Umutoma Junior giti yateye umugore we ku isabukuru y’amavuko urindwa mubi – AMAFOTO
Junior Giti uri mu basobanuzi ba filime bakunzwe hano mu Rwanda yageneye ubutumwa bwuje urukundo umugore we, Muhoza Angel ku isabukuru ye y’amavuko, maze asaba abamukurikira kumufasha kumwifuriza isabukuru nziza. Kuri uyu munsi w’isabukuru y’amavuko y’umugore wa Junior Giti umenyerewe…
Dore ubukwe 10 bw’ibyamamare nyarwanda buyoboye ubundi kugeza ubu bwabaye mu mwaka wa 2023 – AMAFOTO
Ubukwe, ni bimwe mu birori binezeza abantu haba ababukoze ndetse n’inshuti n’abavandimwe baba babagaragiye. Byumwihariko mu Rwanda hari ibyamamare byanditse amateka yo gukora ubukwe butazigera bwibagirana mu mitima y’abanyarwanda. Aho buva bukagera, ubukwe bwose burashimisha kuko aba ari umwe mu…
Dore amagambo y’agahebuzo wabwira umukunzi ukamwiba umutima wose
Mu by’ukuri akenshi usanga abantu benshi bakunda kwibaza byinshi bitandukanye ku urukundo, aho usanga bakomeza kuruvugaho ibyinshi kandi bitandukanye. Hari abavugako urukundo atari amagambo, abandi bakavugako ibikorwa gusa atari byo bigaragaza cyangwa byongera urukundo gusa. Iyo ushishoje usanga ari amagambo…
Nyanza : Umubikira Agiye Kurongorwa N’umu-Frere Nyuma Yo Gusanga Yarahisemo nabi – AMAFOTO
Inkuru iri gucicikana mu binyamakuru byo mu Rwanda ni iy’umu-frere n’umubikira bafashe umwanzuro wo kurambika hasi umuhamagaro bakiyemeza kwibanira akaramata nyuma yo gusanga baribeshye. Frère Muhire Jean Pierre n’Umubikira Dusenge Enathe basezeye umuhamagaro wabo muri Kiliziya Gatolika, biyemeza gutangira urugendo…
Umuti ukunze gukoreshwa mu buvuzi wahagaritswe mu Rwanda
Nyuma y’ubgenzuzi n’isuzuma ryimbitse, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n’Imiti mu Rwanda, Rwanda FDA, cyahagaritse ikoreshwa, ikwirakwizwa n’icuruzwa ry’umuti witwa Misoprostol 200 mcg w’ibinini. Binyujijwe mu Itangazo, Rwanda FDA yatangaje ko nyuma yo gukora ubusesenguzi bwimbitse yagaragaje ko uyu muti…
Bacitse ururondogoro – Uwari umugabo ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga 2023
Mu gihugu cya Portugal, hakomeje gukwirakwira inkuru yatumye abenshi bacika uturondogoro kubera ibyo batiri kwiyumvisha no kumvikanaho ku wabaye nyampiga w’iki gihugu, ni nyuma yo gutahura ko uyu wegukanye ikamba rya nyampiga ari umukobwa ariko wahoze ari umuhungu. Abakoresha imbuga…
Ingabire Peace abaye umuyobozi wa kane wa FERWACY weguye
Umubitsi w’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY), Ingabire Peace Assia yeguye aba uwa kane mu bari bagize Komite Nyobozi uvuye mu nshingano ze. Ingabire Peace wari umaze imyaka ine ari Umubitsi wa FERWACY ndetse akaba yari yongeye kugirirwa icyizere mu…
Abaturage ntibavuga rumwe ku muturage wasenyewe agatabwa muri yombi, abana bagasigara mu itongo
Ejo kuwa 08 Ukwakira 2023, nibwo TV1Rwanda, ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X, yasakaje amafoto agaragaza abana bato ivugako bari kurara hanze nyuma y’uko inzu babanagamo na nyina isenywe n’inzego z’umutekano, basaba ko abo bana bafashwa ngo kuko nyina yahise…
Bruce Melody yishongoye cyane kuri The Ben uherutse kurizwa n’ifoto ye anahishura icyo azamukorera nibahurira ku rubyiniro
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamenyekanye nka Bruce Melodie, yemeye rwose ko abantu nibashaka kuzana The Ben ngo bahanganire ku rubyiniriro, ko yiteguye kuzamucishaho akanyafu nta bwoba afite. Ibi yabitangaje mu kiganiro yakoreye ku muyoboro wa YouTube MIE, ubwo yagaragaza ko yigeze…
Devota w’imyaka 27, yasanzwe mu nzu yarapfuye
Mu karere ka Musanze hakomeje gucicikana amakuru y’urupfu rw’umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko, bivugwa ko basanze umurambo we mu nzu yabagamo anayikoreramo, ariko umurambo ukaba waragaragaye ko warumaze iminsi kuko wari waratangiye kwangirika. Uyu mukobwa w’imyaka 27 witwa Ishimwe Devota, yapfiriye…