Babitangiye ari Ikirori birangira bibaye Ikiriyo! Abana barwaniye impano za Noheli bivugana umuvandimwe
Muri Amerika muri Leta ya Florida hakomeje kuvugwa inkuru y’akababaro, aho abahungu babiri b’abavandimwe batarageza imyaka 20 batawe muri yombi nyuma y’uko umwe muri bo arashe mushiki wabo agapfa mu makimbirane yavuye ku mpano za Noheli. Uyu mushiki wabo w’imyaka…
Umuvugizi wa RDF yavuze icyo bazakora mu gihe cyose Félix Tshisekedi yagaba intambara ku Rwanda
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, amaze iminsi akangisha. Brig. Gen. Rwivanga, mu kiganiro The Long Form with Sanny Ntayombya, yabajijwe uko…
Ruracyageretse hagati ya APR FC na Adil Mohamed wahoze ayitoza
Abakinnyi batatu b’ikipe ya APR FC barimo Ishimwe Jean Pierre, Ruboneka Bosco na Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka Nzotanga, bagarutse mu Rwanda bavuye mu gihugu cy’u Busuwisi mu rubanza bari abatangabuhamya b’uko Adil Erradi Mohammed wahoze atoza iyi kipe, hari ibyo…
Indirimbo ya The Ben, Ni Forever, yari yakuwe kuri Youtube yashubijweho bisabye kwishyura
Indirimbo Ni Forever y’umuhanzi The Ben yari yakuwe kuri YouTube irezwe na Drone Skyline Ltd, yamaze kugaruka nyuma y’aho uyu muhanzi yishyuye uwamwishyuzaga. The Ben yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko nyuma y’uko indirimbo ivuyeho, bize iki kibazo baza kugishakira…
Perezida Tshisekedi akomeje kwanikira bagenzi be. Uko amajwi y’agateganyo ahagaze kugeza ubu
Komisiyo y’amatora ya DR Congo iragenda itangaza ibyavuye ku masantere y’itora atandukanye mu gihugu uko biboneka. Iki gihugu cy’abaturage basaga miliyoni 100, abagera kuri miliyoni 40 nibo bagombaga kwitabira itora. Komisiyo y’amatora yaraye itangaje mu ijoro ryo kuwa kabiri ko…
Abagabo: Dore uburyo bworoshye wakoresha ukikorera umuti urinda ukanavura kurangiza vuba
Abagabo benshi bifuza kwitwara neza mu gihe cy’akabariro usanga birukira gukoresha ibinini n’imiti itanduka imyinshi muri yo itanafite ubuziranenge ariko ugasanga batitaye ku ngaruka yabateza. Iyi nkuru irakugezaho uko wakwikorera viagara y’umwimerere wifashishije watermelon. Watermelon ni urububuto rwuzuye intungamubiri nyinshi…
Dore icyo bisobanuye kurota uryamanye n’umukobwa cyangwa umusore
Ni kenshi wumva abatu bavuga ko barota barimo gutera akabariro ,hakaba n’ababyita kwiroteraho , mu mvugo za kiganga byitwa Sexsomnia ,bukaba bugereranywa n’uburwayi bujyanye n’ubuzima bwa muntu mu bijyanye no gusinzira, mu ndimi z’amahanga babyita Sleep disorders. Umuhanga mu buvuzi…
Israel Mbonyi yongeye gukora igitaramo cy’agatangaza muri BK Arena – AMAFOTO
Israel Mbonyicyambu [Israel Mbonyi] yongeye ku nshuro ya kabiri kuzuza ibihumbi by’abakunzi b’umuziki nyarwanda muri BK Arena bari babukereye mu myambarire y’iminsi mikuru isoza umwaka. Ni mu gitaramo yise Icyambu Live Concert Edition II, cyabaye kuri Noheli y’uyu mwaka wa…
The Ben yagaragaye mu ruhame atambaye impeta hatarashira n’icyumweru akoze ubukwe bitungura benshi – AMAFOTO
Mugisha Benjamin [The Ben] wagaragaye bwa mbere mu ruhame mu gitaramo cya Israel Mbonyi, yatunguranye nta mpeta yambaye nyuma yo gukora ubukwe. Kuwa 25 Ukuboza 2023 ni bwo Israel Mbonyi yakoze igitaramo cy’amateka cyabereye muri BK Arena. Mu bacyitabiriye, harimo…
Abasirikare ba Ukraine bizihije Noheli mu buryo budasanzwe – AMAFOTO
Kuri uyu wa mbere mu gihugu cya Ukraine Abasirikare bacyo, bizihirije umunsi mukuru wa Noheli bari Ku rugamba rutoroshye . Abasirikare ba Ukraine bizihirije umunsi Mukuru wa Noheli bari ku rugamba nyuma y’uko hari hashize imyaka 100 hatizihizwa umunsi Mukuru…