Umugi wa Kigali wateye utwatsi amakipe yayo yugarijwe n’ubukene
Mu gihe amakipe ya AS Kigali mu bagabo n’abagore yiyemeje kutazongera gukora imyitozo kubera kumara amezi menshi badahembwa,Umujyi wa Kigali uravuga ko inkunga uyaha wayitanze bityo nta yandi bazongeraho. Umuyobozi Wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe Ubukungu n’Imibereho y’Abaturage, Urujeni Martine,…
Amagambo ya Perezida Ndayishimiye akomeje kuvugisha benshi
Perezida w’u Burundi amaze iminsi atangaza amagambo atavugwaho rumwe na benshi cyane cyane abanyapolitike batandukanye, abaharanira uburenganzira wa muntu, abaturage be hamwe n’abahanga. Amwe muri ayo majambo, arimo nkayo Prezida Evariste Ndayishimiye ashimangiramo ko “Abarundi bose babaye muri Paradizo, batunze…
Kigali: Abayobozi bakuru b’igihugu bari mu mwiherero w’iminsi 2
Perezida Kagame yatangije umwiherero w’iminsi ibiri w’abagize Guverinoma n’abandi bayobozi bakuru, uri kwibanda ku kugera ku ntego z’Igihugu mu bukungu n’imibereho. Ni umwiherero watangijwe kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Werurwe mu 2024, ku Intare Arena i Rusororo. Witabiriwe n’abayobozi…
Apotre Yongwe yakatiwe igifungo gisubitse
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwemeje ko Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe ko ahamwa n’icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, rumuhanisha igifungo cy’umwaka umwe n’ihazabu y’amafaranga ibihumbi 750Frw. Rwategetse ko igihano yahawe gisubikwa mu gihe cy’umwaka umwe. Ubushinjacyaha bwari…
Ukuri ku mpamyabumenyi byavuzwe ko Dr. Isaac MUNYAKAZI yacuze
Mu minsi ishize nibwo byatangiye kuvugwa ko Dr. Munyakazi Isaac yaba yarakoresheje Impamyabumenyi mpimbano cyangwa kwiha impamyabumenyi yo ku rwego rwa Dogiteri nyamara atarayigiye ngo ayibone mu buryo buboneye. Inkuru yasohotse mu Igihe itariki ya 09/02/2024 ivuga ko iki kinyamakuru…
Aba Gen. ba FRDC, SADC n’Uburundi bahuriye mu nama i Goma. Ni iki kiri bube kuri M23
Abagaba bakuru b’ingabo z’ibihugu byohereje ingabo mu butumwa bw’Ingabo z’Umuryango w’Iterambere w’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo (SADC) muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIRDC) hiyongereyeho u Burundi, bahuriye mu nama I Goma, kuri uyu wa kane. Uwa mbere wakiriwe ku kibuga…
Perezida Putin yaburiye abanyaburayi kutohereza ingabo muri Ukraine anahishura ikizabaho nibabirengaho
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yaraye aburiye ibihugu byo mu burengerazuba bw’isi ko bitahirahira ngo byohereze ingabo muri Ukraine. Ingaruka z’imyanzuro nk’iyi ngo yaba “amahano”, niko avuga. Mu ijambo ry’umwaka yaraye agejeje ku gihugu, Perezida Putin yashinje Uburengerazuba [Uburayi na Amerika]…
Umunyezamu wa Bugesera FC yatawe muri yombi
Umunyezamu Habarurema Gahungu ukinira ikipe ya Bugesera FC yafashwe na Polisi atwaye imodoka yasinze mu mujyi wa Nyamata, nyuma y’ibyishimo byo guhembwa amezi atanu icyarimwe. Habarurema wakiniye Sunrise FC na Police FC arafunze nyuma y’aho afatiwe mu mujyi wa nyamata…