Kiyovu Sports yafatiwe ibindi bihano na FIFA mu gihe n’ubusanzwe itorohewe
Ikipe ya Kiyovu Sports yahanishijwe kudasinyisha abakinnyi kubera kutubahiriza amasezerano. Kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mutarama 2024, nibwo impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku Isi FIFA, yandikiye ikipe ya Kiyovu Sports ibamenyesha ko batemerewe gusinyisha umukinnyi n’umwe muri iri soko ry’igura…
Miss Muyango na Kimenyi Yves basezeranye – AMAFOTO
Uwase Muyango Claudine witabiriye irushanwa rya nyampinga w’u Rwanda 2019 na Kimenyi Yves usanzwe ari umunyezamu wa ekipe y’Igihugu Amavubi na AS Kigali basezeranye imbere y’amategeko. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 04 Mutarama 2024, mu Murenge wa…
M. Irene arimo kuvumirwa ku gahera i Burundi nyuma yo gukorerayo igitaramo
Umunyamakuru wo kuri murandasi akaba n’umujyanama w’abahanzi Irene Mulindahabi akomeje guterwa amabuye i Burundi nyuma yo kwitambika abakoresha umuyoboro wa Youtube i Burundi. Irene Mulindahabi witazira akazina ka ’M Irene’ i Burundi akomeje guterwa imijugujugu n’abanyamakuru baho biganjemo abakoresha umuyoboro…
Juvenal wahoze ayobora Kiyovu Sports yareze Ndorimana Jean François Régis uzwi nka Général
Mvukiyehe Juvenal, nyiri ikipe ya Addax yareze umuyobozi wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis, uzwi nka ’Général’ icyaha cyo kwangisha undi rubanda ndetse no guharabika. ’Général’ azitaba Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ku wa Kane, tariki 4 Mutarama…
Uganda: Indege ya gisirikare yahiye irakongoka
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Nyamisingiri mu Ntara ya Kichwamba, muri metero nkeya uvuye ku mupaka w’akarere ka Kabarole na Ntoroko. Abasirikare benshi bahageze, basanze ibisigazwa by’iyi ndege byahindutse ivu. Ubuyobozi bwavuze ko byibuze abantu batatu bapfuye nyuma y’iyi mpanuka…
Burundi: Amagambo ya Perezida Ndayishimiye yatangiye kugira ingaruka ku baturage
Ijambo rya Perezida Ndayishimiye ryatangiye kugira ingaruka ku baturage kuko kuri uyu wa mbere, abagabo babiri bo mu turere twa Musigati na Bubanza, mu ntara ya Bubanza batawe muri yombi na polisi. Abafunzwe ni abahoze ari impunzi mu nkambi zo…
Umuyobozi wungirije wa Hamas yiciwe mu gitero cya Israel
Igisirikare cya Israël cyishe umuyobozi mukuru wungirije w’umutwe wa Hamas ku rwego rwa politiki, Saleh al-Arouri, mu majyepfo y’Umurwa Mukuru wa Liban, Beirut. Israel ishimangira ko iyicwa ry’uyu mutegetsi wa Hamas i Beirut atari igitero kuri Libani, mu gihe abanzi…
Abaturage bafashe abajura amatungo bahita babatwika
Kuwa Gatandatu, abantu babiri bakekwaho kuba abajura b’amatungo bishwe, imirambo yabo itwikwa n’abaturage bo mu mudugudu wa Gakonya mu gace ka Kiharu, mu ntara ya Murang’a muri Kenya. Abaturage bari barakaye babwiye Citizen TV ko bari ku irondo mu gicuku…
Ubuyapani: Abaturage basabwe guhunga ikitaraganya
Ubuyapani bwatanze umuburo ko hashobora kwaduka Tsunami ikomeye nyuma y’umutingito w’igipimo cya 7.6 watigishije igice cyo hagati mu gihugu. Abaturiye inkengero z’inyanja ahitwa Noto muri perefegitura ya Ishikawa basabwe “guhunga ako kanya” bajya hejuru ku misozi, nk’uko televiziyo y’igihugu NHK…
Perezida Kagame yaburiye abashaka gushwanyaguza u Rwanda
Perezida Kagame yavuze ko nta hantu habi u Rwanda rutageze bityo utegura guhungabanya umutekano warwo akarushwanyaguza ariwe bizabaho. Ibi yabivuze mu birori bisoza umwaka we na madamu we batumiyemo abantu batandukanye muri Kigali Convention Center. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze…