Amaraso agenda 96Km ku munsi, burya ngo umuntu ntashobora kwitsamura amaso akanuye, ibintu 25 bitangaje ku mubiri w’umuntu
Umubiri w’umuntu uremye mu buryo butangaje ndetse ufite ibintu byinshi byihariye bitangaje benshi baba batazi. Hari ibintu 25 bitangaje kuri bimwe mu bice by’umubiri w’ikiremwa muntu mu ngero fatizo nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru cyandika ku buzima Medisite mu nyandiko yacyo’ Amazing…
Akamaro ko kunywa nibura ikirahuri cy’amata ku munsi
Amata ni isoko y’intungamubiri zitandukanye zifasha imikorere y’umubiri ndetse akaba kimwe mu binyobwa bikungahaye kuri Poroteyine. Buri binyobwa bigira intungamubiri zitandukanye ndetse bigafasha mu buryo bunyuranye. Ikinyamakuru Times of India cyatangaje impamvu buri wese akwiriye kunywa amata buri munsi nibura…
Amakuru mashya kuri Rutahizamu wa Rayon Sports wavuye mu kibuga yataye ubwenge ku mukino na Musanze FC
Rutahizamu wa Rayon Sports, Rudasingwa Prince,yagonganye na Muhire Anicet ( Gasongo ) wa Musanze FC mu mukino wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium birangira ajyanwe mu bitaro n’Imbangukiragutabara. Iyi mpanuka ikomeye yabaye muri uyu mukino wahuje Rayon Sports na…
Rwanda: Ahantu 226 hagiye kwimurwa abantu byihutirwa nyuma yo gusanga ari mu manegeka
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi ivuga ko yamaze kubarura ahantu 226 hirya no hino mu gihugu hashobora gushyira mu kaga ubuzima bw’abahatuye kubera ibiza. Mu mpera z’ukwezi kwa 3 abahatuye bazaba bahakuwe hirindwa ko imvura y’itumba yabagiraho ingaruka. Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere…
Rusizi: Yirukanwe burundu ku ishuri nyuma yo kwerekana umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin
Umusore w’imyaka 22 wigaga Imibare, Ubutabire n’Ibinyabuzima (MCB) muri Koleji ya Nkanka mu Karere ka Rusizi akaba yiteguraga gukora ikizamini cya Leta, araririra mu myotsi nyuma yo kwirukanwa burundu azira kwerekana umukobwa w’umukunzi we ku itariki 14 Gashyantare ufatwa nk’umunsi…
RDC yababajwe cyane n’amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana n’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yababajwe n’amasezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), y’ubufatanye mu kubyaza umusaruro urwego rw’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro. Aya masezerano yashyizweho umukono tariki ya 19 Gashyantare 2024, agamije…
Guinée: Gen Mamadi Doumbouya arashaka kongera igihe cy’inzibacyuho yari yarahawe
Itsinda rya gisirikare riyobowe na Gen Mamadi Doumbouya ryatangiye kugisha inama no gusaba ibihugu by’inshuti kurishyigikira, hakongerwa igihe inzibacyuho muri Guinée yagombaga kumara. Ikinyamakuru Africa Intelligence cyatangaje ko ubuyobozi bwa Guinée bwifuza kongera umwaka ku gihe ntarengwa bwari bwarahawe n’Umuryango…
Amerika ivuga ko bitayitunguye kuba ikomeje kugorwa no kumvikanisha u Rwanda na RDC
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zitatunguwe no kuba bikomeje kugorana kumvikanisha Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, nyuma y’uko umutwe wa M23 wubuye imirwano. Byatangajwe kuri uyu wa Gatatu n’Umuyobozi wungirije ushinzwe Afurika mu ishami ry’ububanyi n’amahanga…
Makolo yahashuye ko Uburundi bwafunze umupaka kubera ikimwaro
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Madamu Yolande Makolo yavuze ko igisebo cyo gutakaza ingabo nyinshi muri RDC ari cyo cyatumye u Burundi bufata umwanzuro wo gufunga umupaka n’u Rwanda. Ibi Yolande Makolo yabigarutseho mu kiganiro Africa Daily, ubwo yaganiraga n’umunyamakuru…
Ese gukora imibona1no mpuzabitsi1na uri mu mihango ni byiza cyangwa ni bibi?
Ubusanzwe gukora imibona1no mpuzabitsi1na nta gihe biba bitemewe mu gihe cyose abagiye kuyikorana babyiteguye kandi bujuje ibisabwa. Ibisabwa tuvuga hano ni ukuba babyemeranyijeho kandi bujuje imyaka ibibemerera, bitewe n’igihugu barimo kuko biratandukanye muri buri bihugu. Ni ryari utagomba gukora imibona1no…