Month: February 2024

Kylian Mbappe yamaze gusinyira Real Madrid

Ikinyamakuru Marca cyo muri Espagne kiratangaza ko ikipe ya Real Madrid yamaze gusinyisha Kylian Mbappé amasezerano y’imyaka itanu azageza muri 2029 ariko akzatangira mu mwaka w’imikino utaha. Mbappe yamaze gutera umugongo Arsenal na Liverpool zamwifuzaga asinyira ikipe ya Real Madrid…

U Rwanda rwasubije Amerika yarushinje gufasha M23 runamagana imyitwarire ya Leta ya RDC

U Rwanda rwagaragaje ko rutewe impungenge no kuba Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gutesha agaciro amasezerano ya Luanda na Nairobi mu gukemura ibibazo by’umutekano muri icyo gihugu. Itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane rivuga ko DRC ikomeje…

Umugabo wanjye yageze aho ankubitira imbere y’abana agahora anambwira ko azanyica – Agahinda ka Mama Queen

Umugore niwe mutima w’urugo kandi niwe umenya ubuzima bwabarurimo hafi ya bose kuko niwe uhaha mu gihe yahawe iposho n’umugabo we.Uyu mugore yagaragaje ko bayeho nabi cyane , agaragaza ko mu by’ukuri yari agiye gusazwa n’umugabo we. Yaagize ati: ”Igihe…

Hamenyekanye impamvu hari abavuga ko barangije kwiga ubuvuzi ariko ntibabone akazi

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubuvuzi (RBC), Julien M. Niyingabira, yatangaje ko hari abantu 200 bavuga ko barangije mu buvuzi ariko batarahabwa akazi kubera impamvu zirimo gutsindwa ibizamini by’urugaga n’impamyabumenyi bikekwa ko ari impimbano. Ibi uyu…

FARDC yamennye imbunda n’abasirikare i GOMA kugirango bahagarike M23

Igisirikare cya Leta ya RDC aricyo FARDC gifatanyije na FDLR,Abacancuro,Ingabo z’u Burundi na Wazalendo,biravgwa ko basutse intwaro zikomeye i Goma kugira ngo bayirinde gufatwa na M23. Amakuru yagiye hanze kuri uyu wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, avuga ko FARDC…

RDC: Minisitiri w’ingabo yemeje ko FARDC yananiwe kunyeganyeza M23

Mu nama y’abaminisitiri yateranye tariki ya 2 Gashyantare 2024, Minisitiri w’Ingabo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yamenyesheje bagenzi be ko FARDC yakomeje ibikorwa bigamije gukura M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ariko ingufu zabo zananiwe gutsimbura…

Abakirisitu bishe umugabo bashinjaga kubiba amaturo

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu mugabo wo mu gihugu cya Kenya wishwe n’abakirisitu bamuziza kubiba amaturo angana n’ibihumbi bibiri ayakuye mu rusengero. Nkuko byatangajwe na raporo yakozwe, bivugwa ko abo bakiristu bashenguwe cyane…

Hamenyekanye umubano wihariye Shakib Lutaaya yari afitanye n’uwahoze ari umugabo wa Zari: Ivan Ssemwanga

Shakib Lutaaya ni umugabo wa Zari Hassan bakoze ubukwe mu mwaka wa 2023. Uyu mugabo bivugwa ko yabanje kugira indi mibano itandukanye n’abandi bagore nk’uko na Zari Hassan yabanje kugira abandi babana ndetse bakanabyarana. Ivan Don wapfuye , yari yarabyaranye…

Ibintu 6 ukwiye kugira ibanga niba wifuza kubaho neza kandi ukabaho mu mahoro

• Ntukabwire abantu imigambi yawe n’ibyo ushaka gukora ahazaza kuko bamwe muribo bashobora kugerageza kuguhagarika kubigeraho no kuguca intege abandi bakihutira kubigerageza mbere yuko ubikora. • Ntukabwire abantu intege ncye zawe kuko iyo ubabwiye intege ncye zawe bagerageza kugukoresha bitwaje…

Umukinnyi wivumbuye kuri rayon Sports yigiriye mu Barabu

Umukinnyi wivumbuye kuri Rayon Sports yabonye ikipe nshya yo mu barabu Umunya-Sudan ukina ataha izamu, Eid Mugadam Abakar Mugadam yabonye ikipe nshya nyuma y’iminsi ari hano mu Rwanda. Uyu rutahizamu aheruka gutandukana na Rayon Sports nyuma yo kuba ntamwanya wo…