Uko wakwikorera umuti wongerera ingufu umugabo mu gutera akabariro(vi****gra) w’umwimerere. Nta ngaruka utera kandi biroroshye
Viagra niwo muti uvura uburemba wabaye gikwira kuko niwo wabanje kugera ku isoko. Viagra ikaba ariyo Sildenafil. Gusa siyo yonyine ikoreshwa mu kuvura uburemba kuko hari na Levitra, Cialis n’indi itandukanye. Nubwo iyi miti ikoreshwa mu kuvura uburemba, ariko hari…
Ese koko mu masohoro y’umugabo habamo Vitamini B12? Ese hari icyo imarira umugore uteye akabariro? Sobanukirwa
Abenshi niba atari twese twakuze twumva iyi B12, initwa kandi Cobalamin. Nubwo nayo tuyisanga mu itsinda rya za vitamini B ariko ifite umwihariko nkuko turi bubibone. Ikenerwa n’umubiri kugirango isukari iwurimo ihindurwemo ingufu bityo bikarinda umunaniro Igirira akamaro kanini urwungano…
M23 yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo gushotorwa na FARDC
Imirwano yubuye hagati ya M23 n’Igisirikare cya Congo (FARDC) kiri gufashwa n’imitwe y’inyeshyamba irimo n’uw’iterabwoba wa FDLR,byatumye uyu mutwe wiyemeza gufata Masisi yose. Nkuko amafoto akomeje gucicikana abyerekana, ibintu bikomeje kuba bibi ku ruhande rwa FARDC ndetse ngo gushotora M23…
Manchester City iyoiboye urutonde rw’amakipe ahenze ku isi muri Ruhago
Ikipe ya Manchester City iyoboye izindi mu kugira ikipe ihenze aho yigaranzuye ibindi bihangange nka Real Madrid na PSG. Iyi Manchester City yigaruriye Ubwongereza mu myaka 5 ishize, yahize andi makipe aho nibura abakinnyi bayo bose ubagurishije wakwinjiza asaga miliyari…
Urukundo ruratangaje: Umubikira yashyingiranwe n’umufurere nyuma yo guhura incuro imwe gusa
Umubikira witwaga Mary Elizabeth yari abayeho nk’umuntu wiyeguriye Imana, utuje kandi ucecetse, mu cyumba cye cyo mu ngoro y’aba Carmelite mu majyaruguru y’Ubwongereza. Ariko guhura rimwe n’uyu mufurere nawe wihaye Imana, byarangiye yakiriye ubutumwa butangaje bugira buti: “Warenga ku itegeko…
Gasabo: Imodoka ya FUSO yakoze impanuka
Imodoka y’ikamyo ya Fuso yamanukaga iva Jabana ahitwa mu Makawa yageze Karuruma igonga abari ku muhanda umwe ahasiga ubuzima, abandi batanu barakomereka. Ibi byabyaye ahagana saa tatu z’igitondo kuri uyu wa 2 Mutarama 2023, ubwo Fuso RAG 586E yamanukaga umuhanda…
Bwa nyuma M23 ihishuye aho ikura intwaro n’izindi nkunga inahishura impamvu RDC ishinja u Rwanda kuyifasha
Umuyobozi w’Igisirikare cy’umutwe wa M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko ibirego bya RDC by’uko u Rwanda rwaba rubaha ubufasha ari ibinyoma Leta y’i Kinshasa yahisemo, mu rwego rwo kwirengera nyuma yo gutsindwa. Gen. Makenga yabitangarije mu kiganiro aheruka gukorera i…
Dore amagambo ababaza abakobwa cyane iyo bayabwiwe n’abakunzi babo
Bimwe mu bibazo ndetse n’amagambo abakobwa badakunda kubwirwa n’abakunzi babo kuko aho kugira icyo byongera mu mibanire yabbo bibasubiza inyuma. 1. Wakundanye n’ abagabo bangahe ? Iki kibazo si ngombwa kukibaza umukobwa mukundana cyangwa umugore wawe, kuko nta mubare w’…
M23 yambuye FARDC n’imitwe bafatanyije imbunda n’amasasu byinshi bamwe bati: “M23 yahawe Ubunani”
Ku mbuga nkoranyambaga hagaragajwe intwaro nyinshi n’amasasu umutwe wa M23 wambuye ingabo za FARDC n’imitwe bafatanyije aho bamwe batebyaga bkavuga ko M23 yahawe ubunani. Nyuma y’imirwano iremereye hagati y’umutwe wa M23 na FARDC iri guterwa ingabo mu bitugu n’imitwe y’inyeshyamba…
Ntibisanzwe: Umugabo ufite uburebure bwa metero 2.80 kandi akaba agikura akomeje gutangaza benshi – AMAFOTO
Ibitaro byo mu majyaruguru ya Ghana byatangaje ko biheruka gupima umugabo w’imyaka 29 witwa Sulemana Abdul Samed bigasanga afite uburebure bwa metero 2 na santimetero 83 kandi ko agikura. Ibi byamugize umugabo muremure kurusha abandi bose ku isi gusa ibi…