Dore indwara 5 zikomeye zandurira mu gusomana
Muri iyi minsi abantu batandukanye basigaye bakunze igikorwa cyo gusomana mu rwego rwo kugaragarizanya amarangamutima ndetse n’urukundo rukomeye hagati y’ abakundana. Ubu buryo nanone busigaye bukoreshwa n’abantu basuhuzanya kubera iterambere ririho mu minsi yanone,hari n’ababyeyi bakunze gusoma abana babo kugira…
Basketball: Uwahoze ari Kapiteni w’Amavubi y’abagore yakoze ubukwe n’umugore mugenzi we
Tierra Monay Henderson wigeze kuba Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’abagore muri Basketball , yasezeranye n’umugore mugenzi we w’umukobwa witwa Amanda Thompson. Ku munsi w’ejo ku wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2024 nibwo aba bombi bari bamaze igihe mu rukundo…
Ntawe usohoka uko yiboneye. FERWAFA yavuze ko Gasogi United itemerewe kwikura mu marushanwa. Biraza kugenda gute?
Umunyamabanga wa FERWAFA,Kalisa Adolphe,yatangaje ko ikipe ya Gasogi United itemerewe kwikura mu marushanwa kubera ko hari amategeko abigenga. Mu kiganiro yagiranye na Fine FM,Bwana Kalisa,yemeje ko nubwo Gasogi United yasabye kuvanwa mu marushanwa ya FERWAFA nyuma yo guseswa itabyemerewe kuko…
The Ben abwiye amagambo akomeye umugore we, Uwicyeza Pamella wizihiza isabukuru ya mbere nyuma yo kurushinga
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga The Ben yifurije isabukuru nziza umugore we Uwicyeza Pamella yanamaze guha akabyiniriro ka ‘Mado’. Iyi n’isabukuru ya Pamella ya mbere kuva yabana n’umuhanzi The Ben nk’umugore n’umugabo nyuma yo gukora ubukwe mu mpera za Ukuboza 2023….
Umuryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi batangaje icyo abantu bifuza kumuherekeza bazitwaza mu mwanya w’indabo
Umuryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi uherutse kwitaba Imana, watangaje ko abifuza guherekeza uwo mukambwe, bateganyaga kuzitwaza indabo zo kumuherekeza bazazisimbuza Bibiliya kuko ari imwe mu ntwaro ikomeye yakundaga akiri muzima. Ibi byagaragajwe ku mugoroba wo kwizihiza ubuzima bwe nyuma yo…
Uburundi bwarunze intwaro zikomeye ku mupaka wabwo n’u Rwanda buvuga ko bwiteguye intambara
Igisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko cyiteguye intambara yashozwa n’u Rwanda. Minisitiri w’Ingabo mu Burundi, Alain Tribert Mutabazi, aremeza ko igisirikare cyongereye ingufu n’ibikoresho by’intambara ku mipaka yose, cyane cyane iyo gihana n’u Rwanda. Minisitiri Alain Tribert Mutabazi yaraye abitangarije I…
Bruce Melody ku rutonde rw’abazatanga ibiganiro muri Rwanda Day. Dore abazatanga ibiganiro bose
Umunyamuziki Bruce Melodie ndetse n’umunya-Nigeria Masai Ujiri washinze Umuryango wa Giants of Africa, bari ku rutonde rw’abantu bazatanga ibiganiro muri Rwanda Day izabera i Washington D.C izitabirwa n’abantu barenga ibihumbi 13. Rwanda Day izaba ku wa Gatanu tariki 2 Gashyantare…
Umunyarwenya Feruje yahishuye ko impano ye ayikomora ku gikomere yakuranye
Nahimana Clemence wamamaye mu rwenya nka Feruje yagarutse ku bikorwa bye amaze kugeraho bikomeye, ariko bimwibutsa ahashize he hamubabaje ariko hakamubyarira kuba uwo ariwe uyu munsi. Feruje wamenyekanye nka Mama Rufonsina muri filime y’umuturanyi, avuga ko ibyo yagezeho byakomotse ku…
Kurangiza vuba si indwara bityo ntukwiye kwihutira kunywa imiti. Dore ibyo ukwiriye gukora
Benshi batekereza ko kurangiza vuba ari uburwayi cyangwa ko ari ingaruko zo kwikinisha kuri bo gusa zimwe mu nzobere bemeza ko ntaho bihuriye. Hari inkuru twagiye twandika tukabafasha kumenya ibiribwa wakwifashisha cyangwa imiti wakoresha ndetse tukabaha n’izindi nama ariko iyo…
Nasambanaga n’abagabo 10 icyarimwe, bakangiraho rimwe – Ubuhamya bwa Uwimana Mariam
Umugore witwa Uwimana Mariamu w’abana 3 ndetse akaba umwizera wo mu Itorero rya Noyoti yatangaje uburyo uburaya yakoze bwamugizeho ingaruka. Uyu mugore watangaje ko yitwa Uwimana Mariamu ufite abana 3 yatangaje ko yabayeho mu buzima bubi cyane ndetse akabaho ababaye…