Month: October 2023

Bamwe mu bakinnyi b’Amavubi U15 bagaragayeho kubeshya imyaka bahita birukanwa

Share this:

Ikipe y’Igihugu y’Abatarengeje imyaka 15 yitegura CECAFA izabera muri Uganda, imaze gusezerera abakinnyi batandatu nyuma yo gusanga barabeshye imyaka. Nkuko amakuru dukesha IGIHE abitangaza, abana 6 bahise birukanwa byiyongera kuri 20 birukanwe mu bashakaga kwinjira mu ishuri rya Bayern Munich….

Share this:

Kiyovu Sports irasabirwa ibihano kubera imyitwarire idahwitse yagaragaje ku mukino yanyagiyemo Etoile de l’Est

Share this:

Ikipe ya Kiyovu Sports irashinjwa kwanga kugura mazutu yo gukoresha Generator yo kuri Kigali Pele Stadium,byatumye umukino uhagarara kabiri kose kubera ko umuriro wa REG wabuze mu Nyakabanda. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2023, kuri Kigali Pelé…

Share this:

Umukozi wa RCS ukurikiranweho gukubita no gukomeretsa yarekuwe

Share this:

SP Nyagatare Delanoë yafashwe na RIB ku wa 10 Ukwakira 2023 akekwaho gukubita uwitwa Nyandwi Aimable urushyi mu muhanda. Yaburanye ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo ku wa Kane tariki ya 26 Ukwakira 2023, mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro. Ubushinjacyaha bwamusabiraga gufungwa…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 4 byagufasha kuvumbura ko umukobwa ashaje n’ubwo n’ubwo yaba agaragara nk’umwana muto

Share this:

Ni kenshi cyane ubona abantu bakoze siporo cyangwa se bariye neza, bisize neza , muri make basa neza kuburyo utapfa kubacyekera imyaka y’ubukure. Abakobwa ubusanzwe nibo bazwiho guhisha imyaka yabo bakayigabanya cyane iyo hari umuhungu cyanwa uw’igitsina gabo uyibabajije. Gusa…

Share this:

Impamvu ituma RDC ishaka ko ingabo za EAC zitaha yamenyekanye

Share this:

Ingabo z’umuryango wa Afrika y’Uburasirazuba zoherejwe guhagarika imirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zategetswe gutaha nyuma y’amezi 11 zitangiye ibikorwa. Leta ya Congo ivuga ko itazongerera igihe ingabo za Afrika y’Uburasirazuba (EACRF) nyuma y’amezi atari make Kinshasa (umurwa mukuru…

Share this:

Umuryango we waguye mu kantu nyuma yo kubona ibyo yakoze yitegura urupfu rwe

Share this:

Umusaza w’imyaka 115 mu ntara ya Lindi yatunguye abantu ubwo byamenyekanaga ko yamaze kwitegurira ibizamugendaho bamushyingura yapfuye. Ikinyamakuru Mwananchi cyanditse ko Ahmed Chipita yaguze ibijyana n’imihango yo gushyingura byose ngo atazarushya abantu apfuye badafite amikoro yo kumuherekeza. Muri Tanzania ngo…

Share this:

Imitoma 5 ihebuje ubwira umukunzi akava mu bye akaba yaguha ibye byose

Share this:

Mu rukundo habamo intekerezo nyinshi zitandukanye; hakaba n’ubwo umukunzi wawe akubwira ko uri mwiza ariko wowe ntubashe kubyibonaho. Nubona rero inshuti yawe yatangiye kwiheba biturutse ku miterere y’umubiri wayo uzamenye uko ubyitwaramo. Aya magambo ashobora kugufasha gutuma umukunzi wawe yakira…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 8 bitangaje ku mukobwa ugira isoni abantu benshi batazi

Share this:

Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira. Kuba mu rukundo n’umukobwa ugira isoni rero bishobora kukubera byiza cyane igihe wabashije kwisanisha nawe kandi ukumva iyo myitwarire…

Share this:

Umujura yahanishijwe igihano gitangaje nyuma yo gufatwa yiba telefoni

Share this:

Hari amashusho akomeje guca ibintu kuri Tiktok aho abantu bafashe uwo bivugwa ko ari umujura bafashe amaze kubiba telefoni baramukubita bamugira intere hanyuma bamutegeka kujya mu mashusho abyina. Aba bantu bivugwa ko ari abo muri Nigeria,bafashe uyu mujura wari umaze…

Share this:

Kigali: Uwafashwe abaga imbwa agakubitwa iz’akabwana yahishuye ibanga benshi batari bazi

Share this:

Uwitwa Nsabimana Valens w’imyaka 33 y’amavuko, avuga ko abamukubitiye kubaga imbwa bamuhoye ubusa, kuko ngo inyama zazo zabaye ifunguro rya benshi mu maresitora y’i Kigali ku Gisozi, Nyamirambo, Gikondo na Kimisagara. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 11…

Share this: