Month: January 2024

U Burundi bwahinduye imvugo ku magambo Perezida Ndayishimiye aherutse gutangaza ku Rwanda

Share this:

Abategetsi b’u Burundi baravuga ko u Rwanda rwumvise nabi ibyatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye ku gukangurira urubyiruko rw’u Rwanda kwitabira ibikorwa by’akarere. Ngo kwikoma iki gihugu ni ukwanga gukemura ibibazo bihasanzwe. Guverinoma y’u Burundi yihakanye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida…

Share this:

“Ntimugatinye ibitumbaraye[…] igihe kizagera bazamenye ko bakoze ikosa rikomeye” – Perezida Kagame

Share this:

Perezida Kagame yabwiye abanyarwanda ko badakwiriye guterwa ubwoba n’amagambo yavuzwe na Perezida Tshisekedi na mugenzi we Ndayishimiye kuko uwashaka kwambuka imipaka y’u Rwanda yakwishyura igiciro kiremereye. Ibi yabivuze ubwo yatangizaga inama y’Umushyikirano iri kuba ku nshuro ya 19 aho yibukije…

Share this:

AFCON2024: Ibyishimo byatumye Perezida arushanwa n’umuhungu we guha ikipe agahimbazamusyi

Share this:

Ku wa 22 Mutarama, Perezida wa Equatorial Guinea, Teodoro Obiang Nguema Mbatsogo yatangaje ko ku wa kabiri, tariki ya 23 Mutarama ari umunsi w’ikiruhuko mu gihugu hose mu rwego rwo kwishimira intsinzi y’ibitego 4-0 batsinze abakiriye imikino ya nyuma ya…

Share this:

Ghana yirukanye umutoza wasezerewe muri AFCON 2023 ku munota wa 90

Share this:

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ghana ryatangaje ko Chris Hughton yakuwe ku mirimo ye nk’umutoza mukuru w’ikipe nkuru nyuma yo gusebera mu mikino ya AFCON 2023. Ghana yasezerewe rugikubita mu itsinda B yarimo hamwe na Misiri,Cape Verde na Mozambike. Ghana yavuye…

Share this:

Kiyovu: Ndorimana Jean François Régis yeguye nyuma y’amezi 6 atorewe kuba Perezida w’iyi kipe

Share this:

Ndorimana Jean François Régis “Général” yeguye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports nyuma y’amezi atandatu yongeye gutorerwa kuyiyobora. Tariki 16 Nyakanga 2023 nibwo Ndorimana yaramukijwe Kiyovu Sports byemewe n’amategeko nyuma yaho Mvukiyehe Juvénal akuwe ku buyobozi nyuma y’imyaka itatu. Amakuru y’ubwegure…

Share this:

USA yongeye gusaba ko hakorwa iperereza ku matora aheruka kuba muri Congo

Share this:

Nyuma y’uko amatora abaye muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, Ntiyavuzweho rumwe n’inzego zitandukanye cyane ku bari mu bahatana ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Byatumye Amerika isaba bwambere ko hakorwa iperereza n’ubwo yimwe amatwi bikaguma aho kugera Tshisekedi wayatsinze arahiye ko…

Share this:

Dore ibimenyetso warebesha amaso ukamenya ko umukobwa afite amavangingo (amazi) menshi

Share this:

Ubushakashatsi bugaragaza ko mu mibonano mpuzabits1ina, umugore unyara (uzana amavangingo) ari ingenzi cyane, kuko utanyara yandura kandi akanduza indwara zandurira mu mibonano mpuzabits1ina mu buryo bworoshye. Mu mibona1no mpuzabits1ina, usibye no kuba kunyara k’umugore bituma iryoha kurushaho kandi ikagenda neza,…

Share this:

Ni iki gitera kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo?

Share this:

Ikiba kiraje inshinga umugabo/umusore, ni uko umukunzi we anyurwa mu gihe bagiranye imibona1no. Ariko, hari igihe usanga umugabo atagira ubushake mu gihe nk’iki, bityo bikaba byatuma imibona1no idakorwa, cyangwa se ikaba yagenda nabi bitewe n’uko atagumanye ubushake igihe guhagije. Ese…

Share this:

Akamaro ko kurya Tungurusumu mbisi, indwara ivura n’abantu batemerewe kuyirya

Share this:

Tungurusumu benshi bakoresha nk’ibirungo mu mboga zitandukanye, benshi baziko zitekwa gusa, nyamara kuyirya ari mbisi mu gihe cy’amafunguro bigira akamaro kanini mu kurinda indwara zitandukanye. Medical news Today itangaza ko tungurusumu  imaze imyaka ibihumbi ikoreshwa ku Isi yose. Inyandiko zerekana…

Share this:

Abagabo babiri barakekwaho kwica abagore babo

Share this:

Umugabo utuye mu Murenge wa Nyakaliro yaraye akubise Umugore ageze kwa muganga arapfa mu gihe inzego z’umutekano zikomeje gushakisha undi mugabo wo mu karere ka Gisagara nawe wishe umugore we muri iryo joro . Mu ijoro ryo ku Cyumweru Tariki…

Share this: