Month: October 2023

Uncategorized

Pamella akoreye The Ben agashya, nyuma yo kumuha impano y’imodoka y’akataraboneka

Share this:

Umugore w’umuhanzi ukomeye hano mu Rwanda, uwicyeza Pamella yatunguranye mu mitoma yatatse umugabo we, Mugisha Benjamin [The Ben] uherutse kumuha imodoka nshya ya Range Rover. Mu magambo yuje urukundo, Uwicyeza yagereranyije umugabo we n’ikiremwa gitangaje, anavuga ko ari umugisha ku…

Share this:

Nahimana Thomas yavuze ko aziyamamariza kuyobora u Rwanda mu 2024 yibutswa ikintu gikomeye

Share this:

Nahimana Thomas wemeza ko atavuga rumwe n’ubutegetsi bw’U Rwanda yatangaje ko aziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2024 – Ibintu byatumye yibutswa bimwe mu bikorwa bye byamuranze mu  minsi yashize.   Padiri Nahimana Thomas aratangaza ko ari…

Share this:
Uncategorized

Israel yafunze amazi n’umuriro muri Gaza irahirira kwica buri muntu wese wo muri Hamas

Share this:

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel bashyize icyo bapfa ku ruhande bunga ubumwe na Leta biyemeza kurandura ku isi buri muntu wese ubarizwa muri Hamas. Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu yavuze ko buri muntu wese wo muri Hamas ari “umupfu”,…

Share this:

Uganda :Igitekerezo cyo kuboneza urubyaro ku bangavu Cyiswe Igishitani N’Abadepite bikurura impaka

Share this:

Impaka zabaye ndende mu gihugu cya Uganda aho Abadepite banze umushinga wa Leta w’itegeko ryemerera Abangavu kuboneza urubyaro – Ibintu Abadepite bamwe bagereranyije n’ibishitani ndetse banga gutora iri tegeko.   Abadepite bo muri Uganda banze icyifuzo cya leta cyo kwemerera…

Share this:

Gisagara: Gitifu yitabye Imana azize impanuka yo mu rukarabiro

Share this:

Mu karere ka Gisagara hakomeje kuvugwa inkuru y’akababaro aho uwitwa Umumararungu Solange wari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kibilizi mu Karere ka Gisagara, yitabye Imana nyuma y’ibyumweru bibiri akoze impanuka yo mu bwogero. Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe kuri uyu wa 12…

Share this:

Menya wirinde : Dore igitera ‘Stroke’ n’uburyo iza imbere mu kwica abantu batabizi

Share this:

Stroke ni imwe mu ndwara zigezweho ubu ziza imbere mu zihitana ubuzima bw’abantu benshi ndetse ugasanga ntibanamenya ko babana nayo. Raporo ya Komisiyo y’Umuryango Mpuzamahanga wita ku ndwara ya stroke, igaragaza ko mu gihe nta gikozwe umubare w’abicwa n’iyi ndwara…

Share this:

Abagabo: Dore impamvu zatera umugore wawe kwanga ko mutera akabariro, ukinginga bigapfa ubusa

Share this:

Abantu benshi cyane cyane abatarashaka [abatarubaka ingo zabo] bakunze kwibaza niba koko umugore wishakiye ushobaora kumusaba ko mujya mu mabanga y’abashakanye [mutera akabariro], akagutera utwatsi, akakwima burundu. Turagirango tubamare amatsiko rwose ibi ni ukuri umugore wishakiye uramusaba akakwima kubera impamvu…

Share this:
Uncategorized

Umugore w’uwahoze ari Perezida wa Gabon, arafunze

Share this:

Hatangajwe ko umugore wa Ali Bongo Ondimba, wahoze ari Perezida wa Gabon akaza gukurwaho ahiritswe ku butegetsi [coup d’État ], amaze iminsi afunze. Aya makuru y’uko Sylvia Bongo Ondimba Valentin amaze iminsi afunzwe, yemejwe kuri uyu wa Kane tariki ya 12…

Share this:

Dore ibyo Mvuyekure wa Rayon Sports yireguje, ku kuba yarakubise umusifuzi umupira bikamuviramo Umutuku wihuse

Share this:

Muri siporo y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda hakomeje kugarukwa ku nkuru y’umukinnyi wa Rayon Sports Emmanuel Mvuyekure bakunda kwita Manu ukomoka mu Burundi, wagaragaye akubita umupira umusifuzi, bikazamura impaka nyinshi mu bakunzi ba ruhago. Ibyo Emmanuel Mvuyekure yakoze byamaganiwe kure…

Share this:

Uratungurwa nubibona! -10% Mu bayobozi bakomeye bandura indwara bahuriyeho idasanzwe

Share this:

Nyuma yo gukora ubushakashatsi, hagaragajwe ko 10% by’abari mu myanya yo hejuru mu buyobozi ndetse n’abiganjemo ibyamamare, bibasirwa ni’indwara y’ubwibone. Indwara y’ubwibone mu ndimi z’amahanga yitwa Narcissistic personality disorder ni uburwayi bwo mu mutwe butuma umuntu agira ibyiyumviro byo kwishyira hejuru,…

Share this: