Amakosa 9 abantu bakora igihe cyo koga mu gitondo batazi ko byabakururira ibyago birimo n’urupfu
Dore amakosa 9 asanzwe abantu bakora mugihe cyo kwiyuhagira kandi ashobora kubagiraho ingaruka zikomeye by’umwihariko Ku buzima bwabo mu buryo batazi: 1. Gukoresha amazi ashyushye cyane: Amazi ashyushye ashobora kwambura amavuta karemano y’uruhu, biganisha ku gukama no kurakara. 2. Gukoresha…
Niba ukunda kubyuka kenshi nijoro nta kabuza urwaye indwara ya Nocturia. Sobanukirwa byinshi kuri yo
Kuba umuntu yabyuka buri ijoro hagati akajya kunyara , bibangamira ubuzima bwe by’umwihariko umudendezo we wo kuba yasinzira neza , agashira umunaniro aba yirirwanye mu kazi ke ka buri munsi. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe byinshi kundwara ituma habaho…
Kuva taliki ya 6 Gicurasi, abantu batangira gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga hifashishijwe ikoranabuhanga
Ibinyujije mu ishami ryayo rishinzwe ibizamini n’impushya zo gutwara ibinyabiziga, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuva ku ya 6 Gicurasi 2024, ikigo cya Busanza gihereye mu Mujyi wa Kigali kizatangira kwakira abashaka gukorera izo mpushya, ‘Permis’. Kuri uyu wa Kane…
Ruhango: Umwarimu ushinjwa gusambanya abana babiri b’abakobwa icyarimwe akanabarira ibiraha yakatiwe. Uko iburanisha ryagenze
Urukiko rw’ibanze rwa Ruhango rwafashe icyemezo ko umwarimu ukekwaho gusambanya abana babiri, akarya n’amasambusa (ibiraha) bari baguze akwiye gukurikiranwa afunzwe by’agateganyo. Ruriya rukiko rw’ibanze rwa Ruhango rufashe icyemezo nyuma yaho umwarimu Thomas Ntivuguruzwa aburanye ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku cyaha cyo…
Polisi y’u Rwanda yarashe mu kico abagabo 2 bakekwagaho kwica umwe mu bakozi b’umurenge wa Remera wo mu karere ka Gasabo
Abantu babiri bacyekwagaho ubujura no kwica Ndamyimana Elyse wari Noteri w’Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo, barashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ubwo bageragezaga gutoroka inzego z’umutekano mu gihe bari bagiye kwerekana abo bakoranaga bahita bapfa. Aba…
Abagabo: Dore ibimenyetso byakwereka ko umugore wawe aguca inyuma mu ibanga rikomeye
Ubundi kera byabagaho gake kumva umugore uca inyuma umugabo we, ariko muri iki gihe nabyo byabaye ibintu bisanzwe; akenshi iyo umugore wawe aguca inyuma, hari ibintu byinshi bihinduka kuri we ndetse no mu rugo. Uburyo bwo gucana inyuma buri mu…
Ubwongereza: Abimukira bagomba koherezwa mu Rwanda batangiye gufatwa
Abategetsi b’u Bwongereza batangiye gufunga abimukira mu rwego rwo kwitegura koherezwa mu Rwanda mu byumweru icyenda cyangwa 11 biri imbere, nk’uko guverinoma yabitangaje kuri uyu wa Gatatu, ishyira urufatiro kuri politiki yo kugenzura abinjira n’abasohoka ya Minisitiri w’intebe Rishi Sunak….
Perezida Ndayishimiye yashinje Abarundi kuba ari bo bitera ubukene bukabije bubugarije
Perezida Evaliste Ndayishimiye yavuze ko intandaro y’ubukene bukabije bwugarije igihugu cy’u Burundi bikomoka ku bunebwe bw’abanyagihugu no kubayobozi bamwe badakunda igihugu. Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye yabitangarije mu Ntara ya Kayanza ubwo yari yitabiriye umuhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga…
Umusore w’imyaka 19 yashukashutse mushik iwe w’imyaka 14 ngo bakundane birangira amuteye inda
Umuhungu w’imyaka 19 yahamijwe icyaha cyo gukundana no gutera inda mushiki we w’imyaka 14 muri Zimbabwe. Umusore w’imyaka 19 yagejejwe imbere y’umucamanza mu rukiko rwa Mutawatawa ashinjwa kuryamana na mushiki we w’imyaka 14 i Uzumba, muri Zimbabwe. Uyu musore yagejejwe…
5 Job Positions of Executive Secretary at Kayonza District Under Statute : Deadline: May 7, 2024
Job responsibilities Perform daily duties of the Cell administration and monitor the administration of Villages and produce reports thereof; Follow up, in collaboration with relevant organs, on the security of people and their property in the Cell; Coordinate community development…