Gusesa Gasogi United bigeze he? Amakuru mashya
Umunyemari Kakooza nkuriza Charles, KNC,aherutse gutangaza ko yafashe umwanzuro wo gusesa kipe ye ya Gasogi United,nyuma yo gutsindwa na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona wabaye ku wa 27 Mutarama 2024. KNC ntiyishimiye imisifurire yaranze…
M23 yishe abasirikare b’abarundi bagera kuri 500
Abasirikare b’u Burundi bagera kuri 472 nibo bamaze kumenyekana baguye mu gico batezwe na M23 Imirwano ihanganishije umutwe w’inyeshyamba wa M23 hamwe n’ingabo za Leta ya Congo iy’u Burundi ndetse n’Abasirikare bo mu muryano wa SADC ikomeje gukara, dore ko…
U Rwanda ruzakira igikombe cya Afurika cya 2026
Igihugu cy’u Rwanda nyuma yo kwemezwa nk’igihugu kizakira igikombe cya Afurika cya Handball cya 2026 cyashyikirijwe idarapo nk’ikimenyetso gishimangira ko kizakira iki gikombe. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Mutarama 2024 i Cairo mu Misiri hasojwe imikino y’igikombe cya Afurika…
Impamvu yatumye Xavi Hernandez asezera FC Barcelone yamenyekanye
Umunya Espanye Xavi Hernandez utoza ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko ubwo uyu mwaka w’imikino wa 2023-2024 uzaba urangiye atazakomezanya n’iyi kipe. Ibi byatangajwe nawe kuri uyu wa Gatandatu tariki 27 Mutarama 2024 nyuma y’umukino FC Barcelona yatsinzwemo na Villarreal…
Dore Application usabwa gukura muri Telefone yawe uwo mwanya ugisoma iyi nkuru
Abahanga muri Tekinoligi bagiriye inama abakoresha Telefone kwirinda zimwe muri Application zikoreshwa muri Telephone ( Android ), nyuma yo kubona ko zifite ibizwi nka Maleware byiyangiza. Abahanga bavuga ko hari ibizwi nka ‘Digital Trojan Horses’ byiba amakuru yo muri Telephone…
Ntuziruke ! Dore ibyo usabwa gukora mu gihe uhuye n’imbwa y’inkazi
Mu gihe ugiye mu nzira ugahura n’imbwa ntukiruke kuko bishobora kukubera bibi, Hari ibintu byinshi wakora bishobora kugufasha kuva mu menyo yiyo mbwa. Dore bimwe mubyo ukwiye gukora: Ihagarareho wirinde kuyireba mu maso: Burya iyo uhuye n’imbwa uhita ugira ubwoba…
Nahoze ndi umusore w’amafuti niruka mu bakobwa n’ibindi bibi – Pastor Hubert
Hubert Sugira Hategekimana Umunyarwanda w’inararibonye mumibanire y’ingo n’urushako, yatangaje byinshi mubyaranze ubusore bwe. Pastor Hubert azwiho gutanga inama zifasha abantu kubaka Ingo nziza akoresheje ijambo ry’Imana, Ubumenyi n’ibaruramibare, mukiganiro Yagiranye n’umunyamakuru kuri ‘channel’ ya YouTube yagarutse kubyamuranze akiri umusore. Yagize…
Byinshi ku ndwara ya Gamophobia ishobora no guturuka ku babyeyi ikaba ituma uyirwaye atinya gushaka
Gamophobia ni Indwara itera umuntu ubwoba bwo kugira inshingano cyane cyane gukora ubukwe, benshi mu bayirwaye ntabwo bamara igihe kinini mumubano n’abo bakunda. Nkuko benshi babitangaza, iyi ndwara ikunze kwibasira cyane igitsinagabo kuko Aribo kenshi baba bafite inshingano zo kwita…
Byinshi ku ndwara yarembesheje Celine Dion igatuma asubika ibitaramo
Umuhanzikazi wamamaye ku isi Celine Dion , amaze igihe kitari gito arwaye indwara idafite umuti ndetse n’urukingo nk’uko byemejwe n’uwayikozeho ubushakashatsi. Nyuma yo gufatwa n’iyi ndwara Celine Dion yaharitse ibitaramo byose yari afite maze ajya kwitabwaho anisegura kubafana be. Ubusanzwe…
Boss wanjye yamfashe ku ngufu asanze nkiri isugi atangira… – Ubuhamya bwa Grace
Umukobwa witwa Grace wo mu gihugu cya Kenya yavuze uburyo yahohotewe mo n’uwahoze ari boss we ubwo uwo mu boss we yashwanaga n’umugore we bityo bigatuma umugore we yahukana, aho boss we yamufashe kungufu asanze akiri isugi atangira gukoresha umunwa…