Rwanda: Abakobwa 400 batabawe bagiye gucuruzwa mu bihugu byo hanze
General (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe Ubutwererane bw’akarere, yatangaje ko muri uyu mwaka utararangira hamaze kugarurirwa mu nzira Abanyarwanda 400 biganjemo abakobwa, bari bajyanywe gucuruzwa batabizi. Gen (Rtd) James Kabarebe yabitangaje kuri uyu wa…
Imana imwakire mu bayo! – Umuyobozi wa Inganzo ngari yitabye imana
Kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023, Nzeyimana Alain wari Umuyobozi w’Itorero Inganzo Ngari, yitabye Imana azize uburwayi . Amakuru avuga ko Nzeyimana yaguye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal aho yari amaze igihe arwariye, akaba kandi yari umwe mu bashinze Itorero…
Abakobwa: Niba warafashe umukunzi wawe akora kimwe muri ibi bintu, rya uri menge kuko yazagusaza
Mu rukundo habaho impamvu nyinshi zishobora gutuma abakundana barakaranya ariko muri izo mpamvu hari izo utazabona mu gihe ufite umugabo cyangwa se umusore ugukunda by’ukuri kuko adashobora kubikora. Muri ibyo bintu umugabo/umusore ugukunda atagukorera ni ibi bikurikira, niba warabonye abigukorera…
Umukinnyi yakoze Agapari, none bimubyariye amazi nk’ibisusa
Sandro Tonali, Umukinnyi ukina hagati mu ikipe ya Newcastle yahagaritswe amezi icumi adakina, nyuma y’iperereza ryakozwe rikagaragaza ko yijanditse mu byo gutega ku mikino. Uyu mukinnyi wa Newcastle yagize uruhare mu bikorwa byo gutega bitemewe ari kumwe na mugenzi we…
Abitwikira ubuhanuzi bagacucura imitungo y’abandi bahagurukiwe mu Rwanda
Ku ngingo yagarutsweho kuri uyu wa 26 Ukwakira 2026, ubwo hatangizwaga inama ya gatandatu y’abayobozi b’Itorero ry’Aba-méthodiste mu Isi Dr Usta Kaitesi, Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, yaburiye abihisha mu mutaka w’ubuhanuzi bagashaka gucucura Abanyarwanda utwabo, ko batazigera na…
Juvenal yahishuye isomo rikomeye Kiyovu Sports yakabaye yigira ku mukeba Rayon Sports
Ibi uyu yabitangaje ku cyumweru gishize mu kiganiro Cafe Sports gitambuka kuri Television y’u Rwanda. Juvenal yashimagije Abafana ba Rayon Sports, avuga ko nubwo ikipe yabo itari kwitwara neza, bakomeza kuyiba hafi bakayifasha, mu gihe aba Kiyovu Sports bo…
Umusifuzi wanenzwe bikomeye n’abakunzi ba Rayon Sports ni we wahawe gusifura umukino iyi kipe izakina na APR FC
Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwanda, Twagirumukuzi Abdul Karim ni we wahawe kuzaca impaka ku mukino w’abakeba uhuza APR FC na Rayon Sports. Ni umukino uzaba ku Cyumweru tariki ya 29 Ukwakira 2023 kuri Kigali Pelé Stadium, uzaba ari umukino w’umunsi wa 9…
Pasiteri w’umunyarwanda yagiye kwirukana amagini aramwivugana
Pasiteri Daniel Naheirwe wo mu itorero rya Pantekote bivugwa ko ari uwo mu Rwanda, yaguye mu rugo rw’umuturage witwa Jesca Kyohairwe nyuma yo kujyayo agiye kwirukana amagini yari muri urwo rugo. Mu gihugu cya Uganda mu karere ka Nakasongola hatangijwe…
Igisubizo Kazungu yahaye urukiko cyongeye gutangaza benshi
Kazungu Dennis yaburanye akoresheje ikoranabuhanga ari muri Gereza ya Mageragere. Ubushinjacyaha bwasabye ko bwakongererwa iminsi 30 y’agateganyo kugirango hakorwe iperereza ku byaha akurikiranyweho. Urubanza rwamaze iminota 5, Kazungu Denis abajijwe icyo avuga ku byo Ubushinjacyaha busaba agira ati: “Niba iyo…
Impinduka: Indangamuntu igiye kujya ihabwa umuntu akiri uruhinja aho kuyimuha yujuje imyaka 16
Abantu benshi bakomeje kuvuga byinshi bitandukanye nyuma yo kumva Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Musoni Paula, atangaje ko Leta y’u Rwanda igiye gutangiza gahunda yo gutanga indangamuntu ziri mu buryo bw’ikoranabuhanga, aho buri Munyarwanda azajya ayihabwa akivuka. Ni ingingo Minisitiri…