Haringingo Francis yirukanywe nyuma yo kumara imikino itanu nta ntsinzi
Haringingo Francis Christian, Umutoza w’Umurundi watoje ikipe ya Rayon Sports ndetse akanayihesha Igikombe cy’Amahoro umwaka ushize, yasezerewe na Sofapaka FC yo muri Kenya ku wa Gatandatu, tariki 30 Nzeri 2023 nyuma y’umusaruro muke. Haringingo werekanywe nk’Umutoza Mukuru wa Sofapaka FC tariki…
Bujumbura: Udushya 9 twaranze umusangiro wa The Ben n’abafana aho yananiwe kwihangana akaririra ku rubyiniro – AMAFOTO
Mbere yo gukora igitaramo nyirizina The Ben yabanje gusangira n’abafana mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru taliki ya 1/10/2023 maze yerekwa urukundo rukomeye ndetse kwihangana biranga ararira. 1. Abanyarwanda baje gushyigikira The Ben Dj Brianne, Junior Giti, M…
Abantu 44 bajyanwe kwa munganga igitaraganya nyuma yo gusangira ubushera nyuma y’umubatizo
Abantu 44 bari bavuye mu mubatizo ku rusengero rw’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi bo mu Karere ka Burera, barembejwe no kuruka, guhitwa, kuribwa mu nda, kubabara umutwe ndetse no guhinda umuriro. Abagizweho ingaruka n’ubwo bushera babunywereye kwa Habyarimana ku wa 30…
Rwongeye kwambikana hagati ya FARDC na M23, u Rwanda rwongera gushyirwa mu majwi
Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FDLR, Wazalendo, Mai Mai n’indi mitwe bafatanyije bagabye ibitero simusiga ku nyeshyamba za M23 mu duce dutandukanye two muri teritwari ya Masisi. Ibitero bya FARDC n’abo bafatanyijwe byatangiye kuri uyu wa 1 Ukwakira…
Burera: Umugabo yasanzwe mu mugozi amaze iminsi myinshi apfuye
Nyuma y’ibyumweru bigera kuri bibiri, umugabo witwa Tuyizere Valens w’imyaka 24 wo mu Karere ka Burera yasanzwe amanitse mu mugozi, umurambo we waratangiye kubora. Urupfu rwa Tuyizere wo mu Mudugudu wa Taba, Akagari ka Muhotora mu Murenge wa Butaro rwamenyekanye…
Impamvu 2 zatumye APR FC ikubitwa iz’akabwana mu Misiri n’icyo ikwiriye gukora ngo ntibizongere
Nibura APR FC imaze imyaka 20 irwana n’amateka yo kugera mu mikino y’amatsinda mu mikino nyafurika, yaba imikino ya CAF Confederation Cup cyangwa se imikino ya CAF Champions League. Uyu mwaka w’imikino, APR FC yari yaje ari nshya, ndetse itanga…
Wari uzi ko kuribwa umutwe bishobora kuba ikimenyetso cy’indwara ikomeye? Niba ujya uribwa umutwe muri ubu buryo ukwiye kwihutira kujya kwa muganga
Niba ujya ukunda kuribwa n’umutwe kenshi, biri hejuru y’inshuro 1 mu cyumweru, bishobora kuba biterwa n’ikibazo gikomeye mu mubiri, wizuyaza ugomba kugana ivuriro. Kenshi iyo umutwe ukuriye, babyitirira ‘stress’ nyinshi itewe n’akazi, nyamara kuribwa umutwe kenshi bishobora kuba bituruka ku…
Janelle yeretse abafana ubwambure bwe Mu gitaramo, induru bayiha umunwa (AMAFOTO)
Mu gitaramo cy’Iserukiramuco “The 2023 Essence Festival’’, umuhanzikazi w’Umunyamerika Janelle Monáe yatunguranye mu gitaramo ubwo yasohoraga ibere akereka abantu bari bitabiriye. Mu mpera z’icyumweru dushoje muri New Orleans muri Amerika, habereye igitaramo cy’iserukiramoco, aho umuhanzikazi Janelle Monae yagiye ku rubyiniro…
Burundi: The Ben yangiwe kuva ku rubyiniro, nyuma yo kuririmba ahabwa umushandiko w’amadorali
Dr Claude yahawe iminota mike ayibyaza umusaruro abyinisha abitabiriye igitaramo. Ni mu gihe byagaragaye ko Abarundi bataramenya ubusobanuro bwa Meet and Greet kuko umuhanzi ntaba ategetswe kuririmbira abitabiriye. Banze ko The Ben ava ku rubyiniro umwe amusanga ku rubyiniro amwibutsa…
Israel : Abasirikare b’abagore ntibazongera gucunga gereza kubera kuryamana n’imfungwa z’abagabo
Abasirikare b’abagore muri Israel ntibazongera kwemererwa gucunga amagereza nyuma y’aho umusirikare wo muri iki gihugu ashinjwe kuryamana n’imfungwa y’umunya-Palestine. Biravugwa ko uyu musirikare w’umugore ashobora kuba yaryamanye n’imfungwa y’umugabo umwaka ushize. Nyuma y’uko aya makuru agiye hanze, Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe…