Imibare y’abaguye mu mpanuka yabereye mu kiyaga cya Mugesera ikomeje kwiyongera
Imibiri y’abantu 14 ni yo imaze gukurwa mu Kiyaga cya Mugesera mu Karere ka Rwamagana. Ni nyuma yaho ku wa Gatanu ubwato bwari butwaye abaturage 46 burohamye. Abantu 31 ni bo babashije kurokoka. Polisi ishami ryo mu mazi ikomeje gushakisha…
Imirwano ikomeye yahuje M23 na FARDC ndetse na Wazalendo
Imirwano yakomeje kuri uyu wa gatandatu tariki 27 Mutarama hagati ya M23 n’abarwanyi ba “wazalendo” barwana ku ruhande rw’ingabo za leta ya Congo (FARDC). M23 yatangaje ko kuva mu gitondo cya kare, ihuriro ry’ingabo za guverinoma n’abo bafatanyije bagabye ibitero…
Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku myaka 102. Byinshi kuri we
Pasiteri Ezra Mpyisi yitabye Imana ku wa Gatandatu tariki 27 Mutarama, ku myaka 102 y’amavuko. Amakuru y’urupfu rwa Mpyisi yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu biturutse ku makuru nyayo umuryango we watangarije itangazamakuru. Abo mu muryango we wa…
Teta Samantha yakuriwe ingofero mu nama y’umushyikirano benshi bemeza ko asa na Louise Mushikiwabo ndetse azagera ikirenge mu cye
Kuva ku wa 23Mutarama 2024, muri Kigali Conventiom Center habereye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ku nshuro ya 19 ikaba yarasojwe ku wa Gatatu Tariki 24 Mutarama 2024,Teta Samantha akaba ariwe wayoboye ikiganiro cy’Urubyiruko akurirwa ingofero bamwe banamusanisha na Louise Mushikiwabo. Ubusanzwe…
Dore ingaruka mbi cyane 10 zirimo n’indwara ziterwa no kwicara umwanya munini udahaguruka
Hari abantu bakora akazi gatuma bamara umwanya muremure cyane bicaye hamwe nk’abatwara amakamyo yambukiranya imipaka n’abandi benshi, kandi ahanini ntibabone n’umwanya uhagije wo gukora imyitozo ngororamubiri. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu bagera 44.000 bwagaragaje ko umuntu ukora akazi gatuma amara amasaha…
Rwamagana: Impanuka y’ubwato yahitanye abatari bake
Abaturage barenga 40 bari bari mu bwato bwavaga mu mu Murenge wa Rukumberi uherereye mu Karere ka Ngoma bagana mu Murenge wa Karenge wo mu Karere ka Rwamagana, barohamye, abagera kuri batandatu bahasiga ubuzima, 31 barohorwa mu gihe hari abandi…
Gasabo: Umugabo yatwikiye umuryango we mu nzu 4 bahasiga ubuzima
Umuryango w’abantu bane wapfiriye mu nzu wabagamo nyuma y’aho umugabo atwikishije inzu babagamo lisansi. Amakuru avuga ko iyi nzu yatwitswe n’umugabo,nyiri urugo Ibi byabereye mu murenge wa Ndera, mu kagari ka Cyaruzinge mu muduhudu wa Murindi. Flash Radio&TV yavuze ko…
RIP: Abanyeshuri 4 b’abakobwa bajyaga ku ishuri rya GS Muramba, bagonzwe n’imodoka
Abanyeshuri 4 b’abakobwa bajyaga ku ishuri rya GS Muramba riri mu Murenge wa Macuba, Akarere ka Nyamasheke, bagonzwe n’imodoka yo mu bwoko bwa Pick up yari ifite pulake RAA 179 D, umwe ahita yitaba Imana, 3 barakomereka. Ni impanuka yabaye…
Yolo The Queen yahishuye imyaka ye. Benshi barumirwa
Yolo The Queen umwe mu bakobwa bakunzwe cyane ku mbuga nkoranyambaga, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize benshi mu rujijo nyuma yo gutangaza imyaka afite. Yolo the Queen yatangaje ko afite imyaka 39 kandi ko ntapfunwe bimuteye.
Amafaranga azahabwa ikipe izatwara igikombe cy’intwari yamenyekanye
Amafaranga ikipe izahabwa yatwaye igikombe cy’intwari agiye kungana n’ayahabwa iyatwaye igikombe cy’amahoro Ku munsi wejo hashize nibwo ishyirahanwe ry’umupira w’amaguru ryatangaje amafaranga azahabwa ikipe izatwara igikombe cy’intwari. Iki gikombe cyizatagira tariki 28/ 01/2024 ikipe zizatangira zihura ni APR FC izacakirana…