Month: December 2023

Ibisambo byafashwe byiba inzoga zikaze bihabwa igihano gitangaje

Share this:

Abajura bahatiwe kunywa amacupa manini y’inzoga zikaze bari bibye mu iduka ryo muri Afurika yepfo mpaka bazimaze, nkuko byagaragaye mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko bigaragara ku mbuga nyinshi zo muri Afurika y’Epfo ndetse n’abanyamakuru batandukanye,ngo ibi byabaye nyuma…

Share this:

RIB yafashe umukobwa ukekwaho guta uruhinja yabyaye ahajugunywa imyanda

Share this:

Umwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Ishami rya Huye, akurikiranyweho gukuramo inda y’imvutsi akajugunya urwo ruhinja mu gatebo k’imyanda abakobwa baba mu macumbi ya Kaminuza bajugunyamo imyanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza…

Share this:

Nyamasheke: Umugabo yari agiye kujugunya umumotari mu cyobo yacukuye mu nzu ye

Share this:

Umugabo witwa Nkurunziza Ismael w’imyaka 37 y’amavuko, arashakishwa n’Inzego z’umutekano nyuma y’uko mu nzu ye hasanzwe icyobo yahacukuye,yari agiye kujugunyamo umumotari witwa Uwitonze Jean Marie Vianney wari umuzanye iwe i Bushenge muri Nyamasheke amukuye i Kamembe mu Mujyi wa Rusizi….

Share this:

Umupolisi yarashe umugore we arapfa nyuma yo gutongana

Share this:

Umupolisi muri Kenya yatawe muri yombi nyuma yo kurasa akica umugore we bari bashyamiranye. Mu gihugu cya Kenya, haravugwa inkuru y’umupolisi warashe umugore we amasasu abiri yo mu gatuza agahita amuhitana nyuma y’uko batumvikanye. Uyu mupolisi wamaze gutabwa muri yombi…

Share this:

Hari abagwa igihumure! Byinshi ku ndwara ya Glossophobia yo gutinya kuvugira mu ruhame

Share this:

Buri muntu wese siko ashobora gutanga igitekerezo cye mu ruhame cyangwa se ngo yihagarareho mu ruhame aburane akenshi kubera kutigirira icyizere bitewe n”indwara ya Glossophobia. Abarenga 75% bose barwaye indwara ya Glossophobia yo gutinya kuvugira mu ruhame nubwo hatazwi neza…

Share this:

Dore uburyo 5 bwagufasha kutarwara ikirungurira

Share this:

Niba warigeze kugiraho ikirungurira uzi ukuntu uba ubangamiwe, cyane cyane iyo wumva ibintu byotsa bizamuka mu muhogo. Kuri bamwe, ikirungurira gishobora guterwa n’ibiryo bimwe na bimwe cyangwa se imyitwarire; nko kunywa itabi, kubyibuha cyane cyangwa ibindi. Ku bandi gishobora guterwa…

Share this:

Nyanza: Umugabo arashinjwa gutema uwamutwariye umugore

Share this:

Umugabo utuye mu karere ka Nyanza Kuri uyu wa Kane yafashwe amaze gutema mugenzi we amuziza kumutwarira umugore we. Uwo mugabo witwa Gatoya  bivugwa ko yari amaze igihe gito afunguwe yatemye mugenzi we yashinjaga ko yinjiye umugore we igihe yari…

Share this:

Neymar Jr yahuye n’uruva gusenya kubera gusaba ikizungerezi amafoto cyambaye ubusa

Share this:

Rutahizamu Neymar Jr yatandukanye n’uwari umukunzi we Bruna Biancardi baheruka kubyarana umwana w’umukobwa,nyuma y’iminsi mike amuvumbuye ko hari umukobwa yasabye amafoto yambaye ubusa. Umukobwa ucuruza amafoto y’urukozasoni ku rubuga rwa OnlyFans witwa Aline Farias yashyize hanze ubutumwa yohererejwe na Neymar…

Share this:

U Rwanda rwazamutse imyaka 7 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA

Share this:

Ikipe y’Igihugu “AMAVUBI” yazamutseho imyanya 7 ku mwanya ngarukakwezi rwa FIFA nyuma yo gutsinda South Africa, no kunganya na Zimbabwe. Ikipe y’u Rwanda yazamutse imyanya irindwi ku rutonde rwa FIFA, iba iya 133 ku Isi na 40 muri Afurika nyuma…

Share this:

Umunyamakuru Nkundineza yashinje RIB kumufunga ntawe uramurega

Share this:

Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yaburanye ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Kane,tariki 30 Ugushyingo. Ari kumwe n’umwunganira Me Ibambe Jean Paul,Nkundineza yavuze ko umwanzuro wo kumufunga by’agateganyo atawemera ndetse urukiko rwamurekura akajya kwita…

Share this: