Month: January 2024

Wari uzi ko hari abantu imibu ikunda kurya kurusha abandi? Ikibitera n’icyo wakora niba uri muri aba

Share this:

Ni kenshi uzabona hari abantu bakunze kwibasirwa n’imibu, nyamara hari abandi idashobora kwibasira kandi bari ahantu iri. Ibi bifite igisobanuro n’impamvu 4 zibitera. Hari abibaza impamvu iyi mibu ishobora kurya abantu bamwe abandi ikabareka kandi bari kumwe. Dore zimwe mu…

Share this:

Umugabo wanjye byagezaga nijoro akajya gusambana n’umukozi – Nyirahabimana Bonnette yavuze inkuru ye iteye agahinda

Share this:

Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gerard Mbabazi kuri YouTube channel yitwa Gerard Mbabazi n’ubundi mu kiganiro Inkuru yanjye nibwo uyu mugore yavuze byinshi ku buzima bwe.Uyu mugore yavuze ko umugabo we bamenyanye bahuriye mu isoko agiye gucuruza, ariko umugabo we ngo…

Share this:

Nigeria yabujije Cameroon kugera muri 1/4 cya AFCON 2024

Share this:

Ikipe ya Nigeria yageze muri 1/4 cy’irangiza cy’igikombe cya Afurika nyuma yo gusezerera Cameroon iyitsinze ibitego 2-0 mu mukino wa 1/16. Ibitego byombi bya Ademola Lookman nibyo byagehesheje Nigeria intsinzi mu mukino yayoboye bigaragara. Cameroon yavuye mu matsinda ku kaburembe…

Share this:

Ojera wasaga n’utakibanye neza na Rayon Sports yamaze kugurwa n’indi kipe

Share this:

Rutahizamu usatira aca ku mpande ukomoka muri Uganda,Joachiam Ojera wakiniraga Rayon Sports, yamaze kugurwa n’ikipe yitwa Al Mokawloon Al Arab SC yo mu Misiri. Uyu mukinnyi waherukaga kwitwara nabi muri Rayon Sports, ubwo yatindaga kuva mu biruhuko, yaguzwe ibihumbi 20…

Share this:

KNC yatangaje ko aseshe Gasogi United nyuma yo gutsindwa na As Kigali

Share this:

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC) yatangaje ko guhera uyu munsi aseshe iyi kipe kubera ko atakwihanganira “umwanda uri muri ruhago.” Nyuma yo gutsindwa na AS Kigali igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona, KNC yikomye…

Share this:

Amateka ya Pasiteri Mpyisi Ezra watabarutse n’icyo abantu bazamwibukiraho

Share this:

Pasiteri Ezra Mpyisi, umwe mu nararibonye izwi cyane akaba n’umuvugabutumwa mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa karindwi mu Rwanda, yapfuye afite imyaka 102. Ibinyamakuru birimo na RBA bitangaza ko umuryango wa Pasitoro Mpyisi ari wo “wemeje iyi nkuru y’akababaro”. Ezra Mpyisi…

Share this:

Sinigeze menya ko Pasiterine wanjye yari umutinganyi kugeza igihe yatangiye kunkabakaba ku gitsi1na ! Alice

Share this:

Muri iyi minsi aho ibintu byo kuryamana ku bahuje igitsina byeze, ni nako uyu mugore witwa Alice wo mu gihugu cya Kenya yavuze ubuzima yanyuzemo n’uburyo yaje kumenya ko Pasiteri we yari umutinganyi ubwo yamukabakabaga ku gitsi1na. Uyu mugore yavuze…

Share this:

Mama wa ba bana bonkejwe na Rufonsina muri firime yahishuye byinshi

Share this:

Muri filime the forest ikomeje guca ibintu mu Rwanda no hanze harwo hagaragayemo amashusho aho Rufonsina yonsa abana babiri b’impanga, nyina wabo bana yavuze uburyo se wabo bana yamutaye agakuraho phone. Mu kiganiro bagiranye na Irene Murindahabi kuri YouTube channel…

Share this:

Umugabo wanjye arankubita kandi twubatse neza kuko ari imfura. Impamvu ingo z’ubu zisenyuka ndayibabwira

Share this:

Umugore witwa Jennifer yavuze amagambo akakaye cyane aho yavuze ko abagabo benshi ari imbwa zimoka ndetse aboneraho umwanya wo kuvuga ko umugabo we amukubita ariko ko ngo babanye neza. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Gerard Mbabazi mu kiganiro Inkuru yanjye, uyu…

Share this:

M23 iravugwaho gufunga umuhanda ufitiye akamaro kanini Leta ya RDC

Share this:

Umutwe wa M23 uravugwaho gufunga umuhanda wa Goma-Bukavu.Amakuru aravuga ko ubu M23 iragenzura umuhanda uva Ishasha, umanuka kumusozi wa Muremure. Uyu niwo muhanda umwe rukumbi wafasha Kinshasa kugera muri Goma mu gihe iyindi ari uguca mu kirere,mu nyanja cyangwa mu…

Share this: