Imbwa yahesheje abagenzi akayabo k’amafaranga nyuma yo kwicarana nabo mu ndege
Singapore Airlines yahuye n’uruva gusenya yigirizwaho nkana n’abagenzi bayinaganitseho nyuma y’uko babicaranyije n’imbwa-Ibintu byarangiye aba bagenzi bahawe indishyi. Singapore Airlines yatanze indishyi y’akababaro ya 1 410$ nyuma yo kwicaza umugore n’umugabo hafi y’imyanya yari irimo imbwa mu ndege, ikagenda ibabangamira…
Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana azakubiza icyuya
Niba ufite icyizere ko urukundo rwawe ari urw’igihe kirekire n’uwo muntu, hari ibyo ukeneye kumenya mu gihe we ntacyo agaragaza kuko ashaka ko ubanza kumwizera. Mu by’ukuri niba ugira gushidikanya kuri uwo mukunzi wawe menya ibi bintu. 1. Ashyira inshuti…
Abagabo: Nuboana ibi bimenyetso ku mugore wawe uzamenye ko atakwishimiye n’ubwo aterura ngo abikubwire
Nubwo muri rusange abantu bashakana ku neza no ku bwumvikane, hari igihe umwe mu bashakanye ashobora kubana n’undi kubera izindi mpamvu zitari urukundo, cyangwa se nyuma yo kubana urukundo rukayoyoka kuburyo aba yumva atagikeneye kubakana na mugenzi we. Dore bimwe…
Umukunzi wawe nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko yamaze kukwanga ndetse atakigukeneye
Urukundo rwo mu marembera ruca amarenga, rimwe na rimwe ukamenya ko wanzwe hatabayeho kwerura ngo bakubwire ko bakwanze, nyamara hari amwe mu magambo agaragaza ko biri kurangira. Abakundana bahora bahuje umutima, bajya inama, buri umwe yumva undi,bifuza guhorana umunsi ku…
Yoherereje ubutumwa umunyeshuri yigisha buganisha ku gutera akabariro bimuviramo akaga gakomeye
Mu gihugu cy’Ubwongereza haravugwa inkuru y’umwarimukazi wa kimwe mu bigo bikomeye wigeze guhura n’umuryango w’i Bwami woherereje umunyeshuri ubutumwa buganisha ku gutera akabariro– Ibintu byamuviriyemo akaga gakomeye cyane. Mwarimu witwa Lindsey Bauer w’imyaka 46 wigisha amateka ku kigo gikomeye mu…
Kabaye ! Satani w’umuntu yarongoye umugore w’idayimoni – AMAFOTO
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Bresil, Michael Diabao Praddo w’imyaka 47 uzwi ku izina rya Satani w’umuntu yegukanye agahigo benshi batangaje ko batakifuza kwegukana mu buzima bwabo. Uyu mugabo watwawe cyane no guhindura imiterere y’umubiri we yaciye agahigo yandikwa mu…
Umubyeyi arashinja umuyobozi w’ishuri gusambanya umwna we w’imyaka 8
Inkuru y’umubyeyi watakambye asaba ko umwana we w’imyaka 8 y’amavuko yahabwa ubutabera, nyuma yo gushinja umuyobozi w’ishuri yigaho kumusambanya, yamenyekanye ku itariki 11 Gicurasi 2023. Uyu mwana w’imyaka 8 wari uri mu barangiza amashuri abanza, ngo yatashye yakererewe arimo kurira…
Mu mitoma yisukiranya, Clement yifurije isabukuru y’amavuko nziza umugore we Knowles
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter kuri ubu yahindutse X, Ishimwe Clement yifurije umugore we [Butera Jeanne] uzwi cyane ku izina rya Knowles, kugira isabukuru nziza y’amavuko asaba buri wese ko yabimufashamo uyu munsi ukarushaho kubera mwiza umugore we. Mu…
Nyanza: Igikamyo cyagonze umwana w’imyaka 6 ahita apfa
Ku wa Gatanu tariki ya 29 Nzeri 2023, ahagana saa kumi n’imwe z’umugoroba,(17H00), mu Karere ka Nyanza, ahari kubakwa umuhanda, mu Murenge wa Muyira, Akagari ka Nyundo mu Mudugudu wa Nzoga, habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bw’ikamyo, yica umwana w’imyaka…
Byari agahinda gakomeye: Uko byari byifashe ku ba-Rayon nyuma yo gusezererwa na Al Hilal Benghazi – AMAFOTO
kipe ya Rayon Sports yananiwe gukora amateka itsindwa na Al Hilal Benghazi kuri penaliti ibyo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup biba bishyizweho akadomo. Ku munsi w’ejo byari agahinda muri Kigali Pelé Stadium aho ikipe ifite abafana benshi mu…