Manchester United yamaze kubona umusimbura wa Maguire ihanganiye cyane na Liverpool
Ikipe ya Manchester United yo mu gihugu cy’Ubwongereza ishaka umusimbura wa Harry maguire iri mu rugamba rutoroshye rwo gushaka uko yakibikaho myugariro ukomeye cyane ihanganiye bitoroshye n’ikipe ya Liverpool itozwa na Jurgen Klopp. Ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ryo mu…
Neymar Jr n’umugore we babyaye umwana w’umukobwa
Umukinnyi w’icyamamare binamaze kugaragarako yigaruriye imitima ya benshi hirya no hino ku Isi, Neymar Da Silva Santos Junior n’umugore we Bruna Biancardi babyaye umwana wabo wa kabiri w’umukobwa. Neymar ni umukinnyi ufite inkomoko yo mu gihugu cya Brazil, kuri ubu…
Abakinnyi bane ba PSG bahagaritswe bazira ikibazo cy’ubutinganyi
Igikuba cyacitse mu ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa nyuma y’aho hagaritswe abakinnyi bayo bane bazira ikibazo kijyanye n’ubutinganyi. Kuwa kane w’iki cyumweru Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bufaransa ryatangaje ko ryafashe icyemezo cyo guhagarika abakinnyi bane b’ikipe…
Kalisa Rashid wahushije Penaliti ya Rayon sports ku mukino na Al Hilal yavuze impamvu anahishura icyatumye batsindwa
Mu kiganiro yagiranye na Radio 1 kuri uyu wa Kane,Kalisa yavuze ko uriya mukino wa Al Hilal Benghazi wo kuwa 30 Nzeri yawukinnye afite imvune urinda urangira,nyamara yari gutanga umwanya ku bandi nka Mvuyekure Emmanuel bagatanga umusanzu wabo. Yagize ati…
Uwibye Telefoni ya the Ben yamenyekanye anavuga icyabimuteye
Umusore witwa Eric Nshimiyimana wiyita X dealer , yatawe muri yombi aho akurikiranyweho kwiba Telephone y’umuhanzi The Ben ubwo yari mu bitaramo i Burundi. Inkuru dukesha INYARWANDA ivuga ko uyu musore yatawe muri yombi tariki 5 Ukwakira 2023. Uwamutumye iyi…
Umuhanzikazi Sexyy Red, yafatiwe ingamba zikaze nyuma y’amashusho y’urukozasoni yashyize hanze
Umuhanzikazi uri mu bagezweho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Sexyy Red, uherutse gushyira amashusho y’urukozasoni ku rukuta rwe rwa Instagram, yafatiwe ingamba na Instagrama zo kuba konti ye ya Instagram yafunzwe by’igihe gito. Konti ya Sexyy Red yabuze ku…
Abakosoye ibizamini bya Leta bategereje ko bahembwa amaso yaheze mu kirere
Hakomeje gusakara amakuru ahamya ko abarimu bifashishijwe mu gikorwa ngarukamwaka cyo gukosora ibizamini bya Leta 2023, haba ku banyeshuri basoza amashuri abanza (P6), abasoza icyiciro rusange (O’ Level) n’abasoza amashuri y’isumbuye (A2); bategereje ko bahabwa amafaranga bakoreye muri icyo gikorwa…
Imbangukiragutabara yagonze umunyonzi ahita apfa
Mu karera ka Rusizi haravugwa inkuru y’incamugongo, aho imbangukiragutabara yagonze umunyonzi [umuntu wari utwaye igare], wari ujyanye imyaka [intoryi] ku isoko, maze agahita ahasiga ubuzima. Amakuru atugeraho avugako iyi mbangukiragutabara yagonze uyu muntu warutwaye igare ripakiyeho intoryi azijyanye ku isoko,…
King James yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya “Ubanguke”
Umuhanzi Ruhumuriza James wamenyekanye cyane nka King James mu muziki nyarwanda, yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Ubanguke’ ikaba ar imwe mu ndirimbo ze ziri kuri album ya karindwi yise ‘Ubushobozi’ igiye kumara imyaka ibiri iri ku isoko ry’umuziki….
Abakobwa: Nuteretwa n’umusore nk’uyu akagucika atakurongoye, ushobora kuzicuza ubuzima bwawe bwose
Mu rugendo rw’urukundo hari ibintu byinshi ngenderwaho bituma umuntu runaka afata umwanzuro wo kurongora cyangwa se kurongorwa (Gushyingiranwa) na runaka. Iyo umusore cyangwa se umukobwa ashyingiranywe na runaka bashobora kumarana igihe runaka (kinini cyangwa se gito) bitewe n’icyo yamukundiye. Urukundo…