Abasore: Dore ibimenyetso 4 byakwereka ko umukobwa agukunda byo gupfa
Urukundo burya akenshi ni ibyiyumvo bisangiwe n’abantu babiri kandi babyumvikanyeho neza. Igitsina gore akenshi iyo bari mu rukundo rw’ukuri bashaka gukora ikintu cyose kugaragaza amarangamutima yabo kuri buri wese.Tugiye kureba bimwe mubyo umukobwa wakunze umusore cyane akora kugirango abimwereke. 1….
Nyagatare: Amashusho y’urukozasoni akomeje gusenya ingo
Bamwe mu baturage b’Akagari ka Nyamirembe Umurenge wa Gatunda, bavuga ko amashusho y’urukozasoni yerekanwa mu nzu zihishe zikora nk’utubari arimo kubasenyera ingo no gushora urubyiruko rwabo mu busambanyi. Mukansengirora Alphonsine wo Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Nyamirembe, avuga ko hari…
Immaculée asanga Apotre Yongwe akwiye kubazwa ibyo yakoreye Paster Theogene witabye Imana
Ingabire Marie Immaculée uharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu arasaba ko Apôtre Harelimana Joseph uzwi nka Yongwe abazwa n’ubutabera ibyo kuba yarahaye urubuga umugore witwa Murungi Diane wemera ko yabeshyeye Pasiteri Niyonshuti Théogène ‘Inzahuke’ ko yamuteye inda. Ibi yabivuze nyuma y’aho urwego rw’igihugu…
M23 irashinja inabo z’Uburundi ziri muri EAC kuyigabaho ibitero zifatanyije na Leta
Umutwe wa M23 washinje Ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bwa EAC bwo kugarura amahoro muri RDC (EACRF), kugira uruhare mu bitero ukomeje kugabwaho n’Ingabo za Leta ya Congo ndetse n’imitwe itandukanye. Kuva ku Cyumweru gishize ni bwo ihuriro ry’ingabo…
Mali: Inyeshyamba zafashe ikigo cya 5 cya gisirikare
Kuri uyu wa Gatatu, inyeshyamba z’Aba-Tuareg zo mu majyaruguru ya Mali zavuze ko zafashe ikindi kigo cya gisirikare zicyambuye Ingabo za Mali, bikaba bigeze ku bigo bitanu bya gisirikare zigaruriye kandi zigasahura mu byumweru bicye bishize. Mohamed Elmaouloud Ramadane, umuvugizi…
Byari udushya mu bukwe bwa Zari n’umugabo we Shakib
Nyuma y’amezi atanu yambwitswe impeta, Zari Hassan, uzwi nka Bosslady yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Shakib Lutaaya mu bukwe bwabereye muri Afurika y’Epfo. Ubukwe bwa Zari Hassan w’imyaka 43 na Shakib Lutaaya w’imyaka 31, bwabaye kuwa 03Ukwakira 2023, ni nyuma…
Impamvu Ikomeye Yatumye Salima Akurwa Mu Bazasifura Igikombe Cy’Afurika Yamenyekanye
Urujijo rwamaze gukurwaho nyuma y’igihe abantu benshi bibaza impamvu nyamukuru yatumye Umunyarwandakazi Mukansanga Salima akurwa ku rutonde rw’Abasifuzi bemerewe gusifura igikombe cya Afurika. Umunyarwandakazi Mukansanga Salima ari mu basifuzi 5 bakuwe muri 32 n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) bagomba…
Umuherwe wa mbere ku isi Elon Musk yajyanywe mu rukiko azira kwiba umwana
Umuherwe wa mbere ku isi, Elon Musk yagejejwe mu rukiko n’umuririmbyikazi babyaranye umwana nyuma yo kumushinja kwanga kumumuha – Ibyo bamwe bahuje no kumumwiba. Umuririmbyi Grimes yatanze ikirego gisaba uburenganzira ku bana batatu yabyaranye na Elon Musk, umuntu ukize kurusha…
Ubutumwa Gualdiola yageneye Arsenal mbere yo guhura bwateye ubwoba abafana bayo
Umutoza w’ikipe ya Manchester City, Pep Gualdiola yageneye ubutumwa ikipe ya Arsenal mbere y’uko bacakirana mu mukino utoroshye wa shampiyona uzabahuza kuri iki cyumweru. Mu kiganiro uyu mutoza yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’umukino wa Champions League Manchester City yatsinzemo RB Leipzig…
Indwara y’amayobera mu banyeshuri b’abakobwa yatumye ishuri rifungwa- abarenga 95 ntibabasha kugenda
Minisiteri y’uburezi mu gihugu cya Kenya yafunze ikigo cy’ishuri cyigamo abakobwa gusa cyitwa St Theresa’s Eregi Girls’ High School, nyuma y’uko muri icyo kiga hagaragayemo indwara y’amayobera, aho abanyeshuri basaga 95 bose bafashwe ntibashobore kugenda neza bakaba barajyanywe mu bitaro….