Ingabo za SADC zatangiye kota umuriro wa M23
Ingabo za SADC zo mu bihugu bya Afurika y’Epfo, Tanzaniya na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 wazengereje ubutegetsi bwa Tshisekedi, zatangiye gusogongera ku kibatsi cy’umuriro w’abo barwanyi. Ingabo za SADC ziri muri Kivu ya Ruguru, iza…
Dore ibyo wamenya ku muntu ugendeye ku ngendo ye gusa
Buri muntu aho ava akagera aba afite uko avuga, uko agenda, uko aryama, n’ibindi byinshi bimutandukanya n’abandi. Uyu munsi tugiye kureba uko ingendo y’umuntu ishobora kugaragaza byinshi mubimuranga. Mu 1935, Inzobere mubijyane n’imitekerereze ya muntu Welner Wolff mubushakashatsi bwe yagaragaje…
Abasore: Umukobwa mukundana nakubaza kimwe muri ibi bibazo uzamenye yatangiye kukwiyumvamo birenze
Urukundo ni ikintu kiryohera abakundana hagati yabo. Iyo umukobwa atangiye kugukunda cyane, azatangira kukubaza ibibazo bikomeye ariko byiza ku rukundo rwanyu. Dore ibibazo 5 umukobwa azakubaza Niba Koko mukundana: Kubera iki unkunda? Mu gihe ukundana n’umukobwa ariko ntakubaze iki kibazo…
Biratangaje: Umukecuru mbere yo gupfa yaraze imbwa ye asaga miliyari 3RWF ntiyaha n’urutoboye abana be 3
Umugore wo muri Shaghai mu Bushinwa uzwi nka Ms.Liu yahisemo gusigira abana be aho ahubwo asigira amafaranga yose imbwa ye yakundaga cyane. Uyu mugore yatangaje ko iyi mbwa ye yamubaga hafi imyaka yose y’ubuzima bwe kuva arwaye ndetse anapfa imuri…
Abagore: Dore incuro udakwiye kurenza wambara isutiye utarayimesa n’ingaruka mbi zizakubaho niba utabyubahiriza
Abagore benshi cyangwa abakobwa hari ubwo bakunda kwambara amasutiye atameshe bakitwaza akazi cyangwa izindi mpamvu.Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibibazo biba bibategereje. Mu by’ukuri , udufata amabere cyangwa amasutiye ni umwambaro w’abagore Bambara kandi bakawambarira imbere. Isutiye iba yegereye…
Umunsi n’aho nyakwigendera Pasteri Mpyisi Ezra azasezerwaho bwa nyuma byamenyekanye
Umuryango w’umukozi w’Imana Pastor Mpyisi uherutse gupfa , washyize hanze gahunda y’ibikorwa byo kumuherekeza no kumusezeraho bwa nyuma. Nyakwigendera yatabarutse tariki 27 Mutarama 2024 ku munsi wo ku wa Gatandatu ku myaka 102, azashyingurwa ku cyumweru tariki 04 Gashyantare. Nk’uko…
AFCON2024: Cote d’Ivoire yazamutse ku giceri yasezereye Senegal yahabwaga amahirwe yo kwisubiza igikombe
Ikipe y’igihugu ya Cote D’Ivoire yasezereye Senegal ya Sadio Mane mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Afurika cya 2023 Kiri kubera muri Cote D’Ivoire ihita yerekeza muri 1/4. Ni umukino wabaye kuri uyu Wambere saa yine z’ijoro ubera kuri Stade Charles…
Akari ku mutima wa Joan Mugabo wasoje amasomo yo gutwara indege ku myaka 20 y’amavuko
Ku myaka 20 gusa y’amavuko, Mugabo Joan kugeza ubu ni we mupilote muto ukomoka mu Rwanda. Ni nyuma y’uko uyu mukobwa aje mu banyeshuri 20 bamaze imyaka ibiri bahabwa amahugurwa mu ishuri ryigisha ibijyanye no gutwara indege muri Turkiya. Akari…
Mr Ibu wageze aho yibwa n’abana be amafaranga yari agenewe kumuvuza yahishuye ko yarozwe
John Okafor wabaye icyamamare binyuze mu izina yubatse mu gukina filime zirimo n’iz’urwenya muri Nigeria, yanyuze mu bikomeye birimo kurwara igihe kirekire n’ibindi bibazo byinshi birimo guhangana n’abana be bibye imfashanyo yahawe kugira ngo avuzwe. Mr Ibu watanze ibyishimo kuri…
Nyuma y’imyaka isaga ibiri Element ateguje injyana ya Afro Gako yamuritswe Country Records hibazwa byinshi
Inzu itunganya imiziki ya Country Records yamuritse injyana nshya ya ”Afro Gako” nyuma y’imyaka isaga ibiri Element ayiteguje, hibazwa niba uyu musore yibwe cyangwa batoraguye zahabu bakanga ko irengerwa n’icyondo. Muri 2020 ni bwo umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya imiziki,…