Umunyamakuru M. Irene yamaze kwimukira muri Canada. hakomeje kwibazwa uko bizagendekera Vestine na Dorcas yari asanzwe afasha
Umunyamakuru Murindahabi Irene wamenyekanye nka M. Irene uzwi mu ishami ry’imyidagaduro mu gufasha abahanzi barimo nka Vestine na Dorcas, akaba yaranamamaye kuri YouTube binyuze kuri shene ye yitwa MIE Empire, yimukiye muri Canada. Aya makuru akijya hanze byatumye abantu benshi…
Muhanga: Abaturage ntibavuga rumwe n’ubuyobozi bw’akarere kabategetse kurandura ibishyimbo byabo biteze
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga ko Ubuyobozi bw’Inzego z’ibanze bwabategetse kurandura ibishyimbo biteze bubabwira ko imirimo yo kubaka ikibuga cy’umupira w’amaguru igiye gutangira. Abo baturage bavuga ko batijwe ubutaka n’Akarere ka Muhanga bwo…
Uzandongora? cyangwa ni ukunkoresha gusa? Zuchu yakije umuriro kuri Diamond
Mu gitaramo bakoreye i Pangani, umuhanzikazi Zuchu ku rubyiniro yabajije Diamond gahunda amufiteho niba afite gahunda yo kumushyira mu rugo cyangwa arimo amukoresha gusa. Mu ijoro ryakeye, mu gace ka Pangani gaherereye muri Tanga habereye igitaramo mbaturamugabo cyahuje abahanzi barimo…
Inkomoko n’Igisobanuro cy’izina Kelia n’uko abaryitwa bitwara
Kelia ni izina ry’umukobwa rifite inkomoko muri Brazil no mu rurimi rw’Igiheburayo, rikaba risobanura ‘umurwa’ cyangwa se ‘umuntu uhuza imiryango.’ Mu migenzo ya Giheburayo, ijambo ‘umurwa/inyubako ndende’ ryakoreshwaga bashaka kuvuga igihome kinini kiri mu mujyi ukikijwe n’inkike. Iri zina ryakoreshejwe…
Dore ibyo ugomba kwirinda gukora mbere na nyuma yo gutera akabariro
Kubonana kw’abashakanye cyangwa abakundana kwiza ni kumwe kurangwa n’urukundo. Ibikorwa mbere na nyuma yo gutera akabariro bigira uruhare runini ku buzima bw’imyororokere yanyu, niyo mpamvu ukwiye kumenya ibyo ukwiye n’ibyo udakwiye gukora yaba mbere na nyuma yo kubonana n’urukundo rw’ubuzima…
Yigeze kwamburwa na Perezida w’Uburundi: Amateka ya Rujugiro watabarutse ku myaka 82
Tribert Rujugiro Ayabatwa wari mu baherwe ba mbere muri Afurika bakuye agatubutse mu Nganda z’Itabi, yitabye Imana ku myaka 82 akaba yaranyuze mu buzima butoroshye burimo kuriganywa utwe na Perezida w’u Burundi. Tribert Rujugiro Ayabatwa yari umunyenganda akanagira ibikorwa bindi…
Igikombe cy’Amahoro: Uko byari byifashe mu mukino wa mbere wa 1/2 Gasogi United yatsinzemo Police FC – Amafoto
kipe ya Police FC yatsinzwe na Gasogi United igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro. Police FC yakiriye Gasogi United mu mukino ubanza wa kimwe cya kabiri mu gikombe cy’Amahoro mu mukino wabaye ku mugoroba wo kuri uyu …
EUFA Champions League: Paris Saint Germain ya Mbappe yakatishije itike ya 1/2 bigoranye
Ikipe ya Paris Saint-Germain yasubiranye inyuma FC Barcelona iyitsinda mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya UEFA Champions League iyitsindira ku kibuga cyayo Estadio Olimpico Lluis Companys ihita ikatisha itike ya 1/2. Uko umukino wagenze umunota ku munota: Muri 1/2…
Ni we wenyine wihariye aka gahigo ku isi: Amateka ya Graça Simbine Machel washyingiranwe n’Abaperezida 2 b’igihugu bitandukanye
Umunyapolitiki ukomoka muri Mozambique, Graça Machel, ni we mugore umwe rukumbi mu mateka waciye agahigo ko gushyingiranwa n’abakuru b’ibihugu bibiri bitandukanye, Mozambique n’Afurika y’Epfo. Graça ni umunyapolitiki umaze kubaka izina mu gihugu cye no ku mugabane wa Afurika dore ko…
Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko urukundo urimo rutazaramba
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Ikigaragaza urukundo rudafatika ni uko uyu munsi ruba rushyushye ariko umunsi ukurikiyeho ugasanga…