Umugabo araryoha koko! Uwagaragaye mu mashusho yenda kwicwa n’umugabo we, yageze mu rukiko amugira umwere
Hashize iminsi itari mike hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu bitangazamakuru byishi hacicikana amashusho y’umugabo washakaga kwica umugore we amugongesheje imodoka, Imana igakinga akaboko. Amakuru atugeraho ni uko n’ubwo muri iyi minsi byasakaye cyane kandi bikanagarukwaho, byabaye…
Prof Harelimana n’abo bareganwa bafunguwe
Kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ukwakira 2023, Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko Prof. Harelimana Jean Bosco Harelimana wahoze ari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Amakoperative (RCA) na Hakizimana Clever wari ushinzwe amasoko hamwe na Gahongayire Liliane wari ushinzwe…
Yverry wari waraburiwe irengero mu muziki, yagarukanye ingamba simusiga
Nyuma y’igihe asa nk’udakora umuziki, umuhanzi w’umunyarwanda Yverry wanamaze gushyira hanze indirimbo ‘Njyenyine’ yakoranye na Butera Knowless, yemeje ko ibyo yari ahugiyemo yamaze kubishyira ku ruhande ubu amaso yose ayahanze umuziki. uyu mugabo usanzwe akora umuziki hano mu Rwanda na…
Dore amagambo 3 abantu batazi y’ngenzi cyane kurusha ijambo ‘Ndagukunda’
Abakundana bashobora kubwirana andi magambo aruta Ndagukunda. Aya magambo yavugwa n’uwo ari we wese hagati y’abakundana, ni ukuvuga umukobwa n’umuhungu. Kuvuga ngo ‘Ndagukunda’ ni byo binyura uwo mukundana ariko nanone bikagendana n’ibindi bikorwa bibiherekeza. 1. Mbabarira Iri jambo riruta Ndagukunda…
Abasore: Ubu ni bwo buryo bworoshye wakoresha ukamenya niba umukobwa agukunda by’ukuri
Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera ntibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibintu wasuzuma…
Ibintu byo kuzirikana mu gihe uri gutera akabariro n’uwo mwashakanye
Hari ingingo z’ingenzi abashakanye bakwiriye kuba bazi by’umwihariko mu gihe bari mu gikorwa cyubashwye cyo gutera akabariro. Muri iyi nkuru turarebera hamwe ibyo wakwitaho cyane mu gihe muri muri uwo mwanya. 1. Kuganira: Mu gihe muri gutera akabariro, wowe n’uwo…
Abagabo: Dore ibintu 5 by’ingenzi bishobora gutera umugore kuguca inyuma. 1, 4, n’icya 5 ushobora kubirinda
Zimwe mu ngo z’abashakanye, havugwa ingeso yo gucana inyuma. Abagabo batanga impamvu zabo n’abagore bagatanga ikibibatera. Gusa hari ibintu 5 bihurizwaho n’abagore benshi bemeza ko aribyo bituma baca inyuma abagabo babo. 1. Kutamushimisha mu buriri Ibuka ya minsi mukibana uko…
Abagabo 5 ku isi batunze miliyali y’amadorari bakiri abasore bato cyane
Mu baherwe benshi hari bamwe muri bo bakize bakiri bato ndetse abandi bakira bakuze nyuma yo gushakisha. Ubusanzwe nta muntu uhirwa rimwe n’undi niyo mpamvu hari abavuka bakize, abakira bakuze ndetse n’abavuka bakize bagasaza bakennye tutibagiwe n’abavuka ari abakene bakarinda…
Kiyovu sports yavuze mu mazi menshi nyuma yo gutandukana na Juvenal
Kiyovu Sports yabonye amanota 3 ya mbere itari mu biganza bya mvukiyehe Juvenal uherutse kwamburwa ikipe. Ni mu mukino w’umunsi wa gatanu wa shampiyona, ikipe ya Kiyovu Sports yari yakiriyemo Gorilla FC, uyu mukino wagiye kuba Kiyovu Sports iherutse gukora…
Dore amayeri 4 yagufasha byoroshye kwambura umukobwa abandi basore akaba uwawe gusa
Mu rukundo habamo guhangana byiza aho umusore akora uko ashoboye kugira ngo yigarurire umutima w’umukobwa ku buryo ashobora kumwambura abandi. Uwo mukobwa nagerwaho n’ibikorwa byawe, byanga bikunze azagukunda kandi uzaguma ube uwe ku buryo ntakindi yazasubira gushaka ahandi mu bandi…