Abasore: Amabanga 15 yagufasha gutereta umukobwa cyangwa umugore wese wifuza
Hari abasore bagorwa no gutereta bitewe ni isoni cyangwa kudasobanukirwa nuko bigenda cyangwa bajya gutereta bigapfa bataratera umutaru , mu bujyanama bwa buri munsi twaguteguriye uburyo butandukanye bwagaragajwe n’abahanga ndetse natwe twakoreyeho ubushakashatsi ku bantu batandukanye. Burya umugabo wese ashobora…
Byinshi kuri Gombo ifasha abagore gushimisha abagabo mu gihe cy’akabariro bagaca ukubiri no kubaca inyuma
Gombo ni zimwe mu mboga zikoreshwa mu mafunguro atandukanye zikagira akamaro mu bice by’umubiri bitandukanye ariko zikagira umwihariko wo gufasha igitsinagore ku bijyanye n’imyororokere. Iki kiribwa cyahawe izina rya Okra benshi mu banyarwanda bakacyita Gombo, cyakoreshejwe cyane mu bihugu birimo…
Sobanukirwa byinshi ku mirongo iri mu kiganza cyawe ndetse n’icyo ivuze ku buzima bwawe bw’ahazaza
Benshi mu bafite ubuhanga bwo kureba ahazaza h’umuntu bibanda cyane mu kureba mu kiganza cy’uwo bashaka kurebera bagendereye kwita ku mirongo ikirimo.Muri iyi nkuru turaza kurebera hamwe icyo iyo mirongo isobanuye n’impamvu bamwe bagira mu kiganza imirongo 3 abandi bakagira…
Goma: SADC na MONUSCO bikomeje gukaza ubwirinzi no kwitegura igitero cya M23 – AMAFOTO
Ingabo za SADC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo bari gukaza ibirindiro mu mpande zitandukanye zikikije umujyi wa Goma n’umujyi wa Sake kugirango bahangane n’inyeshyamba za M23. Umuvugizi w’ingabo mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye i Goma, Lt Col….
Nangaa yahishuye icyo bagiye gukorera Tshisekedi nyuma yo kwanga imishyikirano
Umuyobozi w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo, avuga ko urugendo rwo kubohora Congo rugikomeje kuko ngo Perezida Tshisekedi yamaze kurenga umurongo utukura ndetse ku buryo akwiye gufungwa . Mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Libre, yavuze ko bitewe n’ubwicanyi,kuvangura amoko,kugoreka inzego…
Abasore: Dore amagambo y’ubwenge wakoresha ureshya umukobwa wakunze
Burya mu buzima busanzwe umuntu ugwa neza ugira amagambo meza biba ntako bias ku bamwumva ariko iyo bigeze ku bakundana biba akarusho bitewe n’uko ashobora gutuma uwari wigunze asagwa n’umunezero bityo amarangamutima akigaragaza. Hari igihe rero umusore ahobora kubona umukobwa…
U Rwanda rwafashe ingamba zikomeye zo guhangana n’indege z’intambara za FARDC
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje amahanga ko yamaze gufata ingamba zo guhangana n’indege z’intambara z’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), mu gihe zaba zirugabyeho ibitero. U Rwanda rwemeje ayo makuru biciye mu itangazo Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yasohoye mu ijoro…
Afurika y’epfo, Uburundi na RDC byahuriye mu nama yo kunoza umugambi wo guhashya M23
Kuri iki Cyumweru mu gitondo, Perezida Félix Tshisekedi na bagenzi be Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo na Jenerali Ndayishimiye w’u Burundi bakoze inama y’ibihugu bitatu i Addis Abeba, muri Ethiopia ku bijyanye no kohereza ingabo za SADC (SAMIDRC) mu burasirazuba…
Dore ibiribwa 10 ugomba kwihata niba ujya ugira ikibazo cyo kurangiza vuba cyangwa kwitwara nabi mu buriri
Nkuko bizwi abahanga mu mirire bagaragaza ko , buri gice cy’umubiri gikenera amafunguro kugirango kirusheho kumererwa neza.|Ni nayo mpamvu usanga abantu bagirwa inama gufata amafunguro runaka ngo bagire ubuzima bwiza. Uretse no kugira ubuzima buzira umuze, hari ibiribwa abagabo barangiza…
FARDC na Wazalendo basubiranyemo bararasana bamwe barapfa
Ubushyamirane hagati y’ingabo za Congo FARDC na Wazalendo bwafashe intera ikomeye. Abasirikare batatu ba FARDC n’abarwanyi babiri ba Wazalendo bapfuye. Ibi byabereye ahitwa Lac-Vert ku Cyumweru tariki ya 18 Gashyantare nk’uko Bwiza ibivuga. Dedesi Mitima uyobora agace imirwano yabereyemo, yavuze…