Abakobwa b’abakuzi akabo kashobotse! Dore ibanga Abasore bavumbuye ryo gutandukanya Umukuzi n’Umukunzi
Kuri iki gihe biragoye kumenya umuntu ugukunda by’ukuri cyangwa se niba hari ibindi agukurikiyeho ariko hari ibimenyetso bishobora kugufasha kumenya umukobwa ugukurikiyeho amafaranga ndetse bikaba byanagufasha kumenya uko ukwiye kwitwara n’uburyo wamwikuraho. Dore bimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko umukobwa…
CG (Rtd) Emmanuel Gasana yatawe muri yombi
Ku gicamunsi cy’ejo kuwa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023 ni bwo hasohotse itangazo mu biro bya Minisitiri w’Intebe, rivugako Perezida wa Repubulika Paul Kagame yahagaritse CG (Rtd) Emmanuel Gasana mu mirimo ye ariko ntihagaragazwa nyir’izina ibyo akurikiranyweho. Urwego rw’igihugu…
Urukiko rwanzuye ko umunyamakuru Manirakiza Theogene afungwa by’agateganyo nyuma yo kwanga ingwate yatanze
Nyir’Ukwezi TV na Ukwezi.com, Manirakiza Theogene yamaze gukatirwa igifungo cy’iminsi 30 nyuma y’uko urukiko rwanze ingwate yatanze kugirango aburane ari hanze. Urukiko rw’ibanze rwa Kagarama mu mujyi wa Kigali rumaze kwemeza ko umunyamakuru Manirakiza Theogene akomeza gufungwa by’agateganyo nyuma yo…
RIB yabyinjiyemo bamwe bafunzwe, Cedric wa KNC nawe aravugwaho amanyanga, iby’Academy ka Bayern Munich byabaye induru
Mu gihe hamaze iminsi havugwa uburiganya mu bijyanye n’Academy ya Bayern Munich, RIB yamaze kubyinjiramo ita muri yombi abakekwaho uburiganya burimo no kwakira ruswa ndetse haboneka n’amakuru mashya avuga ko Cedric wa KNC yaba yarabeshye imyaka. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB,…
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’intara y’Iburasirazuba CG (Rtd) Emmanuel Gasana
Kuri uyu wa kabiri itangazo riturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe ryemeje ko CG (Rtd) Emmanuel Gasana yahagaritswe ku mirimo ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranyweho. Itangazo ryasohotse ahagana saa kumi z’umugoroba kuri uyu wa kabiri rigira riti : “None…
Breaking News! CG (Rtd) Emmanuel GASANA wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba yahagaritswe ku mirimo ye
Binyuze mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Ukwakira 2023 riturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe, amakuru aravugako CG (Rtd) Emmanuel GASANA Wari Guverineri W’Intara Y’Iburasirazuba Yahagaritswe Ku Mirimo Ye, akaba agiye gukurikiranwaho ibyo akekwaho. …
Abasore: Uko yaba mwiza kose, Dore umukobwa uzitondera mu rukundo
Hari ingeso zimwe na zimwe zishobora kukwereka niba umukobwa mukundana yakubaka urugo rugakomera cyangwa ari bimwe byo kurumaramo ukwe mugasenya bikagufasha kugira amahitamo ahamye kandi atazagutera kwicuza. Zimwe mu ngeso zikomeye umukobwa ashobora kugira kubaka urugo bikagorana 1. Gufuha cyane…
Ukwishaka Dan arahigishwa uruhindu nyuma yo gukorera umugore we amahano agatoroka
Ukwishaka Dan wo mu Karere ka Karongi ari gushakishwa n’inzego z’ubutabera nyuma yo gukekwaho gutwika umugore we bari bamaze imyaka ibiri babana mu buryo budakurikije amategeko. Byabereye mu Mudugudu wa Cyimana, Akagari ka Kibilizi, Umurenge wa Rubengera, ku wa…
Abakurikiranyweho kwica umwana w’imyaka 12, barangiza bakamumanika mu mugozi bitabye urukiko
Abagabo batanu bakekwaho kwica umwana w’imyaka 12, bose bitabye urukiko bambaye imyenda isanzwe, bambitswe amapingu ku maboko, baje kuburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Bahagaze imbere y’umucamanza ababaza umwe kuri umwe niba biteguye kuburana, Joseph Ngamije ufatwa nka kizigenza muri uru rubanza…
KNC yavuzeko yiteguye kwandagaza Police FC, ndetse akayitsinda ibitego byinshi mu mukino wa 10 wa Shampiyona
Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yibukije ikipe ya Police FC ko nta cyubahiro bayigomba ndetse ikwiye kuzaza yikandagira ku mukino w’umunsi wa cumi wa shampiyona. Guhera ku wa Gatanu tariki ya 27 kugeza ku Cyumweru tariki…