Month: October 2023

Umugabo araryoha koko! Uwagaragaye mu mashusho yenda kwicwa n’umugabo we, yageze mu rukiko amugira umwere

Share this:

Hashize iminsi itari mike hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bitangazamakuru byishi hacicikana amashusho y’umugabo washakaga kwica umugore we amugongesheje imodoka, Imana igakinga akaboko. Amakuru atugeraho ni uko n’ubwo muri iyi minsi byasakaye cyane kandi bikanagarukwaho, byabaye…

Share this:
Posted on

Prof Harelimana n’abo bareganwa bafunguwe

Share this:

Kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukwakira 2023, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Prof. Harelimana Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative (RCA) na Hakizimana Clever wari ushinzwe amasoko hamwe na Gahongayire Liliane wari ushinzwe…

Share this:
Posted on

Yverry wari waraburiwe irengero mu muziki, yagarukanye ingamba simusiga

Share this:

Nyuma y’igihe asa nk’udakora umuziki, umuhanzi w’umunyarwanda Yverry wanamaze gushyira hanze indirimbo ‘Njyenyine’ yakoranye na Butera Knowless, yemeje ko ibyo yari ahugiyemo yamaze kubishyira ku ruhande ubu amaso yose ayahanze umuziki. uyu mugabo usanzwe akora umuziki hano mu Rwanda na…

Share this:
Posted on

Dore amagambo 3 abantu batazi y’ngenzi cyane kurusha ijambo ‘Ndagukunda’

Share this:

Abakundana bashobora kubwirana andi magambo aruta Ndagukunda. Aya magambo yavugwa n’uwo ari we wese hagati y’abakundana, ni ukuvuga umukobwa n’umuhungu. Kuvuga ngo ‘Ndagukunda’ ni byo binyura uwo mukundana ariko nanone bikagendana n’ibindi bikorwa bibiherekeza. 1. Mbabarira  Iri jambo riruta Ndagukunda…

Share this:
Posted on

Abasore: Ubu ni bwo buryo bworoshye wakoresha ukamenya niba umukobwa agukunda by’ukuri

Share this:

Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera ntibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibintu wasuzuma…

Share this:
Posted on

Ibintu byo kuzirikana mu gihe uri gutera akabariro n’uwo mwashakanye

Share this:

Hari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa cyubashwye cyo gutera akabariro. Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibyo wakwitaho cyane mu gihe muri muri uwo mwanya. 1. Kuganira: Mu gihe muri gutera akabariro, wowe n’uwo…

Share this:
Posted on

Abagabo: Dore ibintu 5 by’ingenzi bishobora gutera umugore kuguca inyuma. 1, 4, n’icya 5 ushobora kubirinda

Share this:

Zimwe mu ngo z’abashakanye, havugwa ingeso yo gucana inyuma. Abagabo batanga impamvu zabo n’abagore bagatanga ikibibatera. Gusa hari ibintu 5 bihurizwaho n’abagore benshi bemeza ko aribyo bituma baca inyuma abagabo babo. 1. Kutamushimisha mu buriri Ibuka ya minsi mukibana uko…

Share this:
Posted on

Abagabo 5 ku isi batunze miliyali y’amadorari bakiri abasore bato cyane

Share this:

Mu baherwe benshi hari bamwe muri bo bakize bakiri bato ndetse abandi bakira bakuze nyuma yo gushakisha. Ubusanzwe nta muntu uhirwa rimwe n’undi niyo mpamvu hari abavuka bakize, abakira bakuze ndetse n’abavuka bakize bagasaza bakennye tutibagiwe n’abavuka ari abakene bakarinda…

Share this:
Posted on

Kiyovu sports yavuze mu mazi menshi nyuma yo gutandukana na Juvenal

Share this:

Kiyovu Sports yabonye amanota 3 ya mbere itari mu biganza bya mvukiyehe Juvenal uherutse kwamburwa ikipe. Ni mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona, ikipe ya Kiyovu Sports yari yakiriyemo Gorilla FC, uyu mukino wagiye kuba Kiyovu Sports iherutse gukora…

Share this:
Posted on

Dore amayeri 4 yagufasha byoroshye kwambura umukobwa abandi basore akaba uwawe gusa

Share this:

Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe ku buryo ntakindi yazasubira gushaka ahandi mu bandi…

Share this:
Posted on