Umutoza wa Rayon Sports abimburiye abandi kwirukanwa muri Shampiyona y’u Rwanda muri uyu mwaka w’imikino
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko mu bwumvikane yatandukanye n’uwari umutoza wayo, umunya-Tunisia Yamen Zelfani. Nyuma yo kunganya na Marines Fc ibitego 2-2 akanasezererwa muri CAF Confederation Cup atageze mu matsinda, Zelfani yatandukanye na Rayon Sports. Mu mikino 4 ya…
Dore ibimenyetso 10 bizakwereka ko uwo mukundana atagukunda ahubwo agukoresha
Ni kenshi usanga abantu mu rukundo bahura na byinshi rimwe na rimwe ugasanga uwo ukunda uziko nawe agukunda mbese mukundana, ariko ugasanga waribeshye ahubwo we mukundana gusa kugira ngo agukoreshe mu byo we ashaka. Hano hari ibimenyetso bizakwereka ko ari…
Imodoka itwara ibicuruzwa bya Bralirwa yafashwe n’inkongi y’umuriro (AMAFOTO)
Mu gitondo cyo kuriuyu wa Mbere tariki ya 09 Ukwakira 2023, mu karere ka Musanze, haramukiye insanganya, aho imodoka isanzwe imenyerewe mu gutwara ibicuruzwa by’uruganda rwenga inzoga mu Rwanda, Bralirwa, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku gice cy’inyuma. Ibi byabaye ahagana 6h50,…
Ku nshuro ya mbere Arteta abashije gutsinda Man City ya Gualdiola muri Shampiyona- AMAFOTO
Kuri iki cyumweru Mikel Arteta utoza ikipe ya Arsenal yabashije gutsinda ku nshuro ya mbere muri Shampiyona ikipe ya Manchester City itozwa n’umutoza Pep Gualdiola. Kuva Arteta yatangira gutoza ikipe ya Arsenal yari atarabasha gutsinda muri Shampiyona umutoza Gualdiola yahoze…
Abafana ba Man United barifuza Olivier Giroud ko yasimbura Onana mu izamu kubera agashya yakoze
Kuri uyu wa gatandatu umukinnyi w’Umufaransa, Olivier Giroud w’imyaka 37 yaraye afashije ikipe ye ya AC Milan kwegukana intsinzi ikomeye cyane nyuma yo gushyirwa mu izamu ry’iyi kipe agakuramo ibitego byabazwe bigatuma bamwe bemeza ko arusha Onana w’ikipe ya Manchester…
‘kuki ushyira imbere ikoranabuhanga kandi Abanyarwanda bashonje ?’ Dore igisubizo cya perezida Kagame
Perezida Paul Kagame yahishuye igisubizo yahaye uwamubajije impamvu yita cyane ku bijyanye n’ikoranabuhanga nyamara mu gihe bigaragara ko umubare munini w’Abanyarwanda bashonje. Perezida Paul Kagame yagaragaje ko mu 1998 hari imwe mu nshuti ze yigeze kumubaza impamvu ashyira imbere ibijyanye…
Tshisekedi yamaze gutanga Kandidatire yo kwiyamamariza kuyobora Congo muri manda ya 2
Mu gihe uyu munsi ku cyumweru aricyo gihe ntarengwa ku bifuza gutanga kandidatire zabo kuri komisiyo ishinzwe amatora muri DR Congo perezida Tshisekedi yamaze gutanga kandidatire ye nk’umwe mu bazaba bahataniye intebe y’icyubahiro ya kiriya gihugu. Perezida Félix Tshisekedi wa…
Ni gute Israel ifite ubutasi bukomeye ku isi yagabweho igitero gitunguranye itabimenye ?
Ibinyamakuru byinshi bikomeye ku isi byakojeje agati muri wino byandika ku gitero gikomeye gitunguranye cyagabwe kuri Israel ariko ibyinshi bigahuriza ku kwibaza uburyo icyo gitero cyashobotse nyamara mu gihe Israel izwiho kugira ubutasi bukomeye cyane. “Ntituzi ukuntu ibi byashoboye…
Niba ubona ibi bintu mu rukundo rwanyu ntugire icyo ubikoraho menya ko nta gihe rushigaje
Bimwe mu bintu byangiza urukundo buke buke ugsanga abari abakunzi bahindutse abandi, byari ibyishimo bigahinduka amarira kandi nyamara ari imyitwarire buri muntu yabasha guhindura kuko akenshi usanga ababikora baba batazi ko ari bishobora kugira ingaruka. 1. Kudafuhira umukunzi wawe Mu…
Rutsiro: Abakobwa ni bo bahonga abasore ngo babarongore
Mu Karere ka Rutsiro umurenge wa Kivumu abakobwa bageze mu gihe cyo gushaka abagabo barahangayitse nyuma y’uko bamwe mu abasore bemera kubashaka ari uko bisabye ikiguzi. Bamwe mu bakobwa baganiriye n’umunyamakuru, bavuga ko uyu muco ukomeje gukura aho ngo usanga…