Kiyovu Sports itorohewe muri iki gihe igiye kongera kujyanwa mu nkiko
Umutoza Petros Koukouras wahoze atoza Kiyovu Sports, agiye kuyijyana mu nkiko nyuma y’uko yanze kumwishyira. Muri Kamena uyu mwaka uyu mwaka, nibwo Koukouras yagizwe umutoza wa Kiyovu Sports ubwo Mvukiyehe Juvenal yari akiri Perezida wayo. Tariki 14 Ugushyingo, nibwo uyu…
Ntibisanzwe: Umusore yamaze iminsi 4 yose afite isasu mu mutwe atabizi
Umunyeshuri wo muri Brazil yamaze iminsi ine ari mu birori atazi ko yarashwe mu mutwe, isasu riri mu bwonko. Mateus Facio, ufite imyaka 21, yatekerezaga ko yatewe ibuye ku mutwe n’umuntu ubwo yari mu birori byo kwizihiza umwaka mushya i…
Abantu 47 bishwe n’umusozi
Ibitangazamakuru bya leta byatangaje ko byibuze abantu 47 bashyinguwe n’inkangu yibasiye igice cya kure mu misozi yo mu majyepfo ashyira iburengerazuba bw’Ubushinwa. Ibiro ntaramakuru by’igihugu Xinhua byatangaje ko abantu babiri byemejwe ko bapfuye nyuma y’inkangu yabaye mu rukerera, mu Ntara…
Karasira Aimable wakoze ibitamenyerewe mbere yo kwinjira mu rukiko yireguye ku byaha aregwa
Mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda kuwa mbere hakomeje urubanza ruregwamo Aimable Karasira aho umushinjacyaha yakomeje gusobanura ibimenyetso bigize ibyaha amurega. Karasira wahoze ari umwalimu wa kaminuza y’u Rwanda ashinjwa ibyaha bitandatu birimo guhakana jenoside, guteza imvururu muri rubanda,…
AFCON2024: Ghana yasezerewe nyuma y’iminota 90 yizeye gukomeza
Ikipe ya Misiri yarokotse by’igitangaza mu itsinda B,nyuma y’aho Ghana irangaye ibitego 2-0 yari yatsinze mu minota 90 ibyishyurwa mu minota 6 y’inyongera. Mozambique yatsinze ibitego bibiri mu minota itatu gusa isezerera Ghana nayo itiretse kuko zombi zagize amanota abiri…
Perezida Ndayishimiye yohereje abasirikare benshi mu ishyamba rya Kibira rihana imbibi n’u Rwanda
Perezida w’u Burundi wiyemeje kuzatanga umusanzu mu guhiruka ubutegetsi bw’u Rwanda,yohereje ingabo ze mu ishyamba rya Kibira ryegereye u Rwanda ku bwinshi. Perezida Ndayishimiye yaraye atangarije urubyiruko rw’i Kinshasa ko ashaka gufasha urubyiruko rw’u Rwanda kuva muri gereza ndetse ashimangira…
SADC na FARDC barwanye inkundura na M23 kuri iki cyumweru
Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) watangaje ku cyumweru ko umunyamabanga wawo Elias Magosi yasuye ingabo zawo zoherejwe mu mirwano muri DR Congo. SADC ivuga ko Magosi – ukomoka muri Botswana – yari yaje “kwishimira no kugenzura…
Blessed Winnie wiruakanwe na Se afite imyaka 10 yashyize hanze indirimbo ye ya mbere -VIDEO
Umutesiwase Wivine yinjiranye mu muziki izina rya Blessed Winnie mu muziki, anahita ashyira hanze indirimbo ye ya mbere yise “Isengesho Ryanjye’’ yakomoye ku buzima yagiye abanamo n’umubyeyi we. Blessed Winnie ni umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana, uvuga ko adateze kubireka…
Yahawe igihano gitangaje nyuma yo gufatwa yiba
Mu gihugu cya Zimbabwe habereye agashya gakomeje kuvugisha benshi, nyuma yo guha umujura igihano cyo kurya inkoko mbisi. Mu gihe uyu mujura yarimo yiba, yaje kugubwa gituma n’abantu nawe ubwe atazi uko bigenze. Nyuma yo gufatwa, umujura ngo yavuze ko…
Gatagara: Ababyeyi 2 barakekwaho kwica umwana wabo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore we bakekwaho icyaha cyo kwica umwana wabo baketseho kubiba amafaranga 10.000 Frw. Ku wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama 2023 ,nibwo umugabo ufite imyaka 28 n’umugore we ufite imyaka 27 batuye…