Diane Rwigara ushaka kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda yabuze ibyangombwa bibiri
Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye gusa abura ibyangombwa bibiri. Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza…
Nyuma yo kubura ibyangombwa bisabwa uwashakaga gutanga kandidature yabuze itike imusubiza mu rugo
Uwitwa Twagirayezu Bertin wo mu karere ka Kamonyi washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’ubudepite, ngo yabuze ibyangombwa hafi ya byose bisabwa uwiyamamaza. Uyu uretse kubura ibyangombwa ngo yabuze itike imusubiza mu rugo bityo ngo arasaba icumbi mu Gatsata abe…
Ndimbati amennye ibanga rya Fridaus kubera ibyo yatangaje
Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustapha uzwi nka Ndimbati, yasubije Kabahizi Fridaus babyaranye abana babiri b’impanga, uherutse kuvuga ko Ndimbati yongeye kumusaba ko baryamana kugira ngo amuhe amafaranga yo kumufasha kurera abana ni nyuma y’uko yakomeje kuvuga ko abantu batagira urukundo…
Biravugwa ko M23 yishe abasirikare benshi ba FARDC ifata uduce twinshi
Umujyi wa Kanyabayonga wamaze kugotwa na M23,bivugwa ko abasirikare ba FARDC 234 biciwe mu mirwano i Mirangi,Kyagara na Birundure Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi mu bya gisirikare Lt.Col Willy Ngoma mu kiganiro yagiranye na Rwandatribune dukesha iyi nkuru. Umunyamakuru ukomeye muri…
Urukiko rwagabanyirije ibihano Barikana wahoze ari umudepite wafatanwe intwaro
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije Barikana Eugène icyaha cyo gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko rumuhanisha gutanga ihazabu y’ibihumbi 500 Frw. Mu isomwa ry’uru rubanza kuri uyu wa 29 Gicurasi 2024, Urukiko rwatangaje ko rwasanze Barikana agomba guhanwa ariko akagabanyirizwa…
Barafinda wongeye gutanga Kandidature ku mwanya wa Perezida yavuze ikintu gitangaje azakora naramuka atowe
Barafinda Sekikubo Fred yavuze impamvu yatumye yongeye gushaka kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ari uko afite ibintu 200 ashaka gukorera abanyarwanda biri muri Manifesto yateguye. Barafinda Sekikubo Fred wigeze kwiyamamaza k’umwanya w’Umukuru w’Igihugu mu 2017 yongeye gushyikiriza Komisiyo y’Igihuhu y’Amatora kandidatire…
Umuhanzi yatanze kandidatire yo kuyobora u Rwanda
Umwarimu ubifatanya n’ubuhanzi mu njyana ya Hip Hop, Habimana Thomas uzwi nka Thomson, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye nk’umukandida wigenga ku mwanya wa Perezida mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Habimana Thomas yakiriwe na Perezida wa Komisiyo…
Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije
Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur…
Nisanze ndi mu rukundo na musaza wanjye none byananiye kumwikuramo – Ndagisha inama
Jye na musaza wajye muto turamenyeranye cyane,Musaza wajye afite imyaka 18 y’amavuko naho jye mfite imyaka 20 y’amavuko ariko ubu ndabona iby’urukundo rwajye kuri we ndabona ruri kugurumana muri jye. Ndabizi nimbabwira ibi abenshi muragira ngo ni ikinyoma gusa mwumve…
Umuyobozi w’abanyerondo akurikiranyweho kwivugana nyina babanaga benshi batangazwa n’ibyasanzwe ku murambo we aho arara
Umugabo w’imyaka 48 usanzwe ukuriye irondo yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho kwica nyina w’imyaka 95 y’amavuko banabanaga mu rugo. Uyu mugabo asanzwe akuriye irondo mu Mudugudu wa Rugarama mu kagari ka Nyaruhombo mu Murenge wa Rwaniro mu…