mezi atatu gusa, abakobwa 77 bataruzuza imyaka 18 batewe inda
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwatangaje ko kuva muri Nyakanga kugeza muri Nzeri uyu mwaka wa 2023, abakobwa bagera kuri 242 basambanyijwe baterwa inda, muri bo hakaba harimo abangavu 77 mu gihe abandi batarengeje imyaka 19. Iyi mibare yagaragajwe ubwo habaga…
Niwumva icyatumye umunyeshuri akubitwa akajya muri Koma, agahinda karakwica
Mu gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru ibabaje, aho umunyeshuri witwa Caleb Mwangi yakubitiwe ku ishuri yigaho nyuma yo kurya ibiryo by’inyongera ku ifunguro rya mu gitondo, ajya muri ’coma’ akamara iminsi 11 avurirwa mu cyumba cy’indembe. Amakuru dukesha BBC…
Inzoga zamusigiye Isomo atazibagirwa – Dr Mbonimana wavanywe mu nteko n’ubusinzi, yatangaje ikintu cyatangaje benshi
Dr Gamariel Mbonimana weguye nk’Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kubera ubusinzi, yavuze ko agiye gushyira hanze igitabo kigamije kurwanya ibiyobyabwenge mu rubyiruko yise “The Power of Keeping Sober” cyangwa se ‘Imbaraga z’Ubushishozi” bikaba biteganyijwe ko kizajya hanze mu…
Impamvu Diamond yazanye abandi bana be mu Rwanda agasiga uwo yabyaranye na Hamissa Mobeto yamenyekanye
Nyuma y’uko Diamond Platnumz aserukanye abana yabyaranye na Zari hamwe na Tanasha Donna akirengagiza umwana yabyaranye na Hamisa Mobetto, yavuze ko atari byiza kugendana n’abana kuko baba bagomba kwiga. Mu gihe Diamond Platnumz ari mu myiteguro yo gutaramira muri Kenya…
Iran yavuze ko ishobora kwinjira mu ntambara ya Israel na Hamas iri kubera muri Gaza
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na Hamas. Minisitiri w’Intebe wa Israel we yatangaje ko intambara bazarwana…
Ukraine yagabye igitero cya Drone 36 ku Burusiya
Kuri iki cyumweru Uburusiya bwatangaje ko bwarashe indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa drone zigera kuri 36 zari mu kirere cy’Inyanja y’Umukara n’umwigimbakirwa wa Cremea. Ukraine yongereye ibitero igaba ku Burusiya ntacyo iratangaza kuri aya makuru. Kuri iki cyumweru,…