Year: 2023

Mu karere ka Kamonyi habereye impanuka ebyiri zikurikiranyije zaguyemo abantu

Share this:

Abantu 5 byamenyekanye ko aribo baguye mu mpanuka y’imodoka yaraye ibereye i Kamonyi aho ikamyo ya Howo yagonze izindi modoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo ikamyo ebyiri zari mu cyerekezo kimwe ziva i Kigali zerekeza mu Ntara y’Amajyepfo, zagonganye ubwo zari…

Share this:

Uko byari byifashe mu birori bya Kigali Boss Babes byitabiriwe na The Ben n’umugore we – AMAFOTO

Share this:

Umunyamuziki Mugisha Benjamin wamenye nka The Ben ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella, ndetse na Ommy Dimpoz bari mu byamamare byitabiriye ibirori bikomeye itsinda rya Kigali Boss Babes bamurikiyemo filime mbarankuru ku buzima bw’abo ibizwi nka “Reality Tv Show”. Ibi…

Share this:

Zari Hassan yakoreye ibirori bikomeye i Kigali – AMAFOTO

Share this:

Zarinah Hassan [Zari The Boss Lady] yakoreye i Kigali ibirori bye byamamaye nka ‘Zari All White Party’. Ibi birori bya Zari byabereye muri The Wave Lounge, byitabiwe n’abasilimu wabonaga ko bari bafitiye amatsiko kubona uyu mutegarugori wigwijeho ibigwi mu myidagaduro…

Share this:

Umuyobozi wa APR FC yavuze kuri Ombolenga uheruka kuvugwaho imyitwarire mibi

Share this:

Chairman wa APR, Col.Richard Karasira yavuze ko mu banyamahanga bane bazanye bazakuramo babiri gusa ndetse ko hari bamwe mu bakinnyi batagiye muri Mapinduzi Cup kubera ko basabye kongererwa iminsi y’ikiruhuko. Yavuze ko abasabye ikiruhuko kiruseho ari Ombolenga Fitina na Thadeo…

Share this:

Leta y’u Rwanda yavuze ku birego bya Perezida Ndayishimiye uyishinja gufasha Red Tabara

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyatangajwe na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ashinja u Rwanda gutera inkunga imitwe irwanya Leta y’u Burundi ikorera mu Burasirazuba bwa DRC. U Rwanda ruvuga ko ntaho ruhuriye n’iyo mitwe. Itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda ryibutsa…

Share this:

Abagore / Abakobwa: Dore ibintu bibi cyane bizakubaho niba urara wambaye ikariso

Share this:

Abakobwa benshi bakunda kurara bambaye amakariso, kandi abahanga bavugako iyo umukobwa cyangwa umugore abikoze buri munsi atari ukuvuga ngo hari impamvu nk’umuntu ari mu mihango, ashobora kugira ingaruka mbi. Inkuru ya media254.com ivuga ko abaganga bavuga ko igits1ina gore gikenera…

Share this:

Ahazarasirwa umwaka 2024 mu mugi wa Kigali hamenyekanye

Share this:

Umujyi wa Kigali watangaje ko ibishashi byo kwishimira umwaka mushya bizaraswa mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza mu 2023, rishyira iryo ku wa 1 Mutarama mu 2024. Ni ibikorwa bizabera ku musozi wa Kigali (Mont Kigali) mu Karere ka…

Share this:

Perezida Ndayishimiye yaciriye iteka ku batinganyi bo mu Burundi

Share this:

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko iby’ibihugu bikomeye bivuga ko abatinganyi bafite uburenganzira bwo kwidegembya, atari byo. Ngo niba hari ababa mu Burundi, bakwiye gushyirwa kuri Stade bagaterwa amabuye. Hari mu kiganiro yahaye abaturage n’abanyamakuru by’umwihariko kuri uyu wa…

Share this:

M23 yahishuye uko izacecekesha imbunda n’amasasu yongeye kuyiraswaho

Share this:

Umuvugizi w’igisirikare cya M23 Willy Ngoma yatangaje ko uyu mutwe witeguye gucecekesha intwaro z’umwanzi bahereye aho zituruka, umwanzi yavugaga akaba ari guverinoma ya Congo n’abancashuro bayo bamaze igihe bahanganye na M23. Yatangaje ibi ashingiye ku bitero igisirikare cya guverinoma ya…

Share this:

Perezida Neva w’Uburundi nawe yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara urwanya Uburundi

Share this:

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi,Ndayishimiye Evariste yemeje ko Leta y’uburundi imaze imyaka ibiri ikora ibiganiro n’u Rwanda kugira ngo rubahe abo mu mutwe w’iterabwoba wa Red Tabara ariko ngo byananiranye. Yakomeje avuga ko uyu munsi ngo nta kindi gisigaye uretse kubereka…

Share this: