Birababaje: ababyeyi bishe umukobwa wabo kubera impamvu itangaje
Ababyeyi bo mu gihugu cya Palestine bakatiwe burundu nyuma y’uko bivuganye umwana wabo w’umukobwa wari wanze kurongorwa na mubyara we. UmunyaRwanda niwe wavuze ngo “Ababyara barabyarana” n’ubwo bamwe mu bazobereye ubuzima bw’abantu bavuga ko bitakabaye byiza ko bashakana cyangwa se…
Wasanga nawe ariko ubizi! Dore ibintu 4 abantu bibeshya ku rukundo
Urukundo ni ikintu cy’ingenzi mu buzima kandi buri wese ararukeneye. Gusa abantu bagiye barufata uko rutari, bakarusobanura ukundi ariko bibiliya itanga ibisobanuro bya nyabyo ku cyo urukundo ariko, bigatuma umuntu yabona ibisobanuro bine abantu bahaye urukundo barubeshyera. 1. Urukundo rurabona…
Rayon Sports yakiriye undi rutahizamu w’igikurankota uvuye muri Senegal
Rutahizamu w’umunya-Senegal, Alon Paul Gomis w’imyaka 29 yageze i Kigali. Aje gusinyira Rayon Sports. Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushaka uko yakwiyubaka mbere y’uko itangira igice cya kabiri cya shampiyona aho yazanye undi rutahizamu wa kabiri wiyongera kuri Alseny Camara….
RCS yavuze ku makuru yavugaga ko CG(Rtd) Gasana yarekuwe
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko CG (Rtd) Emmanuel Gasana agifungiye i Mageragere, nyuma y’uko hari ifoto ari mu bukwe bw’umuhungu we yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga. Amakuru yakwiriye ku rubuga nkoranyambaga rwa X rwahoze ari Twitter byavugwaga ko…
Kiliziya Gatulika mu Rwanda yavuze ku byo guha umugisha abatinganyi
Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yasohoye itangazo imenyesha abasaseridoti, abiyeguriye Imana n’abakirisitu bose ko inyigisho za Kiliziya ku gushyingirwa gikirisitu zitahindutse ndetse ko idashobora guha umugisha ababana bahuje ibitsina. Aba bepisikopi Gatolika mu Rwanda batanze ibisobanuro birambuye ku mugisha wahabwa…
Amafoto ya Muyango ugiye kurongorwa na Kimenyi, yatumye abagabo barabya indimi bacika ururondogoro
Amafoto ya Uwase Muyango Claudine witegura ubukwe bwe na Kimenyi Yves, yakorewe ibirori bisezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’, yatumye abagobo bacika ururondogoro kubera uburanga bwe, aho ibirori byabaye ku mugoroba tariki 16 Ukuboza 2023. Ari kumwe n’inshuti ze za…
Byinshi ku bagore 7 bahawe ipeti rya Colonel muri RDF
Hari hashize igihe kinini abagore bafite ipeti ryo hejuru mu Ngabo z’u Rwanda ari ba Lieutenant Colonel ariko ubu, barindwi bagizwe ba Colonel. Amateka agaragaza ko kuva kera, abagore bitangiye u Rwanda baharanira ko ubusugire bwarwo bukomeza kuba nta makemwa….
Ibyo wamenya ku basirikare 4 baherutse kuzamurwa ku ipeti rya Major General muri RDF
Icyumweru cyatangiye kuwa Mbere tariki 18 Ukuboza, cyabaye icy’ibyishimo kuri benshi mu ngabo z’u Rwanda (RDF), dore ko mu minsi itatu gusa abasaga ibihumbi icumi bazamuwe mu ntera. Mu bazamuwe mu ntera ku ikibitiro harimo abasirikare bakuru bane, bari bafite…
Imana ibakire mu bayo! I Nyanza, abakozi bane ba RAB bapfiriye mu cyobo
Kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, abakozi bane bakoraga mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi (RAB) i Mututu, mu murenge wa Kibirizi,ho mu karere ka Nyanza, bakuwe mu cyobo cy’amazi nyuma yo kumaramo amasaha arenga 11 yose baguyemo. Ubuyobozi bwa…
Umukoba wa Samuel Eto’o yamureze mu rukiko
Umukobwa mukuru wa Samuel Eto’o uyobora Ishyirahamwe rya Ruhago muri Cameroun, Annie Eto’o, yajyanye se mu nkiko nyuma yo kugaragaza ko yanze kumurera kandi ari umwana we. Annie w’imyaka 21 yatangiye kurega umubyeyi we agendeye ku bisubizo bya ADN byagaragaje…