Month: February 2024

Rayon Sports yazanye umukinnyi w’umudage ngo ayifashe kwitwara neza

Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Gashyantare 2024 mu myitozo y’ikipe ya Rayon Sports y’abagore yagaragayemo umukinnyi w’uruhu rwera bivugwa ko yaje gufatanya urugendo rwa Shampiyona na Gikundiro. Mu gushaka amakuru arambuye kuri uyu mukinnyi, twaje kumenya ko ari…

Minisitiri w’intebe w’Uburundi yavuguruje ibivugwa na Perezida Ndayishimiye ku gitero cya Red-Tabara

Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Lt Gen Gervais Ndirakobuca, yagaragaje ko abarwanyi b’umutwe wa RED-Tabara uheruka kugaba igitero mu Burundi ari abaturage ba kiriya gihugu; bitandukanye n’ibivugwa na Perezida Evariste Ndayishimiye umaze igihe abitirira u Rwanda. Ndirakobuca yabitangaje ku wa Gatatu…

Judith yishongoye cyane ku wamubwiye ko atazabona umugabo

Umuherwekazi Niyonizera Judith wakanyujijeho na Safi Madiba yahaye inkwenene umuntu wamwandikiye ubutumwa amubwira ko atazigera abona umugabo ko nanaramuka amubonye yazamwegera akamugurira agacupa. Uyu mudamu w’umwana umwe yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, yishongora kuri uwo muntu atifuje gutangaza amazina ye,…

M23 yerekeje i Kinshasa – Bati: “Tshisekedi azashiduka tumugezeho”

Umutwe wa M23 uratangaza ko kuri ubu utakigendera ku byari bikubiye mu masezerano yo ku wa 23 Werurwe 2009. Ayo niyo masezerano akomokaho n’izina uyu mutwe ufite n’ubwo kuri ubu abawugize biyunze ku ihuriro rya AFC (Alliance Fleuve Congo). Ibi…

RDF yavuze ku bavuga ko bashobora gushoza intambara ku Rwanda

Igisirikare cy’u Rwanda cyamaze amanga abaturarwanda ko bakwiye kuryama bagasinzira kuko umutekano uhari kandi wuzuye. Byatangajwe n’Umuvugizi wungirije w’Igisiriare cy’u Rwanda (RDF) Lt Col Simon Kabera, mu kiganiro Waramutse Rwanda cya RBA cyo kuri uyu wa Kane.Yasabye abaturage kudahangayikishwa n’abavuga…

Bwa mbere shakib yavuze ku itandukana rye na Zari

Mu ntangiro z’iki cyumweru nibwo hacicikanye amakuru y’itandukana rya Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya ndetse binavugwa ko umuhanzi Diamond Platinumz ariwe ubiri inyuma. Byatangiye gushyuha ubwo hashyirwaga hanze amashusho Zari arikumwe na Diamond bafatanye agatoki ku kandi.Aya mashusho yariye Shakib…

Abagabo: Dore interuro 8 udakwiye kubwira umugore cyangwa umukobwa utereta

Kugira ngo umubano wawe n’umukunzi wawe cyangwa uwo mwashakanye urusheho kuba mwiza, hari amagambo uba ukwiye kwitwararika kumubwira cyane ko abantu n’ubusanzwe batakira ibintu kimwe. Twifashishije ikinyamakuru Lifehack, rwatangaje interuro 8 umugabo wese adakwiye kubwira cyangwa kubaza umugore cyangwa umukobwa…

Abagabo: Dore ibintu 3 ukwiriye kubuza umugore wawe niba ushaka kurambana na we

Inshingano z’umugabo nyawe zirenga kubyara no kurera zikagera ku kwita ku buzima no guharanira ahazaza heza h’umugore. Biroroshye kumenya niba umugabo yita ku nshingano ze nk’umugabo cyangwa niba yigira ntibindeba. Umugabo wirirwa mu gasozi agataha abaza ibiryo nta cyo yakoze…

Abagore: Dore ibintu 15 byagufasha kubana n’umugabo wawe akaramata

Gusobanukirwa umugabo ni urufunguzo rwo kugira umubano mwiza nawe kandi buri mugore wese yifuza kuba mu rukundo rugera ku ntego. Ni ibintu bizwi ko abagabo batekereza bitandukanye n’ibyo abagore bibwira bityo rero kumenya bimwe mu byo umugabo akunda gutekereza ni…

Abakobwa: Dore ibintu 3 utagomba kubwira umusore niba wifuza kurambana na we

Abakobwa bakunze kugwa mu mutego wo kwibwira ko kuvugisha ukuri kuri buri kintu mu gihe batangiye urukundo n’umusore ari byiza, ariko hari ibintu bimwe na bimwe ushobora kuvuga bigatuma umusore agutakariza urukundo. Ntibisobanuye ko ugomba kubeshya ariko hari ibintu bimwe…