Somalia: Abantu 7 bapfiriye mu gitero cy’ubwiyahuzi
Muri Somalia , mu murwa mukuru Mogadisho, abantu 7 ni bo baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi cyagabwe mu iduka ry’ikawa, kikaba cyabaye nyuma y’umunsi umwe ikindi gisasu gitezwe mu modoka na cyo kikica abantu. Iki gitero cyahitanye abantu 7, cyigambwe n’umutwe…
Kayonza: Abaturage 20 batawe muri yombi bazira imyemererere ubuyobozi buvuga ko idahwitse
Abantu 20 bahoze mu Itorero ry’Abadivantiste b’Umunsi wa Karindwi, batawe muri yombi nyuma yo gusanga basengera mu rugo rw’umwe muri bo. Mu byo batemera harimo ko umugore n’umugabo badasengana batagomba kubana. Aba baturage batawe muri yombi mu ijoro ryo ku…
Muhanga: Polisi yishe irashe umugabo wagerageje kuyirwanya akoresheje umupanga
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 30 Nzeri 2023, mu murenge wa Mushishiro, akarere ka Muhanga, Polisi yishe irashe umusore uri mu kigero cy’imyaka 25 na 30 y’amavuko wari urimo kwiba insinga z’amashanyarazi, aho yaguwe gitumo n’abapolisi bari bari ku…
Miss Pamella yakoze agashya i Burundi, The Ben aribwa – AMAFOTO
Igitaramo cya mbere The Ben yakoreye i Bujumbura cyari icyo gusabana n’abakunzi be mbere yo gutaramira muri uyu mujyi ku wa 1 Ukwakira, Dr Claude na Uwicyeza Pamella batunguranye ku rubyiniro. Ni igitaramo cyari gihenze ndetse cyitabiriwe nkuko byari byitezwe,…
Ingabo z’u Burundi zigiye guhangana n’umutwe wa M23
Hashingiwe ku masezerano ubutegetsi bw’u Burundi bwagiranye n’ubwa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Ingabo z’u Burundi zambariye kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Tariki ya 8 Nzeri 2023 byavuzwe ko izi ngabo ziri mu ntara ya…
KNC wa Gasogi UTD, abafana ba Bugesera FC bendaga kumumira bunguri, nyuma yo kumusohoreza amasezerano
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2023, kuri Stade ya Bugsera ni ho rwari rwambikanye hagati y’ikipe ya Bugesera FC na Gasogi United, umukino warangiye ikipea ya Bugesera FC irusha ikipe ya Gasogi United mu buryo bugaragara. Muri…
Eric Ten Hag avuze umukinnyi umwe wagambaniye Manchester united agatuma itsindwa
Umutoza Eric Ten Hag yanze kuripfana atunga agatoki umukinnyi umwe w’ikipe ya Manchester United wabatsindishije nyuma yo gutsindwa na Crystal Palace 1-0 mu mukino wa Shampiyona wabahuje kuri uyu wa gatandatu. Ikipe ya Manchester United yatunguwe cyane no kwihanizwa na…
Rayon Sports yasezerewe mu matsinda ya CAF CC, itsinzwe Penaliti 4-2
Mu mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30 Nzeri, kuri stade ya Kigali Pele Stadium, Ikipe ya Rayon Sports yasezerewe na Al Hilal Benghazi kuri penaliti 4-2 mu ijonjora rya nyuma ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederation Cup….