Month: December 2023

Umuyobozi wa APR FC yazamuwe mu mapeti

Share this:

Chairman wa APR FC, RICHARD Karasira ari mu basirikare Perezida Kagame yazamuye mu mapeti aho yavuye ku ipeti rya Lieutenant Colonel agirwa Colonel mu ngabo z’u Rwanda. Richard Karasira, yahawe ipeti rya Colonel nyuma y’imyaka umunani afite irya Lieutenant Colonel….

Share this:

Muhanga: Ikamyo yacomotseho kontineri isubira inyuma igonga imodoka yari iyikurikiye

Share this:

Ikamyo yatereraga umusozi yatunguranye ubwo icy’inyuma cyayo gihetse kontineri cyacomokaga, maze gisubira inyuma kigonga imodoka yari inyuma irimo abantu babiri bahise bakomereka. Byabaye ku wa 18 Ukuboza 2023, ubwo iyo kamyo yavaga mu Mujyi wa Kigali yerekeza i Muhanga igacomoka…

Share this:

Uwase Fiona Wafotowe Amabere Ye Yose Ari Ku Karubanda, Mu Marira N’agahinda

Share this:

Umunyarwandakazi witwa Uwase Fiona wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye yagaragaye ari mu gitaramo cya Dany Nanone yizihiwe bikarangira amabere ye agiye ku karubanda ubu byafashe Indi ntera Ni mu mashusho uyu mukobwa ari guta amarira byumvikana ko…

Share this:

Zari yahishuye icyatumye asiba amafoto y’umugabo we ku mbuga nkoranyambaga

Share this:

Umuherwekazi utuye muri Afurika y’Epfo ariko uvuka mu gihugu cya Uganda, Zari Hassan, yasobanuye impamvu yasibye amafoto ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo we, Shakib Lutaaya. Mu minsi mike ishize, abakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranyambaga bacitse ururondogoro ubwo bajyaga kubona bakabona…

Share this:

Ese ni ubuhanuzi busohoye? Papa Francis yakoze ikintu abantu batatekerezaga

Share this:

Kuri uyu  wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2023, Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis yemereye abapadiri  guha umugisha ababana bahuje ibitsina, ku mpinduka zikomeye mu nyigisho za Vatikani. Ibi bibaye mu gihe ubusanzwe muri Kiiriziya Gatorika,ishyingirwa ryemewe ryari iry’umugabo n’umugore…

Share this:

Mourinho yakinnye ku mubyima ikipe avuga ko yamubabaje kurusha izindi kuva yatoza

Share this:

Umutoza Jose Mourinho yongeye kugaragaza agahinda gakomeye yatewe no kwirukanwa na Tottenham aho yayise ikipe ifite ’“icyumba kitarimo igikombe na kimwe.” Nyuma yo kumwirukana habura iminsi mike ngo ayitoze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Carabao muri Mata 2021,Mourinho ntasiba…

Share this:

Ntakuryama: Rayon Sports yakoreye abakinnyi ikintu gitunguranye, FERWAFA itangaza igihe kugura abakinnyi bizasubukurirwa

Share this:

Ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo yitegura imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda mu gihe bamwe mu bafana bari bazi ko abakinnyi bagiye mu kiruhuko. Imyitozo yabereye kuri SKOL Stadium mu Nzove kuri uyu wa Mbere tariki 18 UKUBOZA…

Share this:

U Rwanda rwungutse aba-General 17 bashya

Share this:

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare 727 barimo abari ku rwego rw’abajenerali. Abasirikare 4 bari bafite ipeti rya Brigadier General bahawe ipeti rya Major General, Abasirikare 17 bari bafite ipeti rya…

Share this:

Umusore yavumbuye ko umukobwa bagiye gusezerana yasambanye, amukorera ibyo atazibagirwa ku munsi w’ubukwe bwabo

Share this:

Mu gihugu cya Nigeria hakomeje kuvugwa inkuru yatumye benshi bacika ururondogoro, aho umusore yahakanye gukora ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize. Ubukwe bw’aba bombi bwari…

Share this:

Yiyamamaza, Tshisekedi yavuze uko azarasa Kigali, Kagame akarara mu Ishyamba, abantu bamuha urw’amenyo

Share this:

Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze amagambo akomeye mu gusoza ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu mugoroba aho yavuze ko “igisirikare cyacu uyu munsi gishobora kurasa i Kigali kiri i Goma”. Mu kwiyamamaza kwe, Tshisekedi yagiye agaruka ku ntambara yo…

Share this: