Impanuka ikomeye y’iturika ry’ibikomoka kuri Peterori yahitanye abantu umunani
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2023, I Conakry muri Guinea Conakry, habaye impanuka idasanzwe y’akagunguru ka Petelori katuritse, ihitana abantu umunani, ikomeretsa abandi 84. Nyuma y’iyi mpanuka yabaye, Inzego z’umutekano muri iki Gihugu, zavuze ko…
Dore uburyo 5 bworoshye wakoresha ukigarurira burundu umutima w’uwo ukunda
Umuntu uwo ariwe wese ufite umuntu akunda cyane kandi akaba yifuza katamutakaza. Ahorana ikibazo cyo kumenya ikintu nyakuri umukunzi we yishimira ku buryo yajya akimukorera kenshi gashoboka ngo urukundo rwabo rukure. Menya uburyo wakoresha ugatonesha umukunzi wawe binyuze mu ngingo…
Ubwo Moïse Katumbi yiyamamarizaga i Katanga yibasiye bikomeye Tshisekedi bahanganye
Imbere y’abamukunzi be bensi mu ntara ya Katanga yabereye Guverineri, Moïse Katumbi yavuze ko ubutegetsi bwa Tshisekedi bwaranzwe n’ibikorwa bibi bitandukanye bityo buzahabwa ikarita itukura mu matora ari hafi. Ibi Katumbi yabitangaje ku wa gatandatu, tariki ya 16 Ukuboza 2023…
Perezida Ruto yateye utwatsi ubusabe bwa Tshisekedi
Perezida wa Kenya, William Ruto yashwishurije Leta ya RDC yari yasabye ko Corneille Nangaa uherutse gushinga ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Tshisekedi atabwa muri yombi. Ruto yavuze ko adashobora guta muri yombi umuntu amuziza gusohora itangazo. Yabwiye Congo ko niba…
Kim Jong Un yongeye gukanga Amerika
Korea ya Ruguru yarashe igikekwa ko ari igisasu cya misire cyambukiranya imigabane, kikaba cyari icya kabiri kirekuwe mu masaha make. Ibi bibaye nyuma y’inama yahuje abategetsi bashinzwe ingabo ba Korea y’Epfo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu cyumweru gishize…
Bakomeje kwibaza byinshi ku musaza w’imyaka 110 wishe umugore we w’imyaka 109 amuhora guera akabariro
Abantu uruhuri bakomeje kugaragaza ukuntu batunguwe bikomeye no kumva inkuru y’umusaza w’Imyaka 110 y’amavuko wo mu Karere ka Ntungamo muri Uganda, akurikiranweho kwica umugore we, Bakasisa Constansio w’imyaka 109, amuziza ko yanze ko batera akabariro. Ikinyamakuru Chimpreports cyandikira muri icyo…
Muyango witegura kurongorwa na Kimenyi Yves yakorewe ibirori byo gusezera ku Urungano [AMAFOTO]
Uwase Muyango Claudine witegura ubukwe bwe na Kimenyi Yves, yakorewe ibirori bisezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’. Ibi birori byabaye ku mugoroba tariki 16 Ukuboza 2023. Ari kumwe n’inshuti ze za hafi, Muyango Claudine yasomye ubutumwa yandikiwe na Kimenyi Yves…
Dore ibanga ryavumbuwe rituma buri mugore agomba kwihutira guca imyeyo
Guca imyeyo [GUKUNA] ni igikorwa cyakorwaga mu muco nyarwanda ndetse n’ubu kikitabirwa na bamwe mu bakobwa, bikaba byarakorwaga bakurura kimwe mu bice bigize imyanya y’ibanga y’abagore [Imishino], bikaba kandi byarahabwaga agaciro gakomeye bitewe n’umuco. Intandaro yo kubyita guca imyeyo, ni…
Ingabo za EAC ntiziyumvisha uko zakirukanwa zigasiga muri Kivu hari imirwano
Ubuyobozi bw’ingabo z’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EACRF) bwatangaje ko nubwo Leta ya Congo Kinshasa itashimye ko izi ngabo zikomeza akazi ko kubungabunga amahoro mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishimira ko mu gihe bari bahamaze bagerageje guhagarara hagati bigatuma…
Hatangajwe impamvu Indege Ya Kenya Airways Yananiwe Kugwa Ku Kibuga Mpuzamahanga I Kanombe Isubizwa Muri Kenya
Ku munsi w’ejo ku Cyumweru tariki ya 17 Ukuboza 2023, Indege ya Kenya Airways yagombaga kugwa i Kigali ahagana saa mbili za mu gitondo ubwo yari igeze mu kirere cya Kigali igerageza kururuka inshuro ebyiri biranga maze isubira i Nairobi…