Yago watunguye benshi mu gitaramo cye, yahishuye impamvu yahaye ise impano y’ifoto ya perezida Kagame
Ubwo yari mu gitaramo cye cyabaye mu ijoro ryo kuwa Gatanu tariki 22 Ukuboza 2023 muri Camp Kigali, Nyarwaya Innocent wamenyekanye cyane ku izina rya Yago Pon Dat, yakomoje ku mpamvu y’impano yahaye ababyeyi be ko ari urukundo bakunda Perezida…
Ukraine yigambye kurasa indege z’intambara zikomeye z’u Burusiya
Igisirikare cya Ukraine kivuga ko cyahanuye indege eshatu z’intambara z’Uburusiya kuwa gatanu mu majyepfo y’iki gihugu. Izo ndege eshatu zo mu bwoko bwa Su-34 zirasa amabombe, zahanuwe ziri hejuru y’akarere ka Kherson, nk’uko ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zibitangaza….
Bongeye gukozanyaho bakiri mu gihe cy’agahenge! FARDC na M23 bari kwitana ba mwana ku watumye amasezerano y’agahenge atubahirizwa
Kuwa gatanu havuzwe imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta ya DR Congo zifatanyije n’imitwe yiswe Wazalendo barwana n’inyeshyamba za M23 muri teritwari ya Masisi, ni mu gihe agahenge k’ibyumweru bibiri Amerika kari kamaze icyumweru kimwe. Buri ruhande rurashinja urundi ko…
Musanze: Bashatse kuburizamo umubano w’umusore w’imyaka 29 n’umugore wa 50, birangira n’ubundi amurongoye
I Musanze hakomeje kuvugwa inkuru yatumye benshi bacika ururondogoro aho bahamya ko byari agahinda kenshi, ishavu n’akababaro ku muryango w’umusore Semahoro Patrick w’imyaka 29 ubwo yakoranaga amasezerano ya burundu yo kubana n’uwo yihebeye Nyantore Aimée w’imyaka 50 utuye mu gihugu…
Abagera kuri 2,072 binjijwe mu gipolisi cy’u Rwanda nyuma yo gusaza Amasomo [AMAFOTO]
Ishuri rya Polisi rya Gishari ryabereyemo umuhango wo gusoza icyiciro cya 19 cy’amahugurwa y’abapolisi bato 2,072, Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Gasana Alfred ni we wasoje ayo masomo. Abanyeshuri basoje amahugurwa ni 2,072, bagizwe n‘ab‘igitsina gabo 1,645 n’aho ab‘igitsina gore 427….
Imana ibakire mu bayo! Abantu 11 bishwe ubwo bari bitabiriye Ibirori bibanziriza umunsi mukuru wa Noheli
Ku wa Mbere tariki ya 18 Ukuboza 2023, Ni bwo hamenyekanye amakuru avuga ko abantu 11 bari mu birori byo mu rwego rw’idini bibanziriza Noheli (pre-Christmas party), mu Mujyi wa Salvatierra, bapfiriye mu gitero cy’abitwaje intwaro muri Mexique. Ni…
Umugabo wanjye na Mudugudu baranshutse, nsambana n’umukire ngo bamuce amafaranga none byakuruye amakimbirane baranyangaza
Berabose Celine, umuturage wari utuye mu mudugudu w’Ubutarishonga akagari ka Nyagasozi mu murenge wa Bumbogo akarere ka Gasabo arasaba Leta kumurenganura nyuma yuko asohowe mu nzu akanamburwa umwana n’umugabo we bashakanye ku wa Gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2023. Uyu…
Impamvu CG(Rtd) Gasana ufungiwe i Mageragere, yagaragaye mu bukwe bw’umwana we yamenyekanye
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we. Kuva kuri uyu wa Kane, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amakuru avuga ko CG(Rtd) Gasana yababariwe n’urwego rutavuzwe,…
Samusure yakatiwe adahari ategekwa kwishyura ihazabu ya miliyoni 3RWF
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwakatiye Kalisa Ernest uzwi nka Samusure muri sinema nyarwanda, igihano cy’imyaka ibiri isubitse mu gihe cy’umwaka umwe n’ihazabu ya miliyoni eshatu ku cyaha cyo gutanga sheki itazigamiye. Bivuze ko Kalisa atazafungwa ariko agomba kwitwara neza mu…
Imirwano yongeye kubura muri Masisi nyuma y’agahenge kari katanzwe
Imirwano yubuye muri teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi irenga 10. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye…