Umuvugizi wa Polisi yasubije abibaza impamvu perimi ita agaciro kandi ari impamyabumenyi
Umuvugizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko abantu bakwiye kumenya ko ibijyanye no gutwara ibinyabiziga bijyana n’imiterere y’umuntu ariyo mpamvu Uruhushya rwo gutwara ibinyabizi rurangiza igihe. Mu kiganiro yagiranye na RBA, ACP Boniface Rutikanga, yagarutse kuri byinshi ku bijyanye…
Nyuma yo gushakana n’uwari umukozi wo mu rugo iwabo, ubuzima buraryoshye
Ubwo Dennis Murimi yahuraga na Christine iwabo muri Kenya, yakoraga nk’umukozi wo mu rugo iwabo , aho yafashaga abafundi kubaka. Umubano wabo wahuye n’ikibazo kuva ugitangira, kubera ko ababyeyi be babarwanyije kuko uyu musore yari umukene. Nubwo aba bombi imibereho…
Biravugwa: FARDC yibeshye irasisha Sukhoi-25 abasirikare bayo izi ko ari M23
Amakuru ataremezwa n’uruhande na rumwe aravuga ko ingabo za Congo (FARDC) zimaze kwikora mu nda, ku musozi wa Muremure, ubwo zakoreshaga indege yazo zikarasa abasirikare babo. Umubare utaramenyekana w’ingabo za Congo waguye ku rugamba, kubera ko indege y’intambara yabo ya…
Banze gushyingura umuntu kubera ko atitabiraga gahunda z’umudugudu
Itorero rimwe ry’ahitwa Kisii muri Kenya, ryahatiwe gutabara no gushyingura umugore, nyuma y’aho umurambo we umaze ibyumweru bitatu uryamye mu buruhukiro, abantu baranze kujya kuwufata ngo ushyingurwe. Ibi byabaye nyuma y’uko abaturage bo mu mudugudu wa Mokongonyoni mu gace ka…
AFCON2024: Afurika y’Epfo yirengeje Morocco igera muri 1/4. Uko imikino ya 1/4 iteganyijwe
Ku nshuro ya 7,Afrika y’epfo yageze muri ¼ cy’irangiza cy’igikombe cy’Afrika nyuma yo gusezerera Maroc iyitsinze ibitego 2-0. Bafana Bafana iyi kipe yabaye nziza mu gikombe cy’Isi 2022 ikagera muri 1/2, iyitsinda ibitego 2-0. Igitego cya mbere cya Afurika y’Epfo…
Nyuma yo kuyobora Kiyovu Sports bikanga, Général afashe umwanzuro ukomeye
Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje ko yasezeye ku buyobozi bwa Kiyovu Sports ndetse ko nta gikorwa cy’umupira w’amaguru azongera kwitabira. Mu kiganiro kigufi yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru nyuma y’iminsi 10 asezeye…
Nyirabuja yamusabye kuryamana n’umugabo we abareba arabyanga, ibyakurikiyeho biteye agahinda
Muri iki gitondo nibwo hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hasakaye inkuru iteye agahinda y’uyu mugore witwa Priscilla Wangechi wo mu gace ka muranga muri Kenya yukuntu mabuja we yamusabye kuryamana n’umugabo we abareba yabyanga agafungiranwa aho imbwa Ziba. Nk’uko…
Abasore: Dore uburyo wakoresha ukamenya niba umukobwa ugiye gutereta afite umukunzi cyangwa ntawe
Ubusanzwe biragoye kurebesha amaso yawe ngo uhite ubona ko umukobwa wumva washimye afite umukunzi cyangwa nta mukunzi afite ariho usanga nkawe nku musore uhubutse ukabaza umukobwa Niba nta mukunzi afite. Yego ni byiza kubimubaza ariko burya umuhanga mu gutereta yirinda…
KNC yavuze icyo abantu badakwiye kwitiranya mu iseswa rya Gasogi United
KNC yavuze ko atigeze atangaza ko asheje ikipe kubera ko yatsinzwe ngo na cyane ko ngo byari bimaze iminsi bibaho. Yavuze ko abantu badakwiriye kubyitiranya no gusezera muri Champiyona. Mu kiganiro na Radio Rwanda KNC yavuze ko imikinire yo muri…
Nyuma yo kwamaganirwa kure, Papa Francis yavuze uko guha umugisha abatinganyi bizakorwa muri Afurika
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisco yavuze ko Abasenyeri bo muri Afurika bakwiriye gufatwa mu buryo bwihariye ku kwamagana ingingo yo guha umugisha abatinganyi, ko bazagenda babyumva buhoro buhoro. Mu kiganiro yahaye ikinyamakuru cyo mu Butaliyani, Papa…