Imana ibakire mu bayo! Imodoka y’ikipe yakoze impanuka ikomeye, hapfa umukinnyi n’umutoza abandi barakomereka
Amarira n’agahinda ni byose ku bakunzi b’umupira w’amaguru mu gihugu cya Algeria, aho Imodoka y’ikipe ya MC El Bayadh ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere yakoze impanuka umukinnyi n’umutoza bagahiita bapfa naho abandi bakinnyi 11 barakomereka bikabije. Ibi byabaye kuwa Gatatu…
Mr Ibu wamamaye muri Cinema ya Nigeria yaciwe ukuguru
Umukinnyi w’icyamamare muri sinema ya Nigeria, Nollywood, John Okafor, wamamaye nka Mr Ibu yaciwe ukuguru nyuma y’amezi abiri yari amaze ahanganye n’uburwayi bwo kuvura kw’amaraso ku bice by’amaguru. John Okafor w’imyaka 62, byari byatangajwe ko agiye gucibwa amaguru yombi gusa…
Rayon Sports yahaye umugisha umutoza Mohamed Wade ihagarika ibyo gushaka umutoza mushya
Umunya-Mauritania Mohamed Wade utoza Rayon Sports by’agateganyo kuva tariki ya 11 Ukwakira 2023, agiye kugirwa Umutoza mukuru. Mohamed Wade yafashe inshingano zo gutoza Rayon Sports nk’Umutoza Mukuru w’Agateganyo tariki 11 Ukwakira mu mukino w’Umunsi wa Kane wa Shampiyona, Gikundiro yatsinzemo…
Vestine na Dorcas bagiye gutaramira i Bujumbura
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, itsinda ry’abaramyi rizwi nka ‘Vestine na Dorcas’ bari kumwe n’umujyanama wabo akaba n’umunyamakuru, Murindahabi Irene berekeje i Bujumbura. Mbere y’uko bahaguruka i Kigali, Murindahabi yabwiye IGIHE ko aba bahanzikazi biteguye gukorera…
Nyanza: Abakoze 4 ba RAB baguye mu kigega cy’amazi
Abakozi bane b’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) baguye mu kigega cy’amazi (tank) akoreshwa mu kuhira, giherereye mu karere ka Nyanza, mu Murenge wa Kibirizi, Akagari ka Mututu,mu Mudugudu wa Kabeza. Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023…
Kiyovu Sports yaciwe akandi kayabo na FIFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ryategetse Kiyovu Sports kwishyura Umunya-Sudani, John Otenyal Khames Roba uzwi nka John Mano, arenga miliyoni 24 Frw kubera kutubahiriza amasezerano. John Mano yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports muri Kamena 2022 gusa batandukana atayikiniye…
Udushya 7 twaranze amatora ya perezida muri Congo Kinshasa
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 20 Ukuboza 2023, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo habaye amatora y’Umukuru w’Igihugu. Yagombaga gutangira saa moya z’igitondo (ku isaha y’i Kigali) ariko kuri site nyinshi byageze saa tanu igikorwa kitaratangira. Abatora benshi bageze…
Mugunga Yves wandikiye Kiyovu asaba gusesa amasezerano yafatiwe imyanzuro
Ikipe ya Kiyovu Sports yahagaritse rutahizamu wayo, Mugunga Yves, wari wayandikiye asaba gusesa amasezerano bafitanye kubera kutamuhemba amezi atatu no kumuha sheki itazigamiye. Tariki 12 Ukuboza ni bwo Kiyovu Sports yandikiye Mugunga Yves ibaruwa imusaba ibisobanuro nyuma y’iminsi ine atitabira…
Akayabo The Ben yishyuye ku modoka yagenzemo ajya gusaba no gukwa Miss Pamella kamenyekanye
Umushoferi watwaye The Ben mu mudoka ya ‘Barbus’, yatangaje ko ku munsi umwe gusa iyi modoka ikodeshawa amadorali 1,000 ni ukuvuga arenga 1,200,000 Rwf. Ni mu muhango wo gusaba no gukwa wabaye tariki uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023,…
Nyanza: Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe urwagashinyaguro n’umugabo wamuhamagaye ngo amubikurire amafaranga
RIP Mutuyimana Afisa : Umukobwa wari urangije amashuri yisumbuye yishwe n’umugabo urwagashinyaguro. Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Mukingo, humvikanye inkuru mbi ku mwana w’umukobwa wari usoje amashuri y’isumbuye. Uyu mwana w’umukobwa witwa Mutuyimana Afisa uri mu kigero k’imyaka…