Month: October 2023

Abasore: Nutereta umukobwa akakubwira rimwe muri aya magambo, uzamenyeko kakubayeho wishakire izindi nzira hakiri kare

Share this:

Burya mu rukundo si ngombwa guhendahenda kuko rugenda rwizana buhorobuhoro bityo umukobwa nubona arimo kukunaniza akoresheje imvugo zimwe tugiye kukubwira uzamureke umenye ko atagukunda pe 1. Ndacyari umwana N’ubwo tumenyereye ko abasore bashakana n’abakobwa baruta, mu gihe umukobwa wifuzaho umukunzi…

Share this:

Umusinzi washatse kwifotoreza ku Uruziramire, ibyamubayeho ni agahomamunwa

Share this:

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje guhererekanywa amashusho ateye ubwoba yafashwe ubwo umusinzi yatabawe igitaraganya nyuma yo gusindira uruziramire yateruye ashaka kwifotozanya na rwo hanyuma rumugonda ijosi. Ibi byabereye kuri sitasiyo ya peteroli y’ahitwa Valapattanam, hafi ya Kannur, Kerala,…

Share this:

Waba ufite ngufi cyangwa ndende menya aho ukwiye kuyigeza igihe utera akabariro mukaryoherwa mwembi bikabarenga

Share this:

Iki ni ikibazo gikunze kwibazwa na benshi aho bamwe batekereza ko kugeza kure igikoresho cy’umugabo aribyo byongera uburyohe mu gihe batera akabariro ndetse bamwe igikoresho cyabo kikabatera ipfunwe batekereza ko kitamara ipfa abagore babo bitewe n’uko kitagera kure. Benshi mu…

Share this:

Casemiro abayeho yicuza muri Manchester United – IMPAMVU

Share this:

Umunya-Bresil, Casemiro w’imyaka 31 wahoze akinira ikipe ya Real Madrid nyuma akaza kuyivamo akerekeza muri Manchester United kuri ubu aricuza bikomeye kubera uyu mwanzuro yafashe. Casemiro yasinyiye Manchester United mu mpeshyi ya 2022 ndetse mu mwaka we wa mbere yitwaye…

Share this:

DR Congo-Beni : Amakamyo yari atwaye ibyo kurya by’impunzi yatwitswe kubera impamvu ikomeye

Share this:

Kuri uyu wa kabiri insoresore zigaragambije zitwika amakamyo yari atwaye imfashanyo irimo ibyo kurya by’impunzi byari byerekeje muri Beni muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakamyo y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa (PAM) yikoreye imfashanyo y’ibyo kurya bigenewe abavanywe mu byabo n’imirwano, mu…

Share this:

Donald Trump yatunguye benshi yigereranya na Nelson Mandela

Share this:

Kuri uyu wa mbere, Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika, yigereranije na Nelson Mandela wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo wafunzwe kubera impamvu za Politiki akaba asanga bose bari mu mujyo umwe. Yiyitiriye Mandela nyuma yo kuvuga ko ubushinjacyaha…

Share this:

Abana bishe mugenzi wabo bapfa umukobwa ibyakurikiyeho ni agahomamunwa

Share this:

Umunyeshuri wo mu mwaka wa kane yishwe mu gihe amazu icyenda yatwitse ndetse n’amatungo aribwa mu mudugudu wa Musunji, mu gace ka Cheptulu, mu Ntara ya Vihiga muri Kenya biturutse ku ntambara y’urukundo. Nk’uko amakuru abitangaza, uyu mwana w’umunyeshuri yishwe…

Share this:

Amakuru mashya kuri Kazungu Denis wiyemerera ko yishe abantu 14 harimo n’abo yatetse

Share this:

Kazungu Denis wababaje imitima y’abantu benshi kubera ibyaha by’indengakamere akurikiranyweho byo kwica abantu bagera kuri 14 agiye gusubira mu Rukiko. Uyu mugabo akurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro, agiye gusubira mu Rukiko mu kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Kazungu…

Share this:

Inyubako ya ECOBANK yafashwe n’inkongi y’umuriro

Share this:

Banki y’ubucuruzi ya Ecobank yafashwe n’inkongi y’umuriro yibasiye igice cyo hejuru cy’igorofa ikoreramo mu Mujyi wa Kigali,rwagati ahazwi nka car free zone. Iyo nkongi ikaba yabaye ahagana saa tanu n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ukwakira 2023,yibasiwe n’inkongi…

Share this:

Umunyamakuru Theogene Manirakiza Yagejejwe Mu Rukiko Icyaha Yafatiwe Cyahindutse

Share this:

Umunyamakuru Manirakiza Théogène washinze ikinyamakuru Ukwezi kinafite Umuyoboro wa YouTube witwa Ukwezi TV,yagejejwe ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Kuri uyu wa 24 Ukwakira nibwo Manirakiza yagejejwe imbere y’uru rukiko. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwavuze ko…

Share this: