Rusizi: umwarimu yaguwe gitumo arimo gusambanya umwana mu ishyamba
Umwarimu w’imyaka 32 wigisha mu ishuri ribanza rya Mukenke, mu Murenge wa Nkungu, Akarere ka Rusizi, ari mu maboko y’ubuyobozi nyuma yo gufatirwa mu cyuho asambanyiriza umwana w’imyaka 15 mu ishyamba ry’umuturage riri muri uyu murenge. Amakuru ducyesha IMVAHO NSHYA…
Amagambo 10 y’urukundo(imitoma) yatuma umukunzi wawe akwimariramo wese
Kubwira amagambo meza umukobwa mukundana ni bimwe mu bibagarira urukundo rugakura rugatohagira.Hano twaguteguriye amwe mu magambo meza wabwira umukunzi wawe akarushaho kukwegurira umutima we: 1. Mu gihe wumva uri wenyine, ujye ureba hagati y’intoki zawe wibuke ko ariho intoki zanjye…
Gakenke: Abanyeshuri 3 bari ku ishuri bakubiswe n’inkuba
Kuri uyu wa Kane nyuma saa sita abana batatu b’abakobwa bari ku ishuri bakubiswe n’inkuba babajyana kwa muganga. Kuwa Kane tariki ya 25 Mutarama 2024, abana batatu b’abakobwa bakubiswe n’inkuba ubwo barimo gukina ku kigo cy’ishuri bigaho mu Murenge wa…
Biratangaje! Ikigo kiri gutanga asaga Miliyoni 10 Frw ku bazareka gukoresha Telefone ukwezi kose
Kompanyi yitwa Siggi’s Diary ikora ibikomoka ku nka yo mu mujyi wa New York, igiye guhemba abantu 10 bazabasha kumara ukwezi badakoresha telefoni za ‘Smartphones’ mu gihe cy’ukwezi. Bazahabwa ibihumbi 10 by’amadolari($10,000), aya asaga Miliyoni 12 Frw. Ese wowe urebye…
Undi mwana yapfuye bitunguranye ari mu ishuri
Umunyeshuri witwa Nduwayezu Eric wigaga mu wa 5 w’amashuri yisumbuye, kuri G.S Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, mu ma saa munani z’amanywa, ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama, ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku kibaho,…
Igisobanuro cy’izina Liliane ndetse n’uko abaryitwa bitwara
Liliane ubwe ni amayobera kuko adakunda kwiyerekana wese hari uruhande akunda guhisha kugira ngo ashimishe abamukikije. Liliane agira ikinyabupfura ariko ashobora gutungurwa no kutoroherana. Guhorana amarangamutima ntabwo ari umwambaro ukomeye wa Liliane kandi hamwe na we byose biterwa n’igihe, Ariyizera…
Dore bamwe mu byamamare nyarwanda bitabiriye inama y’umushyikirano
Kuri uyu wa 23 Mutarama 2024 mu nyubako ya Kigali Convention Center habereye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yari ihagarariwe na Perezida Paul Kagame. Ni inama yatangiyemo impanuro nyinshi zirimo kwibutsa urubyiruko ko ari umusingi w’iterambere ndetse ko rutekerazwaho n’igihugu. Aba bakobwa…
Hakomeje kwibazwa byinshi ku rupfu rw’umunyeshuri wa Lycée Notre Dame de Citeaux
Urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu Kigo cya Lycée Notre Dame de Citeaux mu Mujyi wa Kigali rukomeje guteza urujijo, nyuma y’ikwirakwira ry’inkuru z’uko yaba yarimwe uruhushya n’ubuyobozi bw’icyo kigo kugira ngo ajye kwivuza, uko kumutindana bikamuviramo kubura ubuzima. Umuvugizi wa Polisi…
Wari uzi ko hariho ‘cotex’ z’abagabo n’ubwo batajya mu mihango nk’abagore?
Ushobora kuba umenyereye ko hari ‘cotex’ z’abagore n’abakobwa bifashisha mu gihe cy’imihango, ukaba wakwibwira ko hatari n’iz’igitsina gabo kuko batayijyamo. Oya! Na zo zirahari. Izi ‘cotex’ zifashishwa cyane n’ab’igitsina gabo bafite uburwayi bushobora gutuma binyarira batabishaka, ufite ubwo burwayi akazifashisha…
Ibitangaje ku muhanzi John B Singleton wakubiswe n’inkuba afite amezi 7
Byiringiro John Singelton, ni umwe mu bahanzi babarizwa mu biganza bya Kina Music ishami ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, wihebeye indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yamurokoye urupfu ubwo yari afite amezi arindwi. Uyu muhanzi avuga ko ubwo…