Kigali: Pasiteri yacunze ku jisho abayoboke b’itorero rye agurisha urusengero batabizi
Abayoboke b’Itorero Iriba ry’Ubugingo basengeraga mu rusengero rwubatse mu karere ka Gasabo mu murenge wa Bumbogo mu udugudu wa Ruraza, baratabaza nyuma y’uko Pasiteri wabo abaciye mu rihumye akagurisha urwo rusengero basengeragamo. Abo bayoboke b’iri torero, bavuga ko muri 2014…
Rwamagana: Umugabo yagiye gusambana n’umugore w’abandi ahura n’uruva gusenya
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, Nibwo mu rugo ruherereye mu Mudugudu w’Urugwiza, Akagari ka Binunga mu Murenge wa Munyiginya, Akarere ka Rwamagana, hatemewe umugabo wari waje gusambanya umugore wo muri urwo rugo. Abaturage bavuze…
Abasore: Dore ibimenyetso 10 byizewe byakwereka ko umukobwa yagukunze ndetse ko watera intambwe ukamusaba urukundo
Gukunda no gukundwa ni ibintu byizana, kandi ntawe bitabaho muri iyisi dutuyeho, yaba ashaje cyangwa ari muto. Gusa ikigora ni ukumenya ugukunda koko bya nyabyo….Bityo hano twabahitiyemo bimwe mu bimenyetso bigera ku 10 bizereka umuhungu umukobwa wamukunze. 1. Inseko Umukobwa…
Abakobwa: Dore abasore 5 ugomba kwirinda gukundana na bo
Benshi bavuga ko amaso akunda atabona neza nk’uko umuhanzi nyakwigendera Matata Christophe yabiririmbye. Nubwo ariko bimeze gutya hari abasore umukobwa aba akwiriye kwirinda mu rukundo cyane cyane uruganisha ku gushinga urugo. Aba nibo basore 7 umukobwa aba akwiriye kwitondera byaba…
Inkomoko n’igisobanuro cy’izina Providence n’uko abaryitwa bitwara
Akenshi usanga abantu bitwa amazina y’amanyamahanga bakunze kuba batazi aho akomoka cyangwa icyo asobanura. Ni muri urwo rwego InyaRwanda ibafasha gusobanukirwa amwe muri yo ndetse n’imiterere ikunze kuranga abantu bayitwa. Ubundi ahanini nk’uko ubushakashatsi bwagiye bubyerekana, ngo usanga izina ry’umuntu…
Dore ibintu 5 abagabo benshi batazi byangiza intangangabo mu buryo bukomeye bikaba byanatera ubugumba
Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara, bugaragaza ko ku bantu babana byemewe n’amategeko bagera ku kigero cya 15% bagira ibibazo byo kubura urubyaro kubera ko usanga intanga z’abagabo zarangirijwe no gukoresha ibintu bizangiza. Ibi bibazo bigenda biba imbogamizi, byatumye abashakashatsi bo muri kaminuza…
Ukraire mu nzira yo gutsindwa urugamba nyuma yo kubura intwaro no gutakaza morale kw’abasirikare bayo
Ukraine ikomeje gutabaza u Burengerazuba bw’isi ngo buyihe amasasu n’uburyo bwo kurinda ikirere kuko bashiriwe bakaba batakibasha kwirinda. Ubu busabe Perezida Zelensky abubyukije nyuma y’uko misile eshatu ingabo z’u Burusiya zarashe zahitanye abantu 20 mu gace ka Chernihiv ko mu…
Igikombe cy’Amahoro: Bugesera yatsinze Rayon Sports muri 1/2 iyitezamo umwiryane
Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, abafana banga gukomera amashyi abakinnyi ndetse na Perezida wayo ataha kare. Igitego cya Ssentongo Farouk Ssentongo Saifi nicyo cyafashije Bugesera FC gutsindira Rayon Sports iwayo…
Nyuma y’amasaha make akoze ubukwe, umugeni yaguye muri pisine arapfa
Umugeni wari umaze amasaha make ashyingiwe, yapfiriye mu kwezi kwa buki yari agiyemo mu mpera z’icyumweru gishize, nyuma yo kunyerera akagwa muri pisine. Ibi bintu bibabaje byabaye ku cyumweru nyuma ya saa sita ku nzu iri mu mujyi wa Limeira…
Arsenal yasezerewe naho Real Madrid ibabaza bikomeye Manchester City
Ikipe ya Arsenal yasezerewe mu gikombe cya UEFA Champions League nyuma yo gutsindwa na Bayern Munich igitego 10 mu mukino wo kwishyura wa 1/4, wabereye kuri Allianz Arena. Nyuma yo kwirangaraho ikanganya na Bayern ibitego 2-2 mu rugo,Arsenal yatsindiwe mu…