Month: December 2023

Anne Rwigara wamenyekanye mu rubanza rw’abo kwa Rwigara yahitanwe n’uburwayi

Share this:

Anne Rwigara, umwe mu bana b’uwahoze ari umucuruzi ukomeye mu Rwanda Assinapol Rwigara, yapfuye kuri uyu wa kane aguye muri Amerika aho yari atuye, nk’uko abo mu muryango we babyemeza. Umwe mu bantu ba hafi mu muryango wabo yabwiye BBC…

Share this:

The Ben yari yambaye umusatsi w’umukorano mu bukwe bwe. igiciro cyawo n’Ibitangaje kuri wo

Share this:

Mu bukwe bwe bwabaye ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, The Ben yaserutse yakoresheje umusatsi w’umukorano ugurwa n’ufite ikofi itajegajega dore ko ukoreshwa umunsi umwe gusa ugata agaciro. Ku wa 23 Ukuboza 2023, umuhanzi Mugisha  Benjamin wamamaye nka…

Share this:

Indirimbo Biryoha bisangiwe ya Alyne Sano ikomeje guca ibintu

Share this:

Ni indirimbo ibyinitse cyane ndetse anyuzamo akaririmba amagambo amwe ajimije. Amwe mu magambo arimo agira ati:” [..] Babe babe, njye nta ribi, Si amayeri, ni ko biri, aho bigeze si ngombwa mbimenye, Niba turya bimwe nta mutima mubi. Ubu njyewe…

Share this:

Claire Akamanzi wahoze ayobora RDB yagizwe umuyobozi ukomeye muri NBA

Share this:

Madamu Clare Akamanzi wayoboye Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), yagizwe Umuyobozi w’Ishami rya Shampiyona y’Umukino wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (NBA Africa). Madamu Akamanzi uzobereye ibijyanye n’ubuyobozi mu bucuruzi akaba n’umunyamategeko mu bucuruzi n’ishoramari mpuzamahanga. Mu itangazo ku rubuga…

Share this:

Abasore: Ibyo wakorera umukobwa ukunda bigatuma yibagirwa abandi basore akagukunda wenyine

Share this:

Umuntu wese aba yifuza gukundwa no kutabangikanwa n’abandi ariko si ko kenshi bigerwaho. Nyamara hari uburyo umuntu aba ashobora gukoresha akabigeraho bitamugoye ndetse uwo bakundana akisanga yarahuzwe abandi bose. Dore ibintu 6 wakorera umukobwa ukunda bigatuma akwiyegurira wese: 1.Kumubwira ko…

Share this:

Kigali: Hashyizweho uburyo buzorohereza abagenzi bajya mu ntara kubona imodoka mu minsi y’Ubunani

Share this:

Umujyi wa Kigali washyizeho ahantu hihariye hazategerwa imodoka n’abagenzi bagana mu ntara mu rwego rwo koroshya ingendo mu bihe by’iminsi mikuru. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko tariki 30-31 Ukuboza mu 2023, abazatega imodoka ziberekeza mu Ntara y’Amajyepfo n’iy’Uburengerazuba mu…

Share this:

RDC: Benshi mu bari mu myigaragambyo yo kwamagana amatora bakomeretse

Share this:

Abantu benshi bakomeretse ubwo abantu babarirwa mu magana bigaragambyaga kuri uyu wa gatatu mu mihanda ya Kinshasa bamagana “imitegurire mibi y’amatora ya Perezida aherutse” muri RDC. Ibinyamakuru bitandukanye byavuze ko abantu barenga 10 bakomerekeye muri iyo myigaragambyo. Iyo myigaragambyo yahamagawe…

Share this:

Havumbuwe ikoranabuhanga rizajya rifasha umuntu kumenya ubuzima azanyuramo mu minsi iri imbere ndetse n’igihe azapfira

Share this:

Abashakashatsi bo muri Denmark bavumbuye uburyo bw’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano bwiswe “Life2vec” bushobora kugaragaza ibihe byaranze ubuzima bw’umuntu n’igihe ashobora kuzapfira. Mu bushakashatsi bwabo bagaragaje ko mu gihe Life2vec ikoresha amakuru atomoye yerekeye uko umuntu ariho mu bihe by’ubu, igaragaza ibyo…

Share this:

Dore ibyiza bitangaje byo gukundana n’umuntu mukorana

Share this:

Gukunda cyangwa gukundwa n’uwo mukorana mu kazi kamwe bikunze kutavugwaho rumwe ndetse bamwe bakavuga ko igikuba cyacitse igihe abakozi bakorana bagiranye ubushuti bwimbitse. Umukozi ashobora gukundana n’uwo bakorana, umukoresha agakunda umukozi, umukozi agakunda umukoresha, cyangwa n’abandi. Abahanga mu gusobanura ibijyanye…

Share this:

Hamenyekanye akayabo Israel Mbonyi yasaruye mu gitaramo aheruka gukora

Share this:

Israel Mbonyicyambu [Israel Mbonyi] yashimangiye ko ari umuhanzi byoroshye kuzagera ku bigwi bye imbere y’ibihumbi birenga 10 byari biteraniye muri BK Arena. Habura iminsi ibiri ngo itariki ya 25 Ukuboza 2023 igere y’igitaramo nyir’izina cya Israel Mbonyi, ‘Icyambu Live Concert…

Share this: