Umugore yaciye igikuba, nyuma yo kugaragara ku kibuga cy’indege asa nk’uwambaye ubusa buriburi
Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amashusho agaragaza umugore wari ku kibuga cy’indege, aho yari ari kumurongo n’abandi ubwo berekezaga aho bafatira indege, muri ayo mashusho agaragaza ko uyu mugore yambaye ubusa buriburi ku gice cyo hepfo (nta pantalo yari…
Abanyeshuri basaga 60, bajyanywe kwa muganga ikubagahu kubera bombo bahawe
Mu gihugu cya Jamaica, haravugwa inkuru idasanzwe aho abanyeshuri barenga 60 bo mu ishuri riri mu gace ka St Ann’s Bay, bajyanywe mu bitaro ikubagahu nyuma yo kunyunguta bombo zirimo urumogi. Aya makuru yemejwe na Minisitiri w’Uburezi, Fayval Williams, mu…
Miss Vanessa yavuzeko yazinutswe abagabo nyuma y’ibyo yababonyeho
Miss Uwase Raissa Vanessa wamamaye cyane ubwo yitabiraga irushanwa rya Miss Rwanda 2015, kuva ubwo akaba umwe mu bagarukwaho ku mpapuro z’imbere mu binyamakuru byandika imyidagaduro kubera inkuru z’urukundo rwe, yahishuye ko yamaze guhurwa ibyo gukundana. Miss Uwase Raissa Vanessa…
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatunguranye avuga ko adashyigikiye ubutinganyi- Icyakurikiyeho
Abantu benshi batunguwe bumvise imbwirwaruhame ya Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza avuga ko abigisha ko ubutinganyi ari ikintu gisanzwe bibeshya cyane- Ibintu byatumye hakurikiraho kumuha amashyi y’urufaya. Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yatangaje ko nta rujijo rukwiriye kubaho ku bijyanye n’irangamimerere…
DR Congo : Imirwano ikomeye cyane ya M23 na FARDC yatumye abaturage bahunga ku bwinshi
Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo muri Masisi hongeye kumvikana imirwano ikomeye cyane yatumye abaturage bahunga ku bwinshi gusa Leta y’iki gihugu igahakana ivuga ko itari muri iyo mirwano ahubwo ari M23 irimo kurwana n’indi mitwe. Imirwano hagati ya M23…
Ruhango: Abapolisi babiri bishwe n’impanuka
Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, yatangaje ko abapolisi babiri bari kuri moto bava mu Karere ka Muhanga berekeza mu Karere Ruhango, baguye mu mpanuka ya moto yagonze ikamyo yapfiriye mu muhanda. Byemejwe ko iyi mpanuka yabaye mu ma saa kumi z’urukerera…
Kigali: Ahazwi nka Peyaje imodoka itwara abagenzi yakoze impanuka imana ikinga akaboko
Kuri uyu wa Gatatu tariki 4 Ukwakira 2023, Ahazwi nko kuri Peyaje, ku muhanda uva mu Mujyi wa Kigali rwagati werekeza i Remera, habereye impanuka ya bisi itwara abagenzi mu buryo bwa rusange. Iyo mpanuka yabaye mu ma saa mbiri z’ijoro…
Rayon Sports Vs Al Hilal: Amafaranga byavugwaga ko azahabwa abakinnyi bakitsindisha yaba yarahawe umutoza? Ibyemezo 6 yafashe byo kwibazwaho
Ese byaba ari ukwibeshya k’umutoza Yamen Zelfani mu buryo yasomyemo umukino Rayon Sports yahuyemo na Al-Hilal Benghazi, cyangwa yaba yarabikoze nkana kugirango iyi kipe yo muri Libya yikomereze. Iyi nkuru ishingiye ku busesenguzi bwite cy’umwanditsi agendeye ku byabereye ku kibuga…
Abagore bambara impenure n’abagabo basuka imisatsi, bafatiwe ingamba zitoroshye
Mu gihugu cya Tanzania Mu karere ka Arumeru mu Ntara ya Arusha, hashyizweho amabwiriza avuga ko abakobwa bambara amajipo magufi n’abasore basuka imisatsi, bazajya bacibwa amande angana n’ibihumbi 50 by’amashilingi. Mu gihe hirya no hino ku isi, kwambara impenure (Mini…
Zuchu yihakanye ibyamuvuzweho kuri Diamond, abantu bagwa mu kantu
Umuhanzikazi wo mu gihugu cya Tanzania, Zuhura Othman Soud uzwi cyane ku izina rya Zuchu, yavuze ko Diamond Platnumz atari umugabo we, bityo ko akwiye gukora ibyo ashaka n’igihe abishakiye. Uyu muhanzikazi umaze igihe avugwa mu rukundo na Diamond usanzwe…