Perezida Kagame yahishuye igisubizo yahaye uwamubwiye ko Imana yamumutumyeho
Perezida Kagame yatangaje ko hari umuntu waje kumureba amubwira ko Imana yamumutumyeho akamuha ubutumwa yazabwira Imana yongeye kumuvugisha. Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye amasengesho ngarukamwaka yo gusengera igihugu kuri iki cyumweru,Perezida Kagame yagaragarije abari muri uyu muhango ko mu 1996…
Yabaye umusirikare wa mbere wegukanye ikamba rya Miss America – AMAFOTO
Madison Isabella Marsh uri mu basirikare barwanira mu kirere ufite ipeti rya ‘Sous Lieutenant’, ni we wegukanye ikamba rya Miss America mu 2024 ryasojwe mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2024. Marsh wegukanye iri kamba, yari asanganywe irya Miss…
Padiri Ubald yakorewe ishusho nini, abakiristu babuzwa kuyipfukamira
Iyi shusho (ikibumbano) iherereye ku gasozi kiswe ‘Ibanga ry’Amahoro’ mu Murenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi, yatashywe tariki ya 7 Mutarama 2024, nyuma y’imyaka itatu Padiri Ubald yitabye Imana. Musenyeri Sinayobye yasobanuye ko kureba iyi shusho bizajya bifasha abakirisitu kwibuka…
Uburundi bwatangaje ko bwafunze imipaka yo ku butaka gusa, mu kirere hafunguye bunavuga ku barundi bari mu Rwanda Bashaka gutaha
Reta y’Uburundi yatangaje ko inzira zo mu Kirere zifunguye ku Burundi n’Urwanda. Naho ku Barundi imipaka yo hasi yafunzwe bari mu Rwanda, bemerewe gusubira mu Burundi. Kuri uyu wa gatanu ubwo inama nshingamateka y’Uburundi yari iramutse yakira Minisitiri w’ububanyi n’amahanga…
Uburundi bwahishuye icyatumye bufunga umupaka byihuse
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze. Ubwo Minisitiri Shingiro yari…
Musa Esenu yabonye ikipe imuhemba akayabo nyuma yo gutandukana na Rayon Sports
Rutahizamu ukomoka muri Uganda, Musa Esenu,wahoze akinira Rayon Sports,yerekeje mu ikipe nshya yitwa Masafi Al-Junoob SC yo mu cyiciro cya kabiri muri Iraq. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu umaze imyaka 2 muri Rayon Sports, yamaze kumvikana n’ikipe yo mu cyiciro…
KNC yishongoye kuri Rayon Sports nyuma yo kuyitsinda
Abafana ba Gikundiro batangiye umwaka wa 2024 bari mu marira nyuma yo gutsindwa na Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 16 wa shampiyona wabaye ku wa Gatanu, tariki 12 Mutarama 2024, kuri Kigali Pelé Stadium. Muri uyu mukino…
Leta y’u Rwanda yageneye ubutumwa abarundi bari mu Rwanda
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda, yabwiye abarundi bari mu Rwanda ko bakwiye gutuza kuko u Rwanda rutafunze imipaka nk’igihugu cyabo. Mu kiganiro yagiranye na IGIHE,Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze ko Abarundi batuza kuko nta kibazo bazahura…
Kenya: Abacamanza bifatiye ku gahanga perezida Ruto kubera ibyo yatangaje
Ubuyobozi bw’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya, ntibucana uwaka na Perezida William Ruto nyuma y’aho atangaje ko hari ibyemezo by’ubucamanza azajya arengaho. Tariki ya 2 Ukuboza 2023 ni bwo Ruto yatangaje ko hari ibyemezo by’inkiko bitinza gahunda ze zo guteza imbere igihugu,…
Akamaro k’UMWENYA, indwara zivurwa na wo n’uko wawunywa
Ibyatsi bizwi ku izina ry’umwenya bikunze kwimeza mu bice by’icyaro,ni umwe mu miti myiza benshi bakuze bavurishwa,kandi ubarinda indwara nyinshi zifata umubiri byoroshye,nubwo muri iyi minsi ukunze gukoreshwa mu cyayi. Umwenya ni umwe mu miti gakondo ikunze gukoreshwa n’abakecuru,kuko bazi…