Umuyobozi wa APR FC yazamuwe mu mapeti
Chairman wa APR FC, RICHARD Karasira ari mu basirikare Perezida Kagame yazamuye mu mapeti aho yavuye ku ipeti rya Lieutenant Colonel agirwa Colonel mu ngabo z’u Rwanda. Richard Karasira, yahawe ipeti rya Colonel nyuma y’imyaka umunani afite irya Lieutenant Colonel….
Muhanga: Ikamyo yacomotseho kontineri isubira inyuma igonga imodoka yari iyikurikiye
Ikamyo yatereraga umusozi yatunguranye ubwo icy’inyuma cyayo gihetse kontineri cyacomokaga, maze gisubira inyuma kigonga imodoka yari inyuma irimo abantu babiri bahise bakomereka. Byabaye ku wa 18 Ukuboza 2023, ubwo iyo kamyo yavaga mu Mujyi wa Kigali yerekeza i Muhanga igacomoka…
Uwase Fiona Wafotowe Amabere Ye Yose Ari Ku Karubanda, Mu Marira N’agahinda
Umunyarwandakazi witwa Uwase Fiona wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ye yagaragaye ari mu gitaramo cya Dany Nanone yizihiwe bikarangira amabere ye agiye ku karubanda ubu byafashe Indi ntera Ni mu mashusho uyu mukobwa ari guta amarira byumvikana ko…
Zari yahishuye icyatumye asiba amafoto y’umugabo we ku mbuga nkoranyambaga
Umuherwekazi utuye muri Afurika y’Epfo ariko uvuka mu gihugu cya Uganda, Zari Hassan, yasobanuye impamvu yasibye amafoto ku mbuga nkoranyambaga y’umugabo we, Shakib Lutaaya. Mu minsi mike ishize, abakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranyambaga bacitse ururondogoro ubwo bajyaga kubona bakabona…
Ese ni ubuhanuzi busohoye? Papa Francis yakoze ikintu abantu batatekerezaga
Kuri uyu wa mbere tariki ya 18 Ukuboza 2023, Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis yemereye abapadiri guha umugisha ababana bahuje ibitsina, ku mpinduka zikomeye mu nyigisho za Vatikani. Ibi bibaye mu gihe ubusanzwe muri Kiiriziya Gatorika,ishyingirwa ryemewe ryari iry’umugabo n’umugore…
Mourinho yakinnye ku mubyima ikipe avuga ko yamubabaje kurusha izindi kuva yatoza
Umutoza Jose Mourinho yongeye kugaragaza agahinda gakomeye yatewe no kwirukanwa na Tottenham aho yayise ikipe ifite ’“icyumba kitarimo igikombe na kimwe.” Nyuma yo kumwirukana habura iminsi mike ngo ayitoze ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Carabao muri Mata 2021,Mourinho ntasiba…
Ntakuryama: Rayon Sports yakoreye abakinnyi ikintu gitunguranye, FERWAFA itangaza igihe kugura abakinnyi bizasubukurirwa
Ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo yitegura imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda mu gihe bamwe mu bafana bari bazi ko abakinnyi bagiye mu kiruhuko. Imyitozo yabereye kuri SKOL Stadium mu Nzove kuri uyu wa Mbere tariki 18 UKUBOZA…
U Rwanda rwungutse aba-General 17 bashya
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare 727 barimo abari ku rwego rw’abajenerali. Abasirikare 4 bari bafite ipeti rya Brigadier General bahawe ipeti rya Major General, Abasirikare 17 bari bafite ipeti rya…
Umusore yavumbuye ko umukobwa bagiye gusezerana yasambanye, amukorera ibyo atazibagirwa ku munsi w’ubukwe bwabo
Mu gihugu cya Nigeria hakomeje kuvugwa inkuru yatumye benshi bacika ururondogoro, aho umusore yahakanye gukora ubukwe ku munsi bwari kuberaho kubera ko yavumbuye ko umukobwa yari agiye gushaka yasambanye n’undi musore mu minsi mike yari ishize. Ubukwe bw’aba bombi bwari…
Yiyamamaza, Tshisekedi yavuze uko azarasa Kigali, Kagame akarara mu Ishyamba, abantu bamuha urw’amenyo
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze amagambo akomeye mu gusoza ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu mugoroba aho yavuze ko “igisirikare cyacu uyu munsi gishobora kurasa i Kigali kiri i Goma”. Mu kwiyamamaza kwe, Tshisekedi yagiye agaruka ku ntambara yo…