Dore uko Kigali iri kugaragara nijoro muri iyi minsi ishyira impera z’umwaka – AMAFOTO
Abagenda ndetse n’abatuye muri Kigali bakomeje gutangarira uburyo uyu murwa warimbishijwe muri iki gihe cy’iminsi mikuru [AMAFOTO] Mu mpera z’umwaka bimaze kuba akamenyero ko imwe mu mihanda n’imiturirwa b’ikigali biba bishashagirana mu rwego rwo kurushaho kugaragaza neza umujyi cyane cyane…
Ibigo by’amashuri biranengwa kuraza abana ijoro kuri uyu munsi wo gutangira ibiruhuko
Ariko nkiri si iyicarubozo ku bana bacu: Bamwe mu babyeyi bari kuvuga ko abana biga bacumbika mu bigo bari guhohoterwa n’ibigo bigaho muri iki gihe cyo gutaha. Ibi byagarutsweho na bamwe mu babyeyi bavuga ko abana bari kurara bataryamye ahubwo…
RDC: Komisiyo y’amatora yatangaje ko yagabweho ibitero birenga ibihumbi 3
Perezida wa komisiyo yigenga y’amatora (CENI), Dénis Kadima, yemeje ko sisitemu ya mudasobwa y’iki kigo yibasiwe n’ibitero 3,244 by’ikoranabuhanga, ku wa kabiri, tariki ya 19 Ukuboza honyine, umunsi umwe mbere y’uko amatora aba. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru bari mu kigo…
Lt Gen Mubarakh Muganga yazamuwe mu ntera ahabawa ipeti risumba ayandi mu ngabo z’u Rwanda. Amateka ye
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yazamuye mu ntera Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, amuha ipeti rya General wuzuye. Kuwa 05 Kamena 2023 nibwo Lt Gen Mubarakah Muganga yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo…
Leta ya Colorado yangiye Donald Trump kongera kwiyamamariza kuyobora US
Urukiko rw’Ikirenga rwa Colorado rwemeje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika,atemerewe kwiyamamariza kongera kwinjira muri White House kubera uruhare yagize mu gitero cyagabwe ku ngoro y’inteko ishinga amategeko,Capitol muri Mutarama 2021. Ibi byakozwe n’abari…
Leta y’u Rwanda yavuze ku gitero Tshisekedi aherutse kwigamba ko ashobora kugaba kuri Kigali yibereye i Goma
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwiteguye ibitero byose byaturuka muri RDC kuko ngo rufite ibikoresho by’ubwirinzi bihagije. Ibi yabitangaje nyuma y’uko Perezida Tshisekedi avuze ko afite ubushobozi bwo kurasa i Kigali mu Rwanda…
Raila Odinga yavuze ku muyobozi wo muri Kenya wibasiye U Rwanda na Perezida Kagame
Umuyobozi w’ihuriro rya Azimio La Umoja, Raila Odinga, yamaganye amagambo atavugwaho rumwe y’Umunyamabanga muri Minisitiri ushinzwe ubwikorezi n’imirimo rusange muri Kenya,Kipchumba Murkomen wumvikanye anenga imiyoborere y’u Rwanda. Murkomen yavugiye mu kiganiro n’Abanyamakuru ku wa mbere ko, Kenya idakwiye kugereranywa n’u…
Abantu bagize ikikango, nyuma y’uko abaturage bigabije inzu y’umuturanyi ku manywa y’ihangu n’amapiki bararimbagura
Mu masaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 19 Ukuboza 2023, ku Ruyenzi mu Murenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi abaturage bigabije igipangu cy’umuturage Nzeyimana Jean baragisenya, bikekwako ari abo mu muryango…
Ubanza barandoze kwambara ubusa munsengere! Jacky wamenyekanye cyane mu kwiyambika ubusa mu ruhame, yemeje ko yazinutswe iyo ngeso atazayisubira ukundi
Mu kiganiro cyatambukaga ku muyoboro wa Youtube uzwi nka XLarge, umunyarwandakazi uzwi ku izina rya Jacky, yasabye imbabazi abanyarwanda bose muri rusange ku bikorwa yiyemereye ko bigayitse yakoze byo kwishyira ku karubanda yiyambitse ubusa, aho yakwirakwizaga amafoto ye yambaye ubusa…
Leta y’u Rwanda yagabanije umusoro ku mazu yo guturamo n’ay’Ubucuruzi
Mu rwego rwo kuzamura ubukungu no korohereza abafite imitungo irimo amazu, guverinoma yatangaje igabanywa ry’imisoro ku mazu. Ku cyumweru, tariki ya 17 Ukuboza, Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Uzziel Ndagijimana, yatangaje aya mavugurura, ubwo yaganiraga na Televiziyo y’u Rwanda. Amazu afite amagorofa…