Ibisambo byafashwe byiba inzoga zikaze bihabwa igihano gitangaje
Abajura bahatiwe kunywa amacupa manini y’inzoga zikaze bari bibye mu iduka ryo muri Afurika yepfo mpaka bazimaze, nkuko byagaragaye mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga. Nk’uko bigaragara ku mbuga nyinshi zo muri Afurika y’Epfo ndetse n’abanyamakuru batandukanye,ngo ibi byabaye nyuma…
RIB yafashe umukobwa ukekwaho guta uruhinja yabyaye ahajugunywa imyanda
Umwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda (UR) Ishami rya Huye, akurikiranyweho gukuramo inda y’imvutsi akajugunya urwo ruhinja mu gatebo k’imyanda abakobwa baba mu macumbi ya Kaminuza bajugunyamo imyanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ukuboza…
Nyamasheke: Umugabo yari agiye kujugunya umumotari mu cyobo yacukuye mu nzu ye
Umugabo witwa Nkurunziza Ismael w’imyaka 37 y’amavuko, arashakishwa n’Inzego z’umutekano nyuma y’uko mu nzu ye hasanzwe icyobo yahacukuye,yari agiye kujugunyamo umumotari witwa Uwitonze Jean Marie Vianney wari umuzanye iwe i Bushenge muri Nyamasheke amukuye i Kamembe mu Mujyi wa Rusizi….
Umupolisi yarashe umugore we arapfa nyuma yo gutongana
Umupolisi muri Kenya yatawe muri yombi nyuma yo kurasa akica umugore we bari bashyamiranye. Mu gihugu cya Kenya, haravugwa inkuru y’umupolisi warashe umugore we amasasu abiri yo mu gatuza agahita amuhitana nyuma y’uko batumvikanye. Uyu mupolisi wamaze gutabwa muri yombi…
Hari abagwa igihumure! Byinshi ku ndwara ya Glossophobia yo gutinya kuvugira mu ruhame
Buri muntu wese siko ashobora gutanga igitekerezo cye mu ruhame cyangwa se ngo yihagarareho mu ruhame aburane akenshi kubera kutigirira icyizere bitewe n”indwara ya Glossophobia. Abarenga 75% bose barwaye indwara ya Glossophobia yo gutinya kuvugira mu ruhame nubwo hatazwi neza…
Dore uburyo 5 bwagufasha kutarwara ikirungurira
Niba warigeze kugiraho ikirungurira uzi ukuntu uba ubangamiwe, cyane cyane iyo wumva ibintu byotsa bizamuka mu muhogo. Kuri bamwe, ikirungurira gishobora guterwa n’ibiryo bimwe na bimwe cyangwa se imyitwarire; nko kunywa itabi, kubyibuha cyane cyangwa ibindi. Ku bandi gishobora guterwa…
Nyanza: Umugabo arashinjwa gutema uwamutwariye umugore
Umugabo utuye mu karere ka Nyanza Kuri uyu wa Kane yafashwe amaze gutema mugenzi we amuziza kumutwarira umugore we. Uwo mugabo witwa Gatoya bivugwa ko yari amaze igihe gito afunguwe yatemye mugenzi we yashinjaga ko yinjiye umugore we igihe yari…
Neymar Jr yahuye n’uruva gusenya kubera gusaba ikizungerezi amafoto cyambaye ubusa
Rutahizamu Neymar Jr yatandukanye n’uwari umukunzi we Bruna Biancardi baheruka kubyarana umwana w’umukobwa,nyuma y’iminsi mike amuvumbuye ko hari umukobwa yasabye amafoto yambaye ubusa. Umukobwa ucuruza amafoto y’urukozasoni ku rubuga rwa OnlyFans witwa Aline Farias yashyize hanze ubutumwa yohererejwe na Neymar…
U Rwanda rwazamutse imyaka 7 ku rutonde ngarukakwezi rwa FIFA
Ikipe y’Igihugu “AMAVUBI” yazamutseho imyanya 7 ku mwanya ngarukakwezi rwa FIFA nyuma yo gutsinda South Africa, no kunganya na Zimbabwe. Ikipe y’u Rwanda yazamutse imyanya irindwi ku rutonde rwa FIFA, iba iya 133 ku Isi na 40 muri Afurika nyuma…
Umunyamakuru Nkundineza yashinje RIB kumufunga ntawe uramurega
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza yaburanye ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Kane,tariki 30 Ugushyingo. Ari kumwe n’umwunganira Me Ibambe Jean Paul,Nkundineza yavuze ko umwanzuro wo kumufunga by’agateganyo atawemera ndetse urukiko rwamurekura akajya kwita…