Gatsibo: Abana 3 bavukana bafashwe n’indwara z”amayobera. Umubyeyi wabo aratabaza
Umugabo utuye mu karere ka Gatsibo arasaba abagiraneza kumufasha akabasha kwivuza we n’abana be batatu barwaye indwara zamubereye amayobera . Umugabo witwa Mageza Esdras ufite imyaka 43 utuye mu Mudugudu wa Gakiri mu Kagari ka Bukomane mu Murenge wa Gitoki…
Meddy utitabiriye ubukwe bwa The Ben yahishuye impamvu yabimuteye
Kuva ku kujyana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 2010 kugeza ku kuba indirimbo ‘My Vow’ yaciye agahigo yaranditswe na The Ben, ntawiyumvishakaga ukuntu Ngabo Medard Jorbet [Meddy] atagaragaye mu bukwe bw’inshuti ye, baruhanye igihe kinini! Bakuranye mu miziki…
Nyuma y’imyaka 48 afunzwe yagizwe umwere
Inkuru ikomeje kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru byo ku Isi, ni iy’umugabo w’imyaka 71 wagizwe umwere nyuma yo kumara imyaka 48, ukwezi kumwe ndetse n’iminsi 18 afunzwe azira ubusa. Amazina ye yitwa Glynn Simmons, ni umugabo w’umwirabura wamaze igihe kirekire cyane…
The Ben yanyanyagijweho amafaranga asaga miliyoni 3RWF. Zimwe mu mpano zikomeye yahawe
Umuvugabutumwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prophete Joshua Le Voyant yatunguranye mu bukwe bwa The Ben na Pamella abanyanyagizaho amafaranga arenga Miliyoni 1.5 Frw mu rwego rwo kwishimira intambwe yatewe n’aba bombi. Uyu mugabo wavuze mu rurimi…
Nyina wa Miss Pamella yahawe igihembo. Ibyamamare byitabiriye ubukwe bwa The Ben – AMAFOTO
Umubyeyi wibarutse Uwicyeza Pamella yahawe igikombe n’ababyeyi b’inshuti ze, bamushimira uburere n’indangagaciro yatoje umukobwa we warushinze n’umunyamuziki Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu ndirimbo zitsa ku rukundo. Yashyikijwe iki gikombe n’ababyeyi batatu bari bahagarariye abandi mu birori byiza byaranze…
Miss Cadette waguze Imodoka ihenze bakabihuza no kuba yarafashe neza Davido akayimuremera, aciye impaka ibisobanura byose
Umunyarwandakazi Umukundwa Clemence [Cadette] , uri mu bakobwa biyambazwa cyane mu bikorwa byo kwamamaza waninjiye mu bushabitsi bushingiye ku mideli no ku mbuga nkorambaga, yagarutse ku bintu bitandukanye benshi baba bafitiye amatsiko ku buzima bwe, anamara amatsiko abamaze iminsi bibaza ko…
Umuhanzi w’umunyarwanda wujuje Etaje ku Ruyenzi, yatangaje ko igikurikiyeho ari ukurongora
Umuhanzi w’indirimbo za gakondo, Cyusa Ibrahim, ubu ni umwe mu batunze inzu zigeretse mu Rwanda, akaba anitegura gushaka umugore uzaza bakayibanamo ngo kuko ari kuyigiriramo irungu. Cyusa ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu njyana ya gakondo, akunze kuririmba mu misango…
Karongi: Impanuka ikomeye y’igare yahitanye umwe, babiri barakomereka bikabije
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 22 Ukuboboza 2023 ahagana saa Cyenda z’amanywa, mu kagari ka Kibirizi,Umurenge wa Rubengera, Akarere ka Karongi, habereye impanuka y’igare yahitanye umuntu umwe abandi babiri barakomereka. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba,…
Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda nta buryarya
Burya mu rukundo habaho ibintu byinshi bitandukanye kuba umukobwa umusabye urukundo akarukwemerera sibihagije ko wamwizera ngo aragukunda. Hari umukobwa ushobora kugukundira amafaranga cyangwa hari indi nyungu runaka agukeneyeho yamara kuyigeraho agahita akureka. Musore niba ufite umukobwa mukundana dore ibimenyetso bizakwereka…
Osaluwe watijwe muri As Kigali akomeje gukora ibishoboka byose ngo agaruke muri Rayon Sports
Umunya-Nigeria, Raphael Osaluwe watijwe muri AS Kigali arifuza gusubira muri Rayon Sports afitiye amasezerano azarangirana n’uyu mwaka w’imikino. Uyu mukinnyi ukina hagati mu kibuga akomeje kwivumbura aho ari mu Ikipe y’Umujyi, agaragaza ko yifuza gusubira muri Rayon Sports cyane ko…