Month: December 2023

Ibimenyetso by’indwara z’umutima, ibyo ugomba kwitondera n’igihe ugomba kwihutira kwa muganga

Share this:

Indwara z’umutima ziratandukanye, ndetse zose ntizivurwa kimwe ariko nyinshi zihuza ibiziranga ndetse n’ibimenyetso. Ni ngombwa kwihutira kwisuzumisha kwa muganga igihe ubonye bimwe mu bimenyetso, kuko bizagufasha kuvurwa vuba ndetse no kwitabwaho hakiri kare. Kumenya ibi bimenyetso bizagufasha gutahura indwara z’umutima…

Share this:

Israel yishe umusirikare ukomeye wa Iran ikoresheje indege

Share this:

Umusirikare wo ku rwego rwo hejuru wa Irani yishwe mu gitero cy’indege bikekwa ko cyakozwe na Israel muri Syria, nk’uko bitangazwa n’ibinyamakuru bya Irani. Seyyed Razi Mousavi yari “umujyanama mu bya gisirikare ukomeye” mu ishami rya gisirikare rya ki-Islam rya…

Share this:

Komisiyo y’amatora muri Congo(CENI) yasabye abaturage ikintu gikomeye

Share this:

Komisiyo yigenga y’amatora muri RDC (CENI) yakomeje kuri uyu wa mbere gutangaza imigendekere y’amatora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza. Hagati aho, umujinya ukomeje kwiyongera mu batavuga rumwe n’ubutegetsi, basaba ko amatora yaseswa kandi akavugururwa. Barahamagarira abaturage gukanguka, cyane…

Share this:

Icyatumye Tshisekedi atorwa cyane mu buryo butari bwitezwe n’abamurwanya cyamenyekanye

Share this:

Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo(Céni) ikomeje gutangaza ibyavuye mu matora ya perezida yo ku ya 20 Ukuboza . CENI iheruka gutangaza ibya mbere byavuye mu matora yakozwe mu bihugu bitanu byo muri diaspora hamwe no ku…

Share this:

DRC: President Felix Tshisekedi has deployed special forces across the country

Share this:

President Felix Tshisekedi has deployed special forces across the country, particularly in areas dominated by supporters of opposition candidates. All opposition candidates have called for this year’s election to be cancelled. President Félix Tshisekedi continues to be the top, both…

Share this:

Tshisekedi yakoze igikorwa gitunguranye mu gihe amajwi akomeje kubarurwa. Uko abandida bakurikiranye by’agateganyo

Share this:

Perezida Felix Tshisekedi yohereje ingabo zidasanzwe mu gihugu hose cyane cyane mu bice byiganjemo abashyigikiye abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwe. Abakandida bose batavuga rumwe n’ubutegetsi basabye ko amatora y’uyu mwaka yaseswa. Perezida Félix Tshisekedi akomeje kuza ku mwanya w’imbere mu…

Share this:

Bethlehem in the dark. What happened to the city where Jesus was born to have no joy on Christmas day?

Share this:

Christmas celebrations were canceled this year, while thousands of pilgrims and pilgrims from around the world crowded Manger Square. “The city is dark, there is no joy, there are no children, there is no Père Noël/Santa. This year there is…

Share this:

I Betelehemu aho Yezu cg Yesu yavukiye bifashe mapfubyi mu gihe ahandi ku isi bari mu birori

Share this:

Kwizihiza Noheli byahagaritswe uyu mwaka, mu gihe ibihumbi n’ibihumbagiza by’abagenzi n’abajya gusenga bavuye mu hirya no hino ku isi buzuraga mu kibuga cyitiriwe Ubwato bw’amavuko ya Yezu/Yesu (Manger Square) nta n’umwe ahari. “Umujyi urijimye, nta munezero, nta bana, nta Père…

Share this:

The Catholic Church in Rwanda has condemned the blessing of the Homosexual couples

Share this:

The Council of Catholic Bishops in Rwanda has issued a statement informing priests, consecrated persons and all Christians that the teachings of the Church on Christian marriage have not changed and that it cannot bless same-sex couples. The Catholic bishops…

Share this:

President Museveni of Uganda has confirmed that he has a good chance of going to heaven

Share this:

President Yoweri Kaguta Museveni of Uganda says that his chances of going to Heaven are high, because he has been good with Ugandans in particular and treated them as his own children. President Museveni said this while speaking to the…

Share this: